Filime ‘Bazigaga’ ivuga kuri Zula Karuhimbi warokoye Abatutsi barenga 200 muri Jenoside, iri guhatana mu bihembo bikomeye bitangirwa muri Afurika y’Epfo, bitangirwa mu iserukiramuco rya “Reel to Reality Festival’’.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Filime ‘Bazigaga’ igaruka kuri Jenoside Yakorewe Abatutsi ihatanye mu iserukiramuco muri Afurika y’Epfo
27 April 2024, by Uwiduhaye Theos -
Director Gad yavuze ku ndirimbo yakoranye na Nel Ngabo na Kenny Sol
29 April 2024, by Mahoro VainqueurDirector Gad utunganya amashusho y’indirimbo, yahurije hamwe abahanzi babiri Kenny Sol na Nel Ngabo mu ndirimbo yise “Molomita” izaba ari iya mbere ashyize hanze, ikazanifashishwa muri filme ari gutunganya.
-
David Bayingana yananiwe guhisha amarangamutima ku nkumi yihebeye (Amafoto)
3 February 2025, by Nsengiyumva EmmyUbwo yifurizaga isabukuru y’amavuko Mutesi Nadia bamaze igihe bakundana ariko batifuza ko bijya hanze, David Bayingana kwihangana byamunaniye agaragaza akari ku mutima we ndetse yereka abamukurikira uwamutwaye umutima.
-
Urutonde rw’abahanzi 10 b’ibyamamare batigeze batwara Grammy Awards mu mateka yabo
5 February 2025, by Nsengiyumva EmmyMu gihe ku wa 3 Gashyantare 2025, abarimo Beyoncé n’abandi bishimiraga ko bakomeje kwesa uduhigo two kwegukana ibihembo byinshi bya Grammy Awards, hari abandi b’amazina akomeye batigeze babyegukana na rimwe mu buzima bwabo bwose bw’ubuhanzi kugeza none.
-
Abahanzi bo mu Rwanda bo guhangwa amaso mu 2025
12 February 2025, by Uwiduhaye TheosMu myaka yashize, umuziki nyarwanda wagiye ugaragaza iterambere rihambaye, aho abahanzi bakiri bato n’impano nshya bahabwa umwanya mu ruhando rw’umuziki nyafurika no ku rwego mpuzamahanga.
-
Massamba Intore ategerejwe i Kampala mu gitaramo ndangamuco
30 April 2024, by Nsengiyumva EmmyMassamba Intore uzataramira i Kampala ku wa 18 Gicurasi 2024 mu gitaramo ndangamuco yifuza ko cyaba ngarukakwezi kikitabirwa n’abahanzi batandukanye bakora umuziki gakondo.
-
Filime ‘Back to black’ yakozwe ku buzima bwa Amy Winehouse, igiye kwerekanwa i Kigali
29 April 2024, by Nsengiyumva EmmyFilime ‘Back to black’ yakozwe ku buzima bw’umuhanzikazi Amy Winehouse witabye Imana mu 2011, igiye kwerekanwa i Kigali nyuma y’iminsi mike gusa ishyizwe ku isoko.
-
Irengero rya album Christopher amaze umwaka ateguje
30 April 2024, by Nsengiyumva EmmyUmwaka urirenze Christopher ateguje album ye ya gatatu, icyakora abakunzi be bakomeje kuyitegereza amaso yaheze mu kirere. Ni mu gihe uyu muhanzi we avuga ko amaze igihe mu mirimo yo kuyirangiza, yizeza abakunzi be ko bazayumva mu minsi ya vuba.
-
Ariel Wayz yateguje album ye ya mbere
6 February 2025, by Nsengiyumva EmmyNyuma y’imyaka irenga ine amaze atangiye umuziki nk’umwuga we, Ariel Wayz yateguje abakunzi be album ye ya mbere yise ‘Hear to Stay’ ateganya gusohora ku wa 08 Werurwe 2025.
-
Imbamutima za Saranda uherutse gutsindira igihembo cy’urubyiruko rufite umushinga mwiza muri EAC
20 February 2025, by Nsengiyumva EmmyMu mpera z’umwaka ushize Saranda yegukanye igihembo mu nama ihuza urubyiruko rwo muri Afurika y’Iburasirazuba rwitegura kuzavamo abayobozi ‘Young African Leaders Initiative’, abikesha umushinga we ‘Therapoetry’.
IGIHE