Hashize igihe kirenga amezi atatu umuhanzi Kibikiratorwa Radjabu wamenyekaniye cyane mu itsinda rya Just Family ku izina rya Croidja atagaragara mu mujyi wa Kigali.
Zimwe mu nshuti ze zivuga ko yaba ari muri Tanzaniya, izindi zikavuga ko ari mu Burundi naho izindi zikavuga ko ngo yaba ari muri Afurika y’Epfo.
Amakuru ahwihwiswa na zimwe mu nshuti ze za hafi ni uko ngo Croidja ashobora kuba yarahawe ibyangombwa byo kujya hanze nk’Umunyarwanda nuko nyuma akaza gukurikiranwa akabyamburwa (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > newinafrobeat
newinafrobeat
Articles
-
Umwe mu bahanzi b’itsinda Just Family yaburiwe irengero
21 May 2013 -
Iteranamagambo hagati y’abahanzi Kamichi na Mico
10 June 2013, by Dean IrakAbahanzi Kamichi na Mico baragaragaza kutumvikana no gushwanira ubuyobozi mu njyana ya Afrobeat bahuriyeho bombi.
Ibi byagaragariye mu gitaramo cya PGGSS III giheruka kubera kuri uyu wa Gatandatu mu Karere ka Ngoma aho Mico yavuze ko ari ’Umwami w’injyana ya Afrobeat’ Kamichi nawe akamusubiza avuga ko ari ‘Umwami w’abami’ muri iyo njyana.
Mico yabwiye IGIHE ko yavuze ayo magambo ashaka gusobanura ko muri iki gihe yumva ari we muhanzi ukora injyana ya Afrobeat igezweho neza kurusha abandi (…) -
Ricky Password agiye kuzenguruka u Rwanda ataramira abakunzi be
6 June 2013, by Rutaganda JoelNyuma y’aho Ricky Password asanze agomba kurushaho kumenyekanisha ibihangano bye, ndetse no kwegera abakunzi be muri rusange agiye kuzenguruka u Rwanda ataramira abakunzi b’ibihangano bye, muri ibyo bitaramo ateganya gukora icya mbere kizahera i Rwamagana ku itariki ya 8 Kamena 2013.
Ricky Password ntazakora ibyo bitaramo wenyine, kuko azaba ari kumwe n’umwe mu bahanzi barimo kuzamukana imbaraga muri muzika uzwi kuizina rya Sacha Kat ndetse na Kid Gaju umwe mu basore ubarizwa mu itsinda (…) -
Massamba yarangije indirimbo yakiwe muri Rwanda Day
12 June 2013, by Rutaganda JoelNyuma yo kwitabira igitaramo cya bereye i Londres mu Bwongereza ku itariki ya 18 Gicurasi 2013 cya Rwanda Day, Massamba Intore umwe mu bahanzi basusurukije imbaga y’abanyarwanda igera ku 3000 yari yitabiriye ibyo birori, yaje kuririmba indirimbo nshya yari akirimo gukorera muri studio itararangira yise “Rwanda itajengwa na Nani”, ayiririmba by’umwimerere ‘live’ aza gusabwa ko akigera mu Rwanda yazayitunganya neza akayiboherereza, kuri ubu Massamba yamaze gushyira mu bikorwa icyo kifuzo (…)
-
Senderi yakoze indirimbo ya PGGSS
4 April 2013, by Audace Willy MucyoUmuhanzi Senderi Eric uzwi ku izina rya ‘International Hit’ yakoze indirimbo yise « Nsomyaho » ivuga ku marushanwa ya Primus Guma Guma Super Star (PGGSS), azajya aririmba mu bitaramo bizabera hirya no hino mu Rwanda.
Aganira na IGIHE, International Hit yavuze ko yagize igitekerezo cyo gukora iyo ndirimbo kugira ngo azarusheho gususurutsa abantu b’aho ibitaramo bya PGGSS 3 bizajya bibera mu gihugu.
Yagize ati "Mfite indirimbo zitandukanye zo kuzajya nshuranga muri PGGSS3, ariko nifuje (…) -
Jules abona uburwayi bwaratumye atakaza byinshi muri muzika
21 June 2013, by Rutaganda JoelNyuma y’iminsi itari mike Jules Sentore umwuzukuru wa Mzee Sentore Athanase amaze arwaye indwara y’igifu, kuri ubu arasanga hari byinshi yatakaje kandi yagombaga kuba yarabishyize mu bikorwa.
Aganira na IGIHE, Jules yagize ati: “Ndareba nkasanga ubu imyiteguro yanjye yo gushyira album hanze ya mbere bizatuma igihe nateganyaga kiziyongera, nanone kandi hari ibitaramo byinshi nagiye mpomba byajyaga gutuma ndushaho kwegera abakunzi banjye, gusa ndashimira Imana kuba maze gusa naho nkira kandi (…) -
Ricky Password yakoze indirimbo ikumbuza abantu weekend
14 May 2013, by Audace Willy MucyoUmuhanzi Ricky Password umenyerewe mu njyana ya Rock yakoze indirimbo yise “Furahiday” iri mu njyana ya Afro-Malewa.
Iyi ndirimbo ‘Furahiday’ ivugwamo ibirebana n’ukuntu abantu b’ingeri zose baba batekereza kuri gahunda bazafata mu minsi y’impera z’icyumweru, iyo ari ku wa gatanu, nyuma yo kuva muri gahunda zinyuranye baba bamazemo icyumweru.
Aganira na IGIHE, Rubenga Kevin, umujyanama wa Ricky Password yagize ati: “Iyi ndirimbo ‘Furahiday’ twayikoze nyuma yo kwitegereza tugasanga (…) -
Muyango yemeza ko aho wajya hose utabura kwitirirwa igihugu cyawe
14 June 2013, by Rutaganda JoelMuyango Jean Marie umwe mu bahanzi bagize uruhare runini mu kumenyekanisha indirimbo zo hambere aho twavuga nk’indirimbo yise “Sabizeze”, kuri ubu aremeza ko aho wajya hose uvuye mu gihugu cyawe bitakubuza ku kitirirwa.
Mu kiganiro na IGIHE, Muyango yagize ati: “Nibyiza ko umuntu yemera uko ari, ndetse akanemera amateka y’igihugu cye, kuko kuba ndi mu Bubiligi ntibikuyeho ko ndi umunyarwanda, kuko nibyiza ko turinda umuco wacu kuruta gusakaza uw’amahanga”.
Muyango yavukiye i Burundi, (…) -
Tuyisenge agiye guhindura imikorere ya muzika ye
29 May 2013, by Rutaganda JoelTuyisenge Jean De Dieu uzwi cyane ku izina rya Tora Kagame, akaba azwi nanone mu ndirimbo zo mu matora, kuri ubu yaba agiye guhindura imikorere ye muri muzika. Imwe muri iyo mikorere ni ugushyira ahagaragara amashusho y’indirmbo ze kugirango abakunzi batamuzi barusheho kumumenya.
Mu kiganiro na IGIHE, Tuyisenge yagize ati: “ Igihe maze muri muzika mfite indirimbo zirenga icumi, ariko imwe yonyine yitwa “Burera nziza” ni yo ifite amashusho, ni muri urwo rwego rero nsanga kudakora amashusho (…) -
Dream Boys yasohoye indirimbo ku bakobwa bababaza ababyeyi
15 July 2012, by Samuel IshimweNyuma yo guhimba indirimbo zitanga ubutumwa ku bantu banyuranye barimo ababyeyi, ubu noneho kuri uyu wa Gatanu Tariki 13 Nyakanga 2012 Dream Boys yasohoye indirimbo “Jugu jugu” ivuga ku bakobwa batenguha bakanababaza ababyeyi babo.
Muri iyi ndirimbo baririmbamo umukobwa w’ikinege wavutse ku babyeyi bari bamaze imyaka 10 barabuze urubyaro, bavugamo ko yavutse ku bw’ubusabe ku Mana. Ngo avutse barishimye bazi ko azabahesha ishema, ariko akuze aba ari we ubateza umugayo n’ikimwaro kuko (…)
IGIHE