Ibihugu 20 bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe byahisemo kugaragaza ijwi ryabyo ko bidashyigikiye imikorere itubahiriza amategeko ya Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye uyobora AU mu 2026, watanze kandidatire ya Macky Sall ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru wa Loni agashaka ko abakuru b’ibihugu basigaye ba Afurika bayemeza mu masaha 24 gusa binyuze mu gushyigikira icyemezo yafashe ku giti cye.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ubushobozi buke Ndayishimiye yagaragaje mu miyoborere ntibuzaroha AU mu manga?
28 March, by Musangwa Arthur -
Album nshya, umubano we na Bruce Melodie, urushako na byinshi ku buzima bwe: The Ben twaganiriye (VIDEO)
28 March, by Idukunda Kayihura Emma SabineThe Ben umaze kugira izina rikomeye mu muziki wa Afurika y’Iburasirazuba, yatangaje ko mu minsi iri imbere azasohora album nshya, ndetse we na Bruce Melodie biteguye gushimisha Abanyarwanda mu bice bitandukanye by’igihugu binyuze mu bitaramo bazahuriramo.
-
Dr. Nsengiyumva yasabye abo muri OACPS kwigira aho gutega amaso akimuhana
28 March, by Igizeneza Jean DésiréMinisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yatangaje ko u Rwanda ruzakomeza kubahiriza ibyo rusabwa mu Muryango w’Ibihugu bya Afurika, Caraïbe na Pasifika (OACPS), birimo no gutangira umusanzu ku gihe, asaba n’ibihugu biwugize kubyuhahiriza kugira ngo uzibukire ibyo guhora uteze amaso ku kimuhana.
-
Hamenyekanye igihe umwanzuro ku kibazo cy’u Rwanda n’u Bwongereza uzatangarizwa
29 March, by Ntabareshya Jean de DieuUrukiko Mpuzamahanga rw’Ubuhuza mu Buholandi, rwatangaje ko umwanzuro ku rubanza u Rwanda rwaremezo u Bwongereza ku kutubahiriza amasezerano ibihugu byombi byagiranye arebana n’abimukira uzatangazwa bitarenze ku wa 15 Gicurasi 2026.
-
Rwabuze gica mu nama ya WTO i Yaoundé
29 March, by Philbert GirinemaIbiganiro bigamije kwiga ku mavugurura akwiriye gukorwa muri WTO bikomeje kubera i Yaoundé muri Cameroun. Iminsi itanu ishize ba Minisitiri b’Ubucuruzi b’Ibihugu 166 bigize WTO biri kuba, byagejeje ku wa Gatandatu mu masaha y’urukerera rwabuze gica, impande zose zananiwe kumvikana ku mavugurura akwiriye gukorwa.
-
Dr. Nsengiyumva yasabye abo muri OACPS koroshya imigenderanire nk’izingiro ry’iterambere
29 March, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva, yagaragaje ko mu gihe Umuryango w’Ibihugu bya Afurika, Caraïbe na Pasifika (OACPS), wakoroshya uburyo bwo kugenderanira byaba imbarutso y’iterambere ry’ubukungu bwabyo n’ababituye.
-
Inama ya WTO yarangiye mu rukerera rwo ku wa Mbere ibihugu byananiwe kumvikana
30 March, by Philbert GirinemaInama y’Umuryango Mpuzamahanga mu by’Ubucuruzi, WTO, yari iri kubera i Yaoundé muri Cameroun, yarangiye mu rukerera rwo ku wa Mbere nyuma y’ibiganiro byamaze amasaha menshi, bigeza aho bamwe mu bari bahagarariye ibihugu bataha, amasaha agera kumvikana byananiranye ku mavugurura akwiriye gukorwa, ahanini ku ngingo ikomeye yo gushyiraho cyangwa gukuraho burundu imisoro ku bucuruzi bukorerwa kuri internet.
-
Hubatswe ibyumba by’amashuri 3.000 mu mwaka umwe: Uburezi bw’u Rwanda mu mibare
31 March, by Utuje CedricUburezi bw’u Rwanda buri mu nzego zitera imbere byihuse by’umwihariko bitewe n’amavugurura yagiye akorwa mu masomo yigishwa, abarimu bayatanga n’ibikorwaremezo birimo ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano bwifashishwa mu kwigisha.
-
Nduhungirehe yagaragaje ko ibyavuzwe na FARDC ku gusenya FDLR ari amagambo gusa atagira ibikorwa
31 March, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Ububanyi n’Amaganga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe yatangaje ko gahunda yo kubahiriza amasezerano y’amahoro yashyiriweho umukono i Washington ku wa 4 Ukuboza 2025 bisaba gukora ibikorwa bifatika aho kuvuga amagambo no gutanga amasezerano atazasohozwa.
-
Bashobora kuba babonekewe na Mwuka wera- U Rwanda kuri RDC yongeye kwiyemeza gusenya FDLR
1 April, by Ntabareshya Jean de DieuUmuvugizi Wungirije wa Guverinoma u Rwanda, Uwera Jean Maurice, yatangaje ko ibiheruka kuvugwa n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byo kwambura intwaro umutwe w’iterabwoba wa FDLR, atari ibyo guhita byizerwa, ahubwo ko igikwiriye ari ugutegereza, hakarebwa niba koko hari ikizakorwa.
IGIHE