Nta gushidikanya ko Pasika yagenze neza ku bitabiriye igitaramo cyiswe ‘Ewangelia Easter Celebration Concert’, cyateguwe n’Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda (BSR).
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Israel Mbonyi, Zoravo, James na Daniella, Jehovah Jireh batanze ibyishimo byuzuye mu gitaramo cyo kwizihiza Pasika
1 April 2024, by Mukahirwa Diane -
Ishimwe rya Israel Mbonyi wujuje imyaka 10 mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana
4 December 2024, by Nsengiyumva EmmyIsrael Mbonyi ahamya ko ari amashimwe adasanzwe kuri we kuba Imana imushoboje kumara imyaka 10 akora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana kuko ahamya ko yanyuze muri byinshi birimo n’ibyamutsinze.
-
Bruce Melodie agiye guhurira mu gitaramo n’abarimo Ya Levis
9 December 2024, by Uwiduhaye TheosBruce Melodie ategerejwe mu gitaramo muri Kenya aho biteganyijwe ko azagihuriramo n’abahanzi bakomeye muri Afurika no hanze yayo.
-
Humble Jizzo, Bushali, Shaffy na Okkama mu bakoze mu nganzo… Indirimbo z’icyumweru
14 December 2024, by Nsengiyumva EmmyMu cyumweru turi gusoza, abahanzi nyarwanda bakoze mu nganzo bashyira hanze indirimbo zitandukanye, ari na zo tugiye kugarukaho muri iyi nkuru.
-
Uganda: Igitaramo cy’Umunya-Jamaica cyarakaje bamwe mu bayobozi bakuru
15 December 2024, by Uwiduhaye TheosIgitaramo cy’umunya-Jamaica Dexta Daps cyasize inkuru muri Uganda kubera imyitwarire ye ku rubyiniro, ndetse n’amagambo ari mu ndirimbo ze zahawe rugari kandi bamwe mu bahanzi muri iki gihugu baherutse gukumirwa bashinjwa kuririmba ibishegu.
-
Kwibuka 30: Umuhanzi Sega"El wo mu birwa bya Réunion yageneye Abanyarwanda ubutumwa bw’ihumure
8 April 2024, by Peacemaker PunditUmuhanzikazi Sega"El ukomoka mu birwa bya Réunion ari mu byamamare mu muziki byifatanyije n’Abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho abinyujije ku mbugankoranyambaga ze, yatanze ubutumwa bwo kwifatanya n’Abanyarwanda muri ibi bihe.
-
Umubyeyi we yishwe aciwe amabere: Ubuhamya buteye agahinda bw’umuhanzi Nshizirungu
9 April 2024, by Uwiduhaye TheosImyaka 30 irashize u Rwanda n’Abanyarwanda bibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yaguyemo abarenga miliyoni ndetse igasigira ibikomere benshi mu bayirokotse kubera ibyo babonye amaso yabo yari abonye bwa mbere.
-
Bwiza yakomereje ibiruhuko i Burayi
17 December 2024, by Nsengiyumva EmmyNyuma yo kuva mu biruhuko mu bihugu bya Mozambique na Lesotho, Bwiza yakomereje ku Mugabane w’u Burayi, aho yagiye gusura inshuti n’abavandimwe mbere y’uko ataha i Kigali gusoza imirimo ya nyuma ya album ye ya kabiri ateganya gusohora.
-
Nana wamamaye muri Citymaid yasezeranye imbere y’amategeko (Amafoto)
17 December 2024, by Nsengiyumva EmmyUwamwezi Nadège wamenyekanye nka Nana muri filime ya Citymaid yasezeranye imbere y’amategeko n’umugabo we, Nsanzimana Patrick bamaze igihe babana, aho batuye mu Bubiligi.
-
Israel Mbonyi yatanze Noheli ishyitse mu gitaramo cy’amateka (Amafoto)
25 December 2024, by Ntabareshya Jean de Dieu, Eric Tony Ukurikiyimfura, Nsengiyumva EmmyUmuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Mbonyicyambu Israël [Israel Mbonyi], yongeye kwerekana ko ari umwe mu bakomeye u Rwanda rufite, anyura abitabiriye igitarambo cye “Icyambu Live Concert III” cyabereye muri BK Arena ku wa 25 Ukuboza 2024.
IGIHE