Nyuma y’aho umuhanzi Senderi International Hit agaragaye mu bahanzi 11 bazahatana mu irusahanwa rya Primus Guma Guma Super Star ya 3 (PGGS3), yashyize ahagaragara ko icyo yakoresha miliyoni 24 zizahembwa uzegukana irushanwa harimo no gufasha ikipe ya Rayon Sports.
Senderi International Hit aganira na IGIHE yavuze ko ngo yegukanye izo miliyoni 24, yabanza agatangamo kimwe cya cumi mu rusengero, ubundi akagurira ikipe ya Rayon Sports ba rutahizamu babiri bo muri Nigeria cyangwa muri Zambia (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > newinafrobeat
newinafrobeat
Articles
-
Senderi atsinze muri PGGSS 3 ngo yagurira Rayon Sports abakinnyi
4 March 2013, by Mathias Hitimana -
USA: Alpha Rwirangira yahawe igitekerezo cyo gukora indirimbo na Tobby Ryan
6 June 2013, by Rutaganda JoelNyuma y’igihe kigera ku mezi 6 aheruka mu Rwanda, Alpha Rwirangira arimo gukora indirimbo yise “Heaven on Earth” afatanyije n’umukobwa ukomeye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika witwa Lamyia Good. Icyo gitekerezo cyo gukora iyo ndirimbo bakaba baragihawe n’umwe mu batunganya ibihangano by’abahanzi b’abanyamerika “Producer”uzwi ku izina rya Tobby Ryan. Uyu mu producer Tobby Ryan ni umwe mu bakoreye umuhanzi Usher Raymond indirimbo yise “YOU REMIND ME” yanatumye amenyekana cyane. Nk’uko (…)
-
Platini wo muri Dream Boys yemera producer Clement
30 March 2013, by Rutaganda JoelUmahanzi Platini wo mu itsinda rya Dream Boys, kuri ubu yatangaje ko yaba yemera umwe mu batunganya muzika nyarwanda uzwi ku izina rya Clement ko ari mu ba producer yemera mu Rwanda kurusha abandi. Kimwe mu byo amwemerera ni uburyo agira inama abahanzi mu gihe barimo gufata amajwi (record).
Aganira na IGIHE, Platini yagize ati” njye Clement ari mu bantu nemera mu Rwanda badukorera muzika, kuko ni umuntu ukugira inama mu gihe urimo ukora indirimbo, kandi azi gucuranga, rero nta cyatuma (…) -
Chrispin yakoze indirimbo iha ubutumwa abanyekongo
28 March 2013, by Audace Willy MucyoUmuhanzi Chrispin Ngabirama, uririmba mu njyana ya reggae, yakoze indirimbo yise “Oh Congo” iha ubutumwa bw’ubwiyunge abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Uyu muhanzi usanzwe ukora indirimbo ziri mu njyana ja reggae ziha ubutumwa abatuye umugabane wa Afurika bwo guharanira amahoro no kwiteza imbere, akomeje kugenda agaragaza uruhare runini mu guha ibitekerezo Abanyafurika batandukanye abibutsa ko ibisubizo byinshi aribo bagomba kubyishakamo.
Nbabirama aganira na IGIHE (…) -
Ngororero: Imvura ntiyabujije Senderi kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 ya FPR
26 November 2012, by Olivier MuhirwaUbwo imvura yisukaga ari nyinshi cyane, nibwo Eric Senderi International yari ahawe umwanya wo gususurutsa abari bitabiriye ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 y’umuryango FPR Inkoranyi mu Karere ka Ngororero, nyamara ibyo ntibyamubujijie kuvuga ibigwi by’umuryango.
Senderi ibi akaba abiterwa n’uko azi icyo akora kandi akaba yemera ko intore ishaka ibisubizo, agira ati “Ubu Senderi yabaye Eric Senderi International kuko asigaye akundwa cyane n’Abanyarwanda ndetse n’abo hanze y’u (…) -
Chrispin yashyize hanze amashusho y’indirimbo y’icyunamo
7 April 2013, by Audace Willy MucyoUmuhanzi ’Chrispin Ngabirama’ uririmba indirimbo z’amahoro mu njyana ya Reggae, yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise "Igihe ni iki" yo gufasha abanyarwanda kwibuka abazize Jenoside yakorewe abatutsi.
Chrispin, usanzwe n’ubundi yarihaye inshingano zo kuririmba kuri Afurika, cyane cyane ku gihugu cyamubyaye, yatanze umusanzu w’indirimbo yo gufasha abanyarwanda kwibuka abazize Jenoside yakorewe abatutsi mu w’1994, aho ahumuriza ababuze ababo abasaba kwiyubaka.
Aganira na IGIHE, yagize (…) -
Urukundo rukomeye hagati ya Alpha na Esther
17 April 2013, by Rutaganda JoelAlpha Rwirangira uri muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ndetse na Uwingabire Esther urukundo rwabo rwaba rukomeje gukara muri iyi minsi. Ubusanzwe usanga bidakunze gukozwa bamwe mu bahanzi ba hano mu Rwanda kuba bashyira ahagaragara abakunzi babo.
Alpha abajijwe ko Esther ari umukunzi we, dore ko abantu batandukanye bavuga ko yaba ari umuvandimwe we bitewe n’uburyo baba bimereye iyo bari kumwe, Alpha yagize ati: “ Njye ntago njya mpishahisha, Uwingabire Esther ni umukunzi wanjye, ntago ari (…) -
Urukundo rukomeye hagati ya Auddy na Jody
25 April 2013, by Rutaganda JoelAuddy Kelly umuhanzi ukunzwe cyane muri iyi minsi bitewe n’ijwi rye, akaba anakora injya ya Kinyarwanda ikunze kwitwa gakondo, kuri ubu yaba amaze kubishyira k’umugaragaro ko ari m’urukundo n’umuhanzikazi uzwi cyane ku izina rya Jody. Ibi bibaye nyuma y’aho byari bimaze iminsi bivugwa ariko nabo ubwabo urebye kuri facebook zabo zombie usangaho umwe yashyize ifoto y’undi k’urukuta rwe rwa facebook.
Aganira na IGIHE, Auddy Kelly yagize ati: “ Icyo kibazo maze iminsi nkibazwa n’abantu benshi (…) -
Impala n’abandi bahanzi ba kera barikoma abakoresha ibihangano byabo mu nyungu zabo
19 May 2013, by Audace Willy MucyoAbahanzi bo hambere bagiye bakora ibihangano bigakundwa, barashaka gukumira amatsinda akoresha ibihangano byabo mu bikorwa bitandukanye nko mu makwe, mu tubari no mu bindi bitaramo.
Nk’uko bigenda bigaragara, ibyinshi mu bihangano byo hambere bikunda kwifashishwa n’amatsinda y’abacuranzi mu bitaramo bakunda kwita ‘Ibisope’ bakorera mu tubari ndetse bakanabicuranga mu makwe no mu bindi birori bitandukanye, bakabasha kubibonamo amafaranga kandi atari bo babihimbye.
Mu rwego rwo kubikumira, (…) -
Belgine yasubijwe ibikoresho bye yari yatwawe na Urban Boys
31 March 2013, by Audace Willy MucyoUmuhanzi ‘Belgine’ ubarizwa muri Kenya, yasubijwe ibikoresho bye yari yaratwawe na Urban Boys ubwo yabatumiraga kuririmba bagatinda akanga kubishyura kuko bishe gahunda.
Ubwo itsinda Urban Boys ryatumirwa n’uyu muhanzi kuririmbira muri Kenya bagakererwa kuza bagasanga abafana bigendeye, yabatwaye kurara iwe ariko ababwira ko atabishyura kuko bataririmbye, bahita baterura ibikoresho bye birimo mudasobwa n’icyuma gifata amashusho babizana i Kigali.
Nyuma y’igihe gishize abibaka (…)
IGIHE