Sosiyete icuruza ibijyanye n’amashusho ya televiziyo, Canal+ yatangiye kwinjiza Abanyarwanda mu birori by’iminsi mikuru isoza umwaka, ibagabanyiriza igiciro cya dekoderi ya ‘HD’, ifite umwihariko wo kugaragaza amashusho meza n’amajwi asohoka neza.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeAdvertorial
HomeAdvertorial
Articles
-
Itangazo rya RSSB ku gutanga isoko ry’ibikoresho by’ikoranabuhanga
2 March 2016, by Philbert Girinema -
Canal+ yatanze Noheli kare igabanya igiciro cya dekoderi ya HD kugera ku 15000Frw
26 November 2018, by Mukaneza M.Ange -
Kwambara ukaberwa birashoboka igihe uhishuriwe ibanga ryaho uhahira
15 December 2018, by IGIHENi kenshi uhura n’umuntu wambaye imyambaro myiza imubereye, ukagira amatsiko yo kumenya abamwambika ariko kubera ko muba mutaziranye ukabura aho uhera ubimubaza.
-
Umushoferi n’umucuruzi batsindiye asaga miliyoni ebyiri n’ibihumbi 700 muri ‘Ni Ikirenga’
22 December 2015, by Musafiri RobertValens Munyeshyaka, umushoferi utwara bisi mu Mujyi wa Kigali avuga ko nyuma yo gutsindira amafaranga agera kuri miliyoni imwe n’ibihumbi 410 muri poromosiyo Ni Ikirenga ya Airtel, agiye gutangira ubucuruzi agamije kwizamura.
-
Call Rwanda yashyizeho igabanuka rya 30% kubera iminsi mikuru
28 November 2018, by IGIHEIkigo Call Rwanda gifasha ibigo bito n’ibinini ndetse n’abantu ku giti cyabo koherereza abakiriya ubutumwa bugufi cyangwa kubahamagara cyatanze ubunani ku bakiriya bashya ndetse n’abasanzwe.
-
Muri Fantastic Restaurant birashyushye mu njyana zihimbaza Imana n’izisanzwe “Live”
25 April 2013, by Aisha Bonaventure RutayisireGuhera ku wa Gatatu tariki 24 Mata 2013 kugera ku wa Gatandatu muri Fantastic Restaurant ahafatirwa amafunguro bakurukirana imbonankubone (Live) injyana zitandukanye zirimo indirimbo zihimbaza Imana n’izisanzwe, babifashijwemo na DJ Pawulo waturutse muri Uganda.
Nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bwa Fantastic Restaurant, guhera ku wa Gatatu, kugeza ku wa Gatandatu haba hari igisope (indirimbo za kera). Ikindi ni uko buri mugoroba guhera saa kumi n’ebyiri abagana muri Fantastic baba bari (…) -
Kigali: Sawa Citi iduka rya mbere rirangwamo ibikoresho n’ibiribwa bihendutse
28 September 2013Sawa citi iduka rya mbere mu Rwanda riranguza ndetse rikanacuruza ibikoresho bitandukanye ndetse n’ibyo kurya ku giciro cyiza, kuko bihendutse cyane kurusha ahandi hose muri za supermarket, kuri uyu wa Gatanu tariki 27 Nzeri 2013 ryafunguye kumugaragaro.
Sawa citi iherereye ku Kinamba ahateganye na Car Wash, irimo ibikoresho bitandukanye nka Firigo,Televiziyo za Flat, Radiyo n’bindi, ndetse n’ibyo kurya nka Fromage, Biscuits, Sosiso, amazi yo kunywa, jus z’amako atandukanye, imigati (…) -
Orient Park Hotel yateguye ibirori byo kwifuriza abana Noheli nziza
4 December 2018, by IGIHEHamijwe kwifuriza abakiliya umwaka mwiza wa 2019 no kwifuriza abana Noheli nziza, Orient Park Hotel yateguye igitaramo cy’abahanzi batandukanye kizaba tariki ya 8 Ukuboza 2018 kandi bukeye bwaho hakazaba ibirori byo gusangira noheli n’abana.
-
Kuri Saint Valentin Hotel Villa Portofino izaryohereza abakundana
13 February 2015, by Philbert HagengimanaHoteli Villa Portofino ihishiye amafunguro y’akataraboneka abazahasohokera kuri Saint Valentin, Umunsi w’abakundana wizihizwa kuwa 14 Gashyantare.
Iyo hoteli yagabayije ibiciro ku byumba, ku mafunguro ndetse ikaba inabafitiye itsinda rizacuranga live (imbonankubone).
Ikirori cyo kwizihiza umunsi wa Saint Valentin kizatangira saa kumi n’ebyiri z’umugoroba hakurikireho ifunguro rya nimugoroba (dinner) ku buntu ku bazaba bitabiriye kuhasohokera bibukiranya iby’urukundo rwabo. Hazaba kandi (…) -
Expo2017: KCB iramurikira abayisura uko bahabwa inguzanyo nta ngwate
24 August 2017, by Tombola FelicieMu gihe ingwate ari ihurizo ku bantu bamwe na bamwe bifuza inguzanyo mu mabanki ngo bagere ku iterambere bifuza, KCB Bank yashyiriyeho abakiliya bayo uburyo bashobora kwaka inguzanyo iciriritse kuri telefone kandi nta ngwate basabwe.
IGIHE