Mu rwego rwo kwitegura umunsi wo kwibohora, umuhanzi usanzwe umenyerewe mu by’imideli Dady de Maximo Mwicira-Mitali yandikiye umuhanzi Daddy Cassanova (Cassa Manzi) indirimbo bise “Rwanda Karame Ndatuje "
Avuga uko igitekerezo cyo kwandika iyo ndirimbo cyaje, Dady de Maximo yagize ati “Mu kwezi kwa Werurwe yangejejeho igitekerezo ko nakwandika indirimbo ikubiyemo uko U Rwanda twarubwiwe n’abakuru, uko se twe turubona mu myaka yacu nayo itari mike, uko se turwumva, uko twiyumva (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > newinrnb
newinrnb
Articles
-
Dady De Maximo agiye gukorana indirimbo na Cassanova
12 June 2013, by Dean Irak -
King Phylosophe mu ngamba zo guteza imbere muzika ye
10 May 2013, by Audace Willy MucyoUmuhanzi Turatsinze Christopher uzwi ku izina rya ‘King Phylosophe’ aratangaza ko ari gushyira mu bikorwa gahunda yateguye zijyanye no guteza imbere ibikorwa bye bya muzika, bikaguka ndetse akamenyekana cyane. Uyu muhanzi ukomoka mu karere ka Rubavu, akaba ari na musaza w’umuhanzikazi ‘Young Grace’ ukora Hip Hop, aratangaza ko abitewemo inkunga na mama we amaze kugira byinshi ageraho kandi binamuha icyizere ko ejo ha muzika ye hazaba hahagaze neza.
Mu byo amaze kugeraho, hari ukuba (…) -
Umuhanzi Christopher arakangurira urubyiruko kurwanya abapfobya Jenoside
10 April 2013, by Audace Willy MucyoUmuhanzi Christopher uririmba mu njyana ya R&B arashishikasriza urubyiruko bagenzi be ndetse n’inshuti ze basangiye umwuga wo kuririmba kurwanya abapfobya Jenoside aho bava bakagera.
Kunshuro ya 19 mu Rwanda hibukwa Jenoside yakorewe Abatutsi, umuhanzi Christopher yatanze ubutumwa ku rubyiruko bagenzi be.
Christopher wavutse tariki ya mbere 1994 avuga ko uko yitegura kuzuza imyaka ahita yibuka n’umubare munini w’inzirakarengane zazize Joneside.
Christopher yavuze ati: (…) -
Christopher arashimira abakunzi be batuma atera imbere
23 May 2013, by Audace Willy MucyoUmuhanzi Muneza Christophe uzwi ku izina rya ‘Christopher’ ukora RnB, avuga ko ashimishijwe cyane n’intambwe amaze gutera muri muzika akiri muto, kandi abishimira cyane abafana be kuko ari bo bamutera imbaraga.
Kugaragarizwa ko akunzwe birimo kuba ahabwa impano zitandukanye na benshi mubo ahura nabo, Christopher avuga ko bimutungura ariko bikamushimisha cyane kuko imyaka ye itatumaga yiyumvisha ko hari aho yagera mu muziki ndetse akitinya, ariko abifashijwemo n’abafana be ahanini, agira (…) -
Amashusho y’indirimbo ‘Mbona unyemera’ ya Derek aravugwaho byinshi
7 May 2013, by Rutaganda JoelSano Derek umuhanzi ukora injyana ya R&B, kuri ubu nyuma y’aho ashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yise “ Mbona unyemera”, irimo kuvugwaho byinshi mu bakurikirana muzika nyarwanda. Bimwe mubivugwa kuri iyo ndirimbo, ni uko hagaragaramo Derek noneho abyina, mu gihe ubundi yari asanzwe aririmba atuje, ikindi ni uko harimo umukobwa benshi bemeza ko yatumye iyo ndirimbo irushaho gukundwa, bitewe n’ukuntu yitwaye imbere ya ‘Camera’.
Aganira na IGIHE, Derek yagize ati: “ Ubundi (…) -
Nyuma yo gushyira ahagaragara indirimbo nshya "Paradis", Corneille ari gutegura album
23 April 2013, by Audace Willy MucyoCorneille Nyungura, umuhanzi w’umunyarwanda ubarizwa mu gihugu Canada wamenyekanye cyane mu ndirimbo nka ‘Seul au monde’, ‘Avec Classe’, n’izindi, yashyize hanze indirimbo ye ya mbere itegura album ye ya gatandatu izasohoka mu mpeshyi uyu mwaka. Kuva yashyira hanze album ya 5 muri 2011, Corneille yari ahuze cyane, akorana indirimbo n’abandi bahanzi ndetse anitabira indi mishinga nk’ikusanya ryiswe "Génération Goldman" yanakoreye indirimbo yise "Quand tu danses", atabura no kujya muri (…)
-
KODE yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yakoreye mu Bubiligi
1 April 2013, by Rutaganda JoelNgeruye Faycal waje guhindura izina rye akitwa Kode, kuri ubu yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Good Time”, yakoreye mu guhugu cy’ U Bubiligi dore ko ariho asigaye anatuye.
Reba amashusho y’indirimbo "Good Time’ YA Kode.
Kode yashyize hanze amashusho y’iyo ndirimbo ku itariki ya 31 Werurwe 2013. -
Umuco wo kwitinya uri mu byo Jody asanga bibangamira abakobwa bafite impano y’ubuhanzi
23 February 2013, by Mathias HitimanaUmuhanzikazi Jody Phibi umaze iminsi usohara indirimbo zitandukanye bikagaragara ko hari umuhate afite mu buhanzi bwe, agaragaza ko mu muziki nyarwanda hakiri byinshi bituma udatera imbere by’umwihariko no ku bakobwa b’abahanzi mu Rwanda.
Mu kiganiro kirambuye yagiranye Jody yagiranye na IGIHE, yagiye asubiza mu bibazo bimwe byerekeye ubuhanzi bwe, muzikaye n’icyo ateganya kuzageraho mu minsi iri imbere, haba mu buhanzi bwe cyangwa ku buzima bwe bwita nko kugira umukunzi n’ibindi. Muri (…) -
Peace abona hari imbogamizi nyinshi zituma adatera imbere muri muzika
21 May 2013, by Rutaganda JoelJolis Peace umuhanzi uri mu kigero cy’imyaka 21 akaba akora injyana ya R&B atangaza ko amikoro make ari kimwe mu birushaho kudindiza ubuhanzi bwe.
Uyu muhanzi wamenyekanye cyane mu ndirimbo nka: Mpamagara, Nakoze iki, Musimbure, ndetse n’indirimbo aheruka no gukorana indirimbo yitwa “Beautiful” Alpha Rwirangira.
Aganira na IGIHE, Peace yavuze ko amikoro make ajya atuma hari ubwo acika intege akaba yasubira inyuma.
Soma ikiganiro kirambuye hano:
IGIHE: Peace muzika yawe muri (…) -
Mr D yashyize hanze indirimbo yakoreye muri Press One
22 April 2013, by Rutaganda JoelNtakirutimana Gashugi Didace umuhanzi uzwi cyane ku izina rya Mr D akaba abarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, kuri ubu nyuma y’aho abahanzi nka The Ben, Meddy, K8, LickLick, ndetse n’umwe mu bafata amashusho y’indirimbo uzwi nka Cedru bashinze ihuriro ry’abahanzi “Label” bise Press One, Mr D yakoze indirimbo nshya yise “Urugero”, iyo ndirimbo akaba yarayikoreye muri iyo nzu izwi nka Pressone.
Aganira na IGIHE, Mr D yagize ati: “ Byaranshimishije cyane kubona abavandimwe (…)
IGIHE