Tariki ya 9 Ukwakira muri Main Auditorium ya Kaminuza Nkuru y’u Rwanda i Huye, na tariki ya 10 Ukwakira muri Petit Stade i Remera i Kigali, Dream Boyz bazamurika Album yabo ya Gatatu bise “Uzambarize Mama”.
Ibi bitaramo bya Dream Boyz bizaba birimo umuhanzi Eddy Kenzo wo muri Uganda, Makanyaga Abdul, n’abandi basanzwe bazwi mu Rwanda nka Senderi International, King James, Urban Boyz, Knowles, Kitoko, Kamichi, Riderman, Jay Polly, Young Grace, Danny Nanone, Uncle Austin, Ama-G The Black, (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > toptenlnews
toptenlnews
Articles
-
Dream Boyz igiye kumurika Album yabo ya gatatu
31 October 2012, by Dean Irak -
Ganza agiye gukorera Video umuraperi w’icyamamare w’Umunyanijeriya
2 November 2012, by Dean IrakUmunyarwanda utunganya amashusho uzwi ku izina rya Ganza Didier, wamenyekanye mu Rwanda nk’umubyinnyi n’umunyamakuru kuri CFM, ubu uba muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika agiye kuyobora ifatwa n’itunganywa ry’amashusho y’indirimbo y’umuraperi wa Nigeria witwa M.I, w’imyaka 25, wamenyekaniye cyane cyane ku ndirimbo yise ‘Crowd Mentality’.
Uyu Ganza, niwe uheruka gutunganya amashusho y’indirimbo “African swagger” ya Alpha Rwirangira (watsindiye irushanwa rya Tusker Project Fame Season 3 na (…) -
Abahanzi 7 b’Abarundi mu gitaramo i Kigali
1 November 2012, by Dean IrakSat-B, R-Flow, Chanella, Elvis, Bamso, T-Max na Mr Happy bari mu bahanzi bagezweho mu Burundi basesekaye i Kigali mu Rwanda kuri uyu wa Kane tariki ya 1 Ugushyingo 2012.
Baje mu gitaramo cyitwa “Boda to Boda” bateganya gukorera muri Relax Restaurant & Bar akabari kari mu nyubako y’isoko rishya ryo mu mujyi wa Kigali kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Ugushyingo 2012 guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (18h00’).
Aganira na IGIHE, Sat-B, umwe muri aba bahanzi yavuze ko bishimiye uko (…) -
TNP na Knowless bafashe amashusho ya “Ndamburiraho ibiganza”
1 November 2012, by Dean IrakKnowless na TNP baraye, muri iki Cyumweru, bafashe amashusho y’indirimbo baririmbanye yitwa “Ndamburiraho ibiganza” imwe mu ndirimbo zakunzwe mu Rwanda.
Aya mashusho bayafatiye mu mujyi wa Kigali, ahitwa Las Vegas, ruguru gato ya City Radio. Aba bahanzi bagaragara basa nk’abari mu kabare, aho basa nk’abahurira na Knowless.
Aganira na IGIHE Producer Rachid wo muri Spotlights, uwayoboye amashusho muri iyi Video, avuga ko Knowless na TNP ari abahanga mu mashusho ku buryo abona indirimbo (…) -
Nyampinga bo mu bihe bitandukanye mu Rwanda
1 November 2012IGIHE yagerageje gukusanyiriza amafoto ya bamwe muri ba Nyampinga babayeho mu Rwanda haba ku rwego rw’igihugu cyangwa ku rwego rwa za kaminuza n’amashuri makuru ndetse n’Abanyarwandakazi baba cyangwa biga hanze bagiye baba ba Nyampinga. Foto/Archives & Internet
IGIHE