Minisitiri w’Uburezi, Dr Eugène Mutimura, yatangaje ko Muhizi Kageruka Benjamin ariwe Muyobozi w’agateganyo w’Inama y’Igihugu y’Amashuri makuru na Kaminuza (HEC); umwanya wari usanzweho Dr Muvunyi Emmanuel.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeNews
HomeNews
Articles
-
Dr Muvunyi yasimbuwe ku buyobozi bwa HEC
14 October 2019, by IGIHE -
Mu mafoto arenga 100: Ihere ijisho ibihe bitazibagirana David Luiz yagiriye mu Rwanda
14 October 2019, by Nsengiyumva EmmyDavid Luiz w’imyaka 32 yaje mu Rwanda ku wa Kane tariki 10 Ukwakira 2019 mu gihe Shampiyona zo ku mugabane w’u Burayi zahagaze kubera imikino y’amakipe y’ibihugu, we akaba atarahamagawe n’Umutoza wa Brésil, Tite, mu mikino ibiri ya gicuti igihugu cye cyakiniye muri Singapore.
-
Imyitwarire yaranze Habumukiza wafashwe mu bishe abaturage i Musanze: Ubuhamya bw’ababyeyi n’abaturanyi
14 October 2019, by Evariste NsengimanaBamwe mu baturage bo mu Karere ka Burera bavuga ko baguye mu kantu nyuma yo kumva ko Habumukiza Théoneste, umwe mu baturanyi yafashwe mu gikundi cy’abagize uruhare mu kwica kinyamaswa abaturage 15 bo mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze.
-
Imvano y’ibikorwa bya Museveni ku Rwanda n’icyo bihatse
15 October 2019, by Tom NdahiroKuva amakimbirane hagati ya Uganda n’u Rwanda yakara kugera ku rwego ariho ubu nyuma y’imyaka 20 yo guceceka, abasesenguzi bamaze imyaka ibiri n’igice bagerageza gusobanura iby’uyu mwuka mubi.
-
Amashyushyu ni yose! Intebe enye muri Guverinoma zitegereje abazicazwamo
14 October 2019, by Philbert GirinemaMu gihe cy’amezi macye ashize hari bamwe mu bayobozi muri guverinoma bagiye bahabwa indi myanya magingo aya batarasimburwa. Iyi myanya igera kuri ine ni ya yindi itajya ipiganirwa, yewe nta n’ibizamini abayishyirwamo babanza gukora, umwanzuro wa nyuma ufatwa na Perezida nyir’ubwite yabigiyeho inama na Minisitiri w’Intebe, bigatangazwa kenshi na kenshi mu buryo buba busa n’ubutunguranye. Kuri ubu amaso ahanzwe ku kumenya bene umugisha bazahabwa icyizere n’Umukuru w’Igihugu.
-
Bigenda bite iyo umuntu apfuye afitiye Banki cyangwa abaturanyi umwenda?
15 October 2019, by Evariste NsengimanaGuhera kuri wowe usoma iyi nkuru, umuvandimwe, umufasha cyangwa umukoresha wawe mufite cyangwa mwigeze kwaka ideni ikigo cy’imari cyangwa inshuti zanyu, uko niko bizagenda mu gihe muzava kuri iyi mutarabasha kuryishyura.
-
USA: Umwana w’imyaka ine yarogoye nyina ari kuvuga amakuru kuri Televiziyo (video)
13 October 2019, by Rosine IngabireUmunyamakuru wa Televiziyo NBS News, Courtney Kube, yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yarogowe n’umwana we w’imyaka ine ubwo yari ari kuvuga amakuru.
-
Kigali: Hafunguwe ’kiosque’ zifite ubwiherero n’ahazatangirwa sezivisi zirimo iz’ikoranabuhanga
14 October 2019, by Evariste NsengimanaMu Mujyi wa Kigali hafunguwe inzu zo gucururizamo zifite ubwiherero rusange bugezweho(Smart Public Toilet) n’igice kizatangirwa serivise abagenzi bakenera nk’izo guhererekanya amafaranga bifashishije telefone, iza banki, iz’Irembo, aho bakorera cyangwa basukurira inkweto n’aho kugurira icyayi, ikawa n’ibindi.
-
Kigali: Umumotari yugamye munsi y’igiti kiramugwira arapfa
14 October 2019, by Ferdinand ManiraguhaUmugabo w’imyaka 27 witwa Bandetse Edouard kuri uyu wa Mbere yugamye munsi y’igiti mu Kagari ka Kiyovu, Umurenge wa Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, igiti kiramugwira ahita yitaba Imana.
-
John Terry, Drinkwater na Gilberto Silva mu bishimiye ko David Luiz yasuye ingagi zo mu birunga
14 October 2019, by Eric Tony UkurikiyimfuraUmutoza wungirije wa Aston Villa, John Terry na Danny Drinkwater ukinira ikipe ya Chelsea ni bamwe mu bishimiye urugendo myugariro wa Arsenal, David Luiz yagiriye mu Rwanda muri iki Cyumweru twasoje.
IGIHE