Inzoka z’impiri, uruziramire, inshira, ikiryambeba n’izindi zatangiye kwerekwa Abanyarwanda nka bimwe mu biranga amateka y’u Rwanda biri mu nzu y’umurage y’u Rwanda imenyerewe ku izina rya Richard Candt i Kigali. Kuri izi nzoka hiyongeraho n’ingona nini yafatiwe mu Bugesera, aho ibi binyabuzima byitezweho gukurura ba mukerarugendo benshi kuko bitari bisanzwe biboneka ku buryo bworoshye..Foto: Faustin N.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > a_photosgallery
a_photosgallery
Articles
-
Inzoka zororewe i Kigali
5 November 2013, by Mathias Hitimana -
Umuraza na Rutayisire; Miss na Mr KIM 2013
19 August 2013, by Dean IrakAhagana mu ma saa saba z’ijoro zo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Kanama 2013, Carine Umuraza, wiga mu mwaka wa gatatu yambitswe ikamba rya Nyampinga w’Ishuri Rikuru rya Kigali ry’Icungamutungo (KIM). Rutayisire Floris we yambitswe ikamba rya Rudasumbwa w’iri shuri. Iki gitaramo cyo gutora uyu Nyampinga na Rudasumbwa ba KIM 2013, cyasusurukijwe n’abahanzi Edouce, Urban Boyz na Riderman. Foto: Thierry Dushimirimana
-
Amakuru yaranze icyumweru 11- 17 Werurwe 2014
17 March 2014, by Mathias HitimanaMu cyumweru cyose kuva ku itariki ya 3 Werurwe kugeza kuwa 9 Werurwe 2014,
IGIHE yatangaje inkuru nyinshi zitandukanye, yabakoreye inshamake mu mafoto. -
Uruzinduko rwa Perezida Kagame i Nyamagabe
20 February 2013, by Rene Anthere RwanyangeKu wa 19 Gashyantare 2013, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasuye abaturage b’Akarere ka Nyamagabe abizeza ubufatanye bwose bushoboka mu rugamba rw’iterambere. Yababwiye ko aho Nyamagabe ivuye n’aho igeze ari ikimenyetso cy’ibishoboka, cy’aho abantu bashobora kwivana n’aho bashobora kwigeza. Perezida wa Repubulika yagize ati "Leta ifatanya namwe, ikabatera inkunga ariko ibyinshi ni mwebwe mubikora. Dufatanye twese dukore ibishobora kuduteza imbere, ibyiza biri imbere kandi turabikozaho (…)
-
Iterambere ry’Agakiriro ka Gisozi mu Mujyi wa Kigali
9 June 2016, by Ferdinand Maniraguha -
Amafoto ya Danny Vumbi mu bihe bitandukanye
6 January 2012 -
Umujyi wa Nyamagabe
9 May 2012Akarere ka Nyamagabe gaherereye mu Ntara y’Amajyepfo aho umujyi wako ubarizwa mu Murenge wa Gasaka. Aya ni amwe mu mafoto -n’ubwo atari yose- agaragaza uko ubu uyu mujyi ugenda utera imbere.
Foto/Elisée Mpirwa -
Ubukwe bwa Miss Deborah Isimbi, mu mafoto
1 April 2013, by Rene Anthere RwanyangeNyampinga wa Kaminuza Nkuru y’u Rwanda wa 2012, Isimbi Deborah, yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Safari Bryan kuzabana akaramata mu rusengero rw’Abangilikani i Remera.
Mu muhango wo gusezeranya imbere y’Imana kuri iyi Pasika, Nyampinga Isimbi na Bryan, urusengero rwari rwakubise rwuzuye inshuti n’imiryango y’abageni bombi, kimwe n’abandi bari bitabiriye ubukwe bw’umukobwa ukomeye watowe nka Nyampinga. Amafoto: Steven Ndizeye -
Amafoto ya Bull Dogg mu bihe bitandukanye
4 July 2013, by Dean IrakAya ni amwe mu mafoto y’umuraperi Bull Dogg uri mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star III. Uyu muraperi yatangiye kuririmba kuva mu 2008, ubwo yashyiraga hanze indirimbo yise "Umunsi w’Imperuka". Bull Dogg abarizwa mu itsinda rya Tuff Gang. Arapa ku buzima busanzwe, n’ibindi bibazo byugarije urubyiruko.
-
Musanze Roadshow
9 June 2012, by Dean Irak
IGIHE