Uyu mwaka ubwiyongere bw’ubukungu bw’u Rwanda buzagabanukaho 0,9 ugereranyije n’umwaka ushize, ibi bikazaterwa ahanini n’ingaruka z’ihungabana ry’ubukungu ryugarije ibihugu by’u Burayi rizatuma ubukerarugendo mu gihugu bugabanyuka.
Mu kigabiro Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi John Rwangombwa yagiranye na Bloomberg muri Ethiopia aho ari kwitabira inama y’ihuriro mpuzamahanga ry’ubukungu, yavuze ko ubwiyongere bw’ubukungu bw’u Rwanda buzava ku kigero cya 8,6% cy’izamuka bugere kuri 7,7% uyu (…)
Home > Keywords > tags > Rwangombwa
IGIHE
Ubwiyongere bw’ubukungu bw’u Rwanda mu igabanuka rigera kuri 0,9% uyu mwaka