Ruhumuriza James wamenyekanye cyane ku izina rya King James, ahagana mu mwaka wa 2008 ubwo yigaga mu mashuri yisumbuye mu mwaka wa 4, rimwe na rimwe yakoraga akazi ko kuba "Bouncer", akaba ari akazi ko gucunga umutekano igihe habaye ibitaramo cyangwa ibindi birori bitandukanye byahuriyemo abantu benshi. Nyuma nibwo yaje kuvumbura ko yaba afite afite impano yo kuririmba nibwo yatangiye kubiha umwanya cyane biza gutuma aba umuhanzi ukomeye mu njyana ya R&B mu Rwanda.
Mu kiganiro na (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > newinrnb
newinrnb
Articles
-
Mbere yo kuba umuhanzi, King James yigeze kuba "Bouncer"
28 May 2013, by Rutaganda Joel -
Elion Victory yasinye amasezerano na AZ Media Plus
4 June 2013, by Rutaganda JoelUmuhanzi Elion Victory usanzwe aririmba ku giti cye, yatangaje ko yamaze gusinyana amasezerano na AZ Media Plus. AZ Media Plus isanzwe imenyerewe nk’icapiro “Imprimerie”, yashinze itsinda riririmba rinicurangira Live ryitwa AZ Media, kuri ubu akaba ari naryo Elion Victory azajya abarizwamo.
Mugambira Jean Paul uhagarariye AZ Media Plus, avuga ko iri tsinda ryatangiye, ati “Itsinda AZ Media twarihurijemo abahanzi n’abacuranzi batandukanye kugira ngo mu Rwanda haboneke itsinda ricuranga (…) -
Mani Martin yatanze ubutumwa bwo kwihanganisha no guhumuriza abacitse ku icumu
8 April 2013, by Audace Willy MucyoUmuhanzi Mani Martin yagize icyo abwira abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, muri iki gihe cyo kwibuka ababo bayamburiwemo ubuzima.
Abicishije ku rukuta rwe rwa Facebook, Mani Martin yagize ati “Muvandimwe wacitse ku icumu, Imana igukomeze birenze uko wakomerekejwe! Kuba uriho si impanuka, ahubwo ni icyizere cyo kubaho n’ejo! Urugendo rw’ubuzima rwo ruracyari rurerure, urukundo rukubere impamba, ukwizera kukubere icyomoro cy’ibikomere, kwatura no kuganira n’abandi (…) -
USA: Mr D yatangiye gufata amashusho y’indirimbo ze
17 May 2013, by Rutaganda JoelMr D umuhanzi ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, kuri ubu aratangaza ko yatangiye gufata amashusho y’indirimbo ze aheruka gushyira ahagaragara, izo ndirimbo zikaba zirimo iyitwa: Urugero ndetse na Number One
Aganira na IGIHE, Mr D yagize ati: “Nyuma y’igihe kitari gito abakunzi banjye bifuza ko nashyira ahagaragara amashusho y’indirimbo zanjye, nababwira ko ubu noneho ngiye gushyira amasezerano mfitanye n’abakunzi banjye mu bikorwa".
Ibi byose rero bikaba birimo gukorerwa mu nzu (…) -
Christopher yashyize hanze amashusho y’indirimbo "Uwo Munsi"
23 October 2012, by M. M.Muneza Christophe uzwi ku izina rya Christopher aratangaza ko uburyo yakoze amashusho y’indirimbo ye nshya bwatuma n’utumva ashobora kumva ibyo avuga.
Mu kiganiro kirambuye yagiranye na IGIHE, Christopher avuga ko ateganya gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye yise "Byanze" n’indi ndirimbo ya Audio atifuje guhita atangaza izina ryayo.
Soma Ikiganiro kirambuye yagiranye na IGIHE:
IGIHE: Muraho Christopher!
Christopher: Muraho namwe!
IGIHE: Twagira ngo utubwire kuri iyi Video nshya (…)
IGIHE