Benshi ntibita ku mikoreshereze y’amarenga (body language), nyamara ugendeye ku gitabo cya Leil Lowndes yise “How To Talt To Anyone” ugenekereje mu Kinyarwanda bivuga “uko wavugisha buri wese”, ushobora kubona uko wakwigarurira umutima w’umuntu mu kanya gato utavuze ijambo na rimwe.
Hagendewe ku bivugwa mu gitabo cya Lowndes, dore amwe mu marenga wakoresha ugatuma umuntu agukunda byihuse.
1.Inseko nziza
Uyu mugabo Lowndes agaragaza ko atari byiza gusekera umuntu ukimusuhuza ako kanya; (…)
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeNews
HomeNews
Articles
-
Amarenga 7 wakora, umuntu agahita agukunda
21 August 2014, by Shaba -
Aryoha asubiwemo! Rwanda Day yanditse amateka i Bonn
9 October 2019, by Philbert GirinemaUwakubwira ko mu mpera z’icyumweru gishize Bonn yari yabaye u Rwanda rwa kabiri ntiyaba akubeshye. Wamamaga akajisho hirya ukabona amajigija n’ibikwerere babukereye bashananishije, wahindukira gato ugahuza amaso n’abasore n’inkumi bizihiwe, akanyamuneza katashye imitima.
-
Agahomamunwa! Uko biba byifashe mu bigo bikorerwamo iyicarubozo ku banyarwanda muri Uganda
17 September 2019, by IGIHEUratekereza ari nk’umugore wawe cyangwa mushiki wawe bafashe bakamukuramo imyenda, amabere agaragara, yambaye ubusa buri buri, bakamwicaza mu mazi, bakamukubitisha amashanyarazi ku myanya y’ibanga nk’iyo twese twubaha? Ari uwawe wabyakira ute? Abaye ari wowe se wabyakira ute? Nyamara ibi nibyo bikorerwa bashiki bacu, ababyeyi bacu n’abandi bene wacu b’abanyarwanda, babikorerwa n’abaturanyi bo hirya aha muri Uganda umunsi ku wundi.
-
YouthConnekt: Didier Drogba yacyeje iterambere n’ubwiyunge mu Rwanda
10 October 2019, by Cyprien NiyomwungeriUmunya-Côte d’Ivoire Didier Yves Drogba Tébily wamamaye mu mupira w’amaguru, yacyeje intambwe u Rwanda rumaze gutera mu rugendo rwo kongera kwiyubaka nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi yarusize iheruheru.
-
BPR yasangije abakiliya ikoranabuhanga ritomoye n’uburyo buzaborohereza kubona serivisi z’imari
12 October 2019, by Twarabanye VenusteBanki y’Abaturage y’u Rwanda (BPR Atlas Mara) yagaragarije abakiliya bayo serivisi nshya ibafitiye zo gushyiraho abakozi batanga serivisi za banki n’ikoranabuhanga rizafasha mu kugabanya igihe bakoreshaga bagana amashami yayo atandukanye.
-
Gasabo: Babangamiwe n’amazi aturuka ku musozi no mu muhanda uheruka kubakwa atarateganyirijwe inzira
14 October 2019, by IGIHEAbaturage bo mu Murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo bavuga ko babangamiwe n’amazi aturuka mu muhanda baheruka kubakirwa n’aturuka mu misozi ibakikije atarahawe uburyo buhamye bwo kuyafata akaba abangiriza imyaka n’inzu.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Didier Drogba (Amafoto)
11 October 2019, by Rabbi Malo UmucunguziPerezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu yakiriye Umunya-Côte d’Ivoire Didier Drogba muri Village Urugwiro, akaba ari mu Rwanda nk’umwe mu bagejeje ibiganiro ku nama Nyafurika y’Urubyiruko izwi nka ‘YouthConnekt Africa Summit 2019’.
-
Perezida Kagame yahamije ko u Rwanda na Centrafrique byinjiye mu mateka mashya
15 October 2019, by Cyprien NiyomwungeriPerezida Kagame yavuze ko u Rwanda na Centrafrique byinjiye mu bihe bishya by’umubano, nyuma yo gusinya amasezerano hagati y’impande zombi mu bijyanye n’igisirikare, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, peteroli no guteza imbere ishoramari.
-
AU yokejwe igitutu nyuma yo kwirukana umudipolomate wayo muri Amerika
14 October 2019, by Bukuru JCKomisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU), urimo kotswa igitutu nyuma yo kwirukana umudipolomate wayo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Dr Arikana Chihombori-Quao, none ukaba usabwa kumusubiza mu nshingano ze.
-
Qatar Airways ishobora kugura imigabane muri RwandAir
14 October 2019, by Evariste NsengimanaGuverinoma y’u Rwanda n’iya Qatar ziri mu biganiro bishobora gutuma zigurishanya imigabane hagati ya Sosiyete zazo z’Indege za RwandAir na Qatar Airways mu rwego rwo kwagura ibikorwa byazo.
IGIHE