Sosiyete iyoboye izindi mu gucuruza no gusakaza amashusho ya televiziyo, StarTimes, yashyize igororora abafatabuguzi bayo mu mpera z’iki cyumweru aho babasha kureba imikino ya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Espagne, La Liga, n’iyo mu Budage, Bundesliga.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeAdvertorial
HomeAdvertorial
Articles
-
StarTimes irerekana imikino ya La Liga na Bundesliga
5 March 2022, by IGIHE -
Abakiliya ba Jibu bayishimiye serivisi nziza ibaha zirimo n’iyo kubasangisha amazi aho bari
11 October 2021, by Muhonzire SylvineAbakiliya b’uruganda rwa Jibu rutunganya amazi, barishimira ko batakijya kwizanira amazi yo gucuruza ahubwo bayagemurirwa n’uruganda, ibintu Jibu ivuga ko ari bumwe mu buryo yahisemo bwo kwereka abakiliya bayo ko ibakunda muri gahunda yise ‘Jibu Iragukunda’.
-
Abatakaje ibintu bashyiriweho uburyo bwo kujya bamenya ababitoraguye byoroshye
18 March 2022, by Uwiduhaye TheosAbantu bataye ibyagombwa n’ibindi bintu bitandukanye bashyiriweho uburyo bushya buzajya bubafasha kujya bahuzwa n’ababitoraguye.
-
Ibyihariye kuri ‘Yellow Card’ yatumye abantu bitabira ikoreshwa ry’amafaranga yo mu ikoranabuhanga muri Afurika
2 February 2022, by IGIHEUrubuga rwa Yellow Card rucuruza amafaranga yo mu ikoranabuhanga (cryptocurrency) rukomeje gutuma abantu bitabira ikoreshwa ry’ayo mu ikoranabuhanga muri Afurika aho abarusura bahabwa serivisi nziza n’amakuru y’ibaruramari.
-
Dutemberane muri Classic Resort Logde, hoteli y’inyenyeri enye yimakaje Made in Rwanda i Musanze
3 February 2022, by Ntabareshya Jean de DieuKu batemberera mu Karere ka Musanze bamenyereye neza ko ari igicumbi cy’ubukerarugendo bushingiye ahanini kuri Pariki y’Ibirunga, ishoramari no ku kuba ari Akarere gakungahaye ku buhinzi bw’ibiribwa bitandukanye ariko kandi hari n’amahoteri agezweho yakira ba mukerarugendo n’abandi bifuza kukaruhukiramo no gukorerayo umwiherero.
-
Byinshi ku mukino wa ‘Quick Lotto’ wagufasha gutsindira amafaranga mu gihe gito
28 April 2022, by Iradukunda SergeUmukino wa Quick Lotto ni umukino wa tombola yihuse ikorwa buri minota 10 buri munsi amasaha 24. Umuntu ukina ahitamo umubare umwe mu hagati ya 00 na 34.
-
Poromosiyo ya Pasika kuri StarTimes; aba mbere batangiye gusangira Miliyoni 200Frw
5 April 2022, by IGIHEAbanyamahirwe batandukanye bakomeje gutsindira ibihembo bitandukanye birimo n’amafaranga y’ishuri muri poromosiyo ya Pasika kuri StarTimes yiswe ’Inyongera yihuse dusangira Miliyoni 200’.
-
Ba Rwiyemezamirimo bato bashyiriweho amahugurwa n’igishoro ku kiguzi gito
13 May 2022, by IGIHEMuri iki gihe Isi ikataje mu iterambere ryifashishijwe ikoranabuhanga mu bikorwa bitandukanye, u Rwanda ntirwasigaye inyuma, dore ko ku mugabane wa Afurika ruza no ku isonga.
-
Kaminuza ya Kigali yatangiye kwakira abanyeshuri bashya, Impamvu 7 ikwiriye kuba amahitamo yawe
27 April 2022, by IGIHEUri umubyeyi ushaka kaminuza yaha umwana wawe uburezi bufite ireme? Uri umunyeshuri warangije ayisumbuye cyangwa umukozi ushaka kwiyungura ubumenyi buzaguhesha agaciro ku isoko ry’umurirmo ku rwego rw’igihugu, urw’akarere cyangwa ku rwego mpuzamahanga haba mu cyiciro cya kabiri cya kaminuza cyangwa ibindi byisumbuyeho, Kaminuza ya Kigali yakubera amahitamo meza.
-
Canal+ yashyize igorora amahoteli azakira abazitabira BAL na CHOGM
13 May 2022, by Nsengiyumva EmmyBinyuze mu ishami ryitwa B2B (Business to Business) Ritanga serivisi zo gufasha amahoteli, ibigo bya gisirikare, amagereza n’ibitaro n’ahandi hahurira abantu benshi, Canal + yashyize igorora amahoteli arimo azakira abashyitsi bazitabira imikino ya BAL n’inama ya CHOGM.
IGIHE