Ibikoresho bya muzika, ni buri kintu gikorwa, gifitiwe intego yo gutanga cyangwa gusohora ijwi ry’umuziki. Bimwe mu bikoresho bya muzika bikunze kugaragara by’umwihariko mu Rwanda, harimo imyirongi, ingoma za kizungu, Piyano, Gitari, Umuduri, Inanga, Ingoma zigizwe n’Ishakwe, Inyahura, Igihumurizo, n’ibindi bikoresho bitandukanye.
Mu bindi bikoresho bigaragara hirya no hino ku isi, ni byinshi cyane, aho birimo ibisohora amajwi hifashishijwe ingufu z’amashanyarazi, ibikubitwa kugira ngo (…)
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > a_photosgallery
a_photosgallery
Articles
-
Bimwe mu bikoresho bya Muzika
9 October 2012, by Kwizera Emmanuel -
Amakuru yaranze icyumweru hagati yo kuwa 22 na 28 Nzeri 2014
29 September 2014, by Mathias HitimanaMu cyumweru gishize, IGIHE yatambukije inkuru nyinshi zirimo izavuze ku Nama Rusange ya 69 y’Umuryango w’Abibumbye, aho Perezida Kagame yagiye atangira ubutumwa butandukanye. Hamwe n’izindi nkuru, twabakoreye inshamake mu mafoto.
-
Amakuru yaranze icyumweru 26 Gicurasi -1 Kamena 2014
2 June 2014, by Mathias HitimanaKuva kuwa 26 Gicurasi kugeza kuwa 01 Kanama, IGIHE yatangaje inkuru nyinshi zitandukanye; mushobora kureba inshamake mu mafoto.
-
Rwanda Day Boston 2012
22 September 2012 -
Ibikorwa binyuranye bya REMA muri Werurwe 2013
22 March 2013, by Rene Anthere RwanyangeMuri uku kwezi Werurwe 2013, Ikigo cy’Igihugu cyo kubungabunga ibidukikije cyageze kuri byinshi. Kimwe muri ibyo bikorwa ni amasezerano y’ubufatanye yashyizweho umukono hagati y’Urugaga rw’abikorera ku giti cyabo "PSF" n’Ikigo cy’igihugu cyo kubungabunga ibidukikije "REMA". Aya masezerano akaba ategerejweho kuzatuma ba Rwiyemezamirimo barushaho guhanga imirimo ikozwe ku buryo burambye, kandi itangiza ibidukikije "Green Jobs". Hakozwe amahugurwa mu rwego rwo gukangurira abantu bo mu nzego (…)
-
Amafoto yaranze icyumweru gishize
19 December 2012, by Rene Anthere RwanyangeAmafoto yaranze icyumweru gishize mu bikorwa binyuranye.
-
Dore isura y’Umujyi wa Kigali muri 2012
19 January 2012Nshuti basomyi ba IGIHE.com, nyuma y’aho tubatembereje i Bujumbura umurwa mukuru w’u Burundi benshi bahise badusaba ko twabashyiriraho n’amafoto agaragaza Umujyi wa Kigali kugirango wenda abatahazi cyangwa abatahaheruka babashe kubona isura nyayo uyu mujyi ufite muri iki gihe, ibyifuzo byanyu rero bishyizwe mu bikorwa. Ngiyi Kigali y’uyu munsi ariko harimo amafoto macye yafashwe cyera kugirango musobanukirwe uko byahoze.Muryoherwe.
Foto:Cyril NDEGEYA,Nkurunziza Faustin,Internet -
Kigali Fashion Week 2013
12 November 2013Ubwitabire, urugwiro n’ibyishimo nibyo byaranze ibirori byo kwerekana imideli y’ubwoko butandukanye mu muhango wo gusoza icyumweru cyahariwe imideli mu Rwanda, cyiswe “Kigali Fashion Week” cyitabiriwe n’abantu benshi harimo n’abanyamahanga benshi, tariki 8 Ugushyingo 2013 muri Serena Hotel. cyateguwe na “House of Fashion " iyobowe na Bunyeshuri Hohn wazanye icyo gitekerezo. Foto: Faustin N.
-
Igitaramo cy’isabukuru ya FPR Inkotanyi
16 December 2012Mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 Umuryango FPR Inkotanyi umuze ushinzwe, abahanzi barimo P-Square, Jose Chameleone, Lilian Mbabazi, Jay Polly, Knowless, n’abandi bataramiye Abanyarwanda kuri Stade Amahoro ku wa Gatanu tariki 14 Ukuboza 2012. Iki gitaramo kitabiriwe kandi na Perezida Paul Kagame n’abayobozi bakuru b’igihugu. Foto/Village Urugwiro
-
Amakuru yaranze icyumweru
14 October 2013Mu makuru yaranze icyumweru twabagejejeho guhera kuya 07-13 Ukwakira 2013, twibanze ku byemezo by’inama y’abaminisitiri byasohotse kuya 09 Ukwakira, n’uburyo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yasabye abashoramari bo mu Rwanda no muri Uganda gukomeza gufatanya bakongera imbaraga mu bikorwa byabo byo gushora imari no kubyaza umusaruro amahirwe bafite muri ibyo bihugu, kuko ishoramari rizamutse ryakomeza kuvana abatuye ibi bihugu mu bukene.twabagejejeho kandi Ibyatangajwe na (…)
IGIHE