Mu gitaramo cyabereye muri Serena Hotel kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Mutarama 2012, Umurundikazi Cynthia Manwangali yamuritse imyambarire ituruka mu bihugu byo muri EAC. Myinshi muri iyo myambarire ni iyakozwe na Manwangali ubwe, iyakozwe na Aline Gahongayire ndetse n’imyambarire ya Inzuki Design. Muri iki gitaramo kandi Abarundi berekanye imbyino ndundi zigaragaza umuco (akaranga) w’igihugu cy’u Burundi.
Foto: Richard IRAKOZE
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > a_photosgallery
a_photosgallery
Articles
-
Minisiteri y’Ubuzima yasuye ibitaro bya Kibagabaga
7 May 2013, by Rene Anthere Rwanyange -
Abarundi bataramiye mu Rwanda
30 January 2012 -
Perezida Kagame asura “Gashora Girls school Academy”
4 July 2012, by M. M.Ku ya 3 Nyakanga, Perezida Paul Kagame aherekejwe n’Umufasha we Jeannette Kagame ndetse na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Musoni James, basuye ishuri ryisumbuye ry’abakobwa rya Gashora ryo mu Karere ka Bugesera.
Umukuru w’Igihugu yasabye abanyeshuri kuba abakobwa babereye u Rwanda no kuba urugero rubereye abandi.
Ikigo cy’ ishuri cya Gashora Girls Academy gifite abanyeshuli 180 biga mu mwaka wa kane n’ uwa gatanu mu mashami y’ubugenge,ubutabire n’ imibare ( PCM)ubugenge , (…) -
Amakuru yaranze icyumweru kuva 9 - 15 Kanama 2014
16 June 2014, by Mathias HitimanaMuri iki cyumweru cyose kuva 9 - 15 Kanama, IGIHE yatangaje inkuru nyinshi z’ingeri zitandukanye; zirimo inkuru yo Kurasana hagati y’ingabo z’u Rwanda n’iza Congo, ifungurwa ry’igikombe cy’isi 2014 n’izindi nyinshi. Twabakoreye inshamake mu mafoto mu mafoto.
-
Amafoto ya S. Miraji mu bihe bitandukanye
24 January 2012 -
Amafoto ya Danny mu bihe bitandukanye
2 January 2012 -
Inkuru zaranze icyumweru 19-25Kanama 2013
25 August 2013Mu nkuru zaranze icyumweru gishize guhera kuya 19-25 Kanama 2013, twabagejejeho inkuru y’uko Perezida Kagame yafunguye igice cy’inganda zitunganya umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi, zubatse ahagenewe inganda mu murenge wa Kimironko, Akarere ka Gasabo. twabagejejeho kandi n’inkuru y’itangazo ryashyizwe ahagaragara n’igisirikare cy’u Rwanda RDF kuri uyu wa Gatanu watambutse, ryavugaga ko ingabo z’u Rwanda RDF, zamaganye iraswa ry’ibisasu, ku nshuro ya gatatu, ku butaka bw’u Rwanda, kuri uyu wa (…)
-
Uruganda rwa Kinazi Cassava Plant
30 August 2012KCP, KINAZI CASSAVA PLANT, URUGANDA RW’IMYUMBATI RWA KINAZI, ruherereye mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo. Rwatashywe ku mugaragaro tariki ya 16 Mata 2012 na Nyakubahwa Perezida wa Repuburika, Paul Kagame. Uru ruganda rutunganya ifu y’imyumbati y’ubwiza buhebuje (High Quality Cassava Flour – Chakula cha kila siku), ubika ikamara imyaka 2 igifite umwimerere. Rufite ubushobozi bwo gutunganya toni 2 z’ifu mw’isaha, zikozwe muri toni 6 z’imyumbati mibisi. Ifu (…)
-
Iserukiramuco rya Kigali Up mu Mafoto
22 July 2014Kuwa 19 na 20 Nyakanga 2014, i Kigali mu Rwanda habereye iserukiramuco rya muzika rizwi ku izina rya Kigali Up. Ni inshuro ya 4 iri serukiramuco riba. Muri iri serukiramuco hagaragayemo abahanzi benshi baba abakomoka mu Rwanda ndetse n’abakomoka hanze yarwo barangajwe imbere n’umunya-Senegal Didier AWADI uzwi mu njyana ya Hip Hop. Mu gihe ubwitabire bw’abantu bari bucye muri rusange, umubare munini w’abitabiriye iri serukiramuco ni abanyamahanga.
©Rudasingwa A. Christian -
Amafoto ya Gisa mu bihe bitandukanye
14 October 2012, by Dean IrakAmafoto y’umuhanzi Gisa ari kumwe n’inshuti ze ndetse n’abandi bahanzi bagenzi be. Amwe muri aya mafoto Gisa agaragara ari muri Studio Ibisumizi ndetse ari kumwe na "First Boy", umwe mu batunganya indirimbo muri iyi studio, Davydenko ndetse n’abandi. Foto: Richard Irakoze
IGIHE