Ikigo kimaze kumenyerwa mu guhuza abagurisha n’abaguzi by’umwihariko mu mitungo itimukanwa, KTN Rwanda, cyashyize ku isoko ibibanza biri mu mujyi wa Nyamata mu karere ka Bugesera, ndetse na site nshyashya muri Rugende.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeAdvertorial
HomeAdvertorial
Articles
-
KTN yashyize ku isoko ibibanza mu mujyi wa Nyamata na Rugende
3 April 2023, by IGIHE -
Umusanzu w’Ishuri ‘KETHA’ mu kuzamura ireme ry’uburezi mu myuga n’ubumenyingiro
17 April 2023, by IGIHELeta y’u Rwanda ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe guteza Imbere Imyuga n’Ubumenyingiro (RTB) yiyemeje gufasha urubyiruko kwiga no gutozwa ibirufasha guhatana ku isoko ry’umurimo.
-
Canal + Rwanda igiye gushimira abakiliya bayo muri gahunda y’ukwezi kwa Kamena
26 May 2023, by Byiringiro Osée ElvisSosiyete icuruza amashusho ya Canal+ Rwanda yatangiye gushimira abakiliya bayo binyuze muri poromosiyo yiswe ‘Ibirori bishyushye’.
-
Uko bisa gutembera Pariki y’Akagera hamwe na Global Line Safaris
15 July 2023, by IGIHEPariki yIgihugu y’Akagera ni imwe mu zikurura abantu ikanagira ibyiza byinshi nyaburanga bituma abayisura bahagirira ibihe byiza. Ntibyoroshye kujya muri uru rusobe rw’ibinyabuzima, muri pariki yuje amafu, ariko udafite umuherekeza uzagufasha kugira ibihe byiza uzahora wibuka.
-
Ishuri KETHA ryanyuzwe n’imurikabikorwa ryashyiriweho amashuri ya tekiniki, imyuga n’ubumenyingiro
1 June 2023, by IGIHEIshuri ryigisha ibijyanye n’amahoteli n’ubukerarugendo, Kigali Excellent Tourism and Hospitality Academy (KETHA), ryashimye umwanya wahawe aya mashuri hagamijwe kwerekana ubumenyi atanga.
-
Abanyamigabane ba INTERHOUSE Ltd bashyize ku isoko igorofa bafite i Kigali
1 September 2023, by Igizeneza Jean DésiréNi igorofa riherereye ku muhanda uva Kacyiru ugana ku Kinamba rishobora gukoreshwa mu bikorwa bitandukanye byaba iby’ubucuruzi, gucumbikira abantu, abashaka gushyiramo ibiro n’ibindi.
-
Uruganda rw’icyayi rwa Kitabi rwahembwe nk’indashyikirwa muri Expo yo mu Ntara y’Amajyepfo
11 September 2023, by IGIHEUruganda rw’icyayi rwa Kitabi (Kitabi Tea Company), rwegukanye igihembo cy’uwabaye indashyikirwa mu imurikagurisha ryateguwe n’Abikorera mu Ntara y’Amajyepfo, ruhigitse ibindi bigo bikorera muri iyi Ntara.
-
Imyaka 150 irashize Heineken yigaruriye benshi ku Isi
3 October 2023, by IGIHEHeineken, imwe mu nzoga zishimirwa na benshi ndetse ikaba n’imwe mu binyobwa bya Bralirwa, kuri ubu iri kwizihiza imyaka 150 imaze itangiye gukora iyi nzoga.
-
Masaka: Smart Rwanda Urukundo yashyize ku isoko inzu igurishwa miliyoni 35Frw
10 November 2023, by IGIHEAbantu bose batakibana n’ababyeyi bakenera kuba mu nzu ariko bikaba akarusho yitwa iyawe kuko nibwo uba ufite umutekano, udatekereza ku bwishyu uzaha nyirayo ukwezi kurangiye.
-
Wisdom School ikomeje kwandika abanyeshuri bifuza kuharererwa
13 October 2023, by Claude BazatsindaMu gihe umwaka w’amashuri 2023/2024 urimbanyije, ubuyobozi bw’Ishuri Mpuzamahanga, Wisdom School, buvuga ko bukomeje kwandika abanyeshuri bifuza kuharererwa mu mashami n’ibyiciro bitandukanye harimo n’ubuforomo.
IGIHE