Nyuma y’imyaka 15 atagera mu Rwanda, umuhanzi Big Dom yahishuye ibintu bine bituma buri Munyarwanda aho ari hose aterwa ishema n’urwamubyaye , ari nabyo byanatumye akora indirimbo ishima u Rwanda.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Big Dom yahishuye ibintu bituma buri Munyarwanda aterwa ishema n’Igihugu cye
18 January 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Meddy, Platini P, Uncle Austin, Riderman na Bwiza mu bakoze mu nganzo… Indirimbo za Weekend
20 January 2024, by Uwiduhaye TheosMu mpera za buri Cyumweru, IGIHE yiyemeje kujya igaruka ku ndirimbo zagiye hanze nshya. Ni mu nkuru igaruka ku z’abahanzi b’Abanyarwanda zaba izihimbaza Imana cyangwa izisanzwe.
-
Icyo Bruce Melodie yabwiye Harmonize nyuma yo kunyanyagiza amafaranga ku bamotari i Kigali
4 March 2024, by Mahoro VainqueurBruce Melodie yatangaje ko atishimiye kubona Harmonize ajugunyira abantu amafaranga ubwo aheruka i Kigali ndetse amusaba kutongera gukora igikorwa nk’icyo igihe cyose ari mu Rwanda.
-
Uko Ariel Wayz yigobotoye agahinda gakabije yagize nyuma yo kuva muri Symphony Band
5 March 2024, by Mahoro VainqueurUwayezu Arielle [Ariel Wayz], umwe bahanzikazi bakunzwe na benshi muri iki gihe, yahishuye ko ubwo yari amaze gutandukana n’itsinda Symphony Band, yagize agahinda gakabije katewe n’agambo y’abantu yabwiwe.
-
Menya abakobwa bakunzwe bongeye gukundisha Abanyarwanda imbyino zigezweho
11 March 2024, by Uwiduhaye TheosMuri iyi minsi akamwenyu kongeye gusakara ku bakunzi b’imbyino zigezweho, nyuma y’uko hongeye kwaduka ababyinnyi babigize umwuga, nyuma y’igihe kinini amatsinda yari akunzwe arimo Good Guys na Bad Boys yakanyujijeho mu myaka ya 2000 yarakendereye ndetse n’abandi baje nyuma yayo ntibabashe gushing imizi byakwanga bagakuramo akabo karenge.
-
Bruce Melodie na Shaggy bacanye umucyo mu kiganiro Good Morning America
18 March 2024, by Mahoro VainqueurBruce Melodie yanejejwe no kugaragara mu kiganiro Good Morning America (GMA) cya Televiziyo ya ABC News, kiri mu biganiro bya mu gitondo bikunzwe cyane muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Alyn Sano yashyize ku isoko imyenda yitiriye album ye
29 March 2024, by Nsengiyumva EmmyNyuma gushyira hanze album ye ya mbere yise ‘Rumuri’, Alyn Sano yamaze gushyira ku isoko imyenda n’ibindi bikoresho yayitiriye.
-
Amafoto y’Umunyarwandakazi DJ Alisha yasize umugani muri Uganda
30 March 2024, by Uwiduhaye TheosKu mbuga nkoranyambaga muri Uganda, hakomeje gucaracara amafoto agaragaza igice cy’ibanga cya DJ Alisha, Umunyarwandakazi ukorera akazi muri Uganda.
-
Hakinwe umukino w’umutima w’ingabo! Ibihame by’Imana byatangije ‘Mutarama Turatarama’
20 January 2024, by IGIHEItorero Ibihame by’Imana, byakumbuje abitabiriye igitaramo ‘Mutarama Turatarama’, umuco w’ubutwari no kwitangira igihugu waranze abanyarwanda bo hambere.
-
Platini yaryumyeho ubwo yabazwaga ku guserukana n’umugore we mu gitaramo
7 March 2024, by Mahoro VainqueurNemeye Platini ugeze kure imyiteguro y’igitaramo cye cya mbere yise “Baba Xperience”, yaryumyeho ubwo yari abajijwe niba umugore we azitabira iki gitaramo cyo kwizihiza ubuzima yanyuzemo kuva yantagira umuziki.
IGIHE