Mu muhango wo kwakira Ebenezer Asante, Umuyobozi mushya wa MTN Rwanda, no gusezera kuri Khaled Mikkawi ucyuye igihe, kuya 4 Ukwakira 2013, sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda yatangaje ko inezezwa cyane n’uburyo u Rwanda n’ubuyobozi bwarwo byorohereza ishoramari ry’abikorera.Ebenezer Asante afite ubumenyi muri serivisi zihabwa abakiriya. Mbere yo kuza muri MTN yari amaze imyaka 13 akorana na sosiyete ya Unilever, aho yakoraga imirimo itandukanye irimo n’ubuyobozi bukuru muri Zambiya mu 2005. (…)
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > a_photosgallery
a_photosgallery
Articles
-
Ihererekanya bubasha, MTN
8 October 2013 -
Perezida Kagame yakiriye abakuru b’ibihugu bitabiriye inama ya AU(Amafoto)
17 July 2016, by Kanamugire Emmanuel -
Igitaramo cya KNC
30 October 2012, by Dean Irak -
Amafoto ya Narrow Crew
17 August 2012, by Dean Irak -
Amafoto ya Urban Boyz mu bihe bitandukanye
7 January 2012 -
Amafoto ya Bahati mu bihe bitandukanye
6 August 2012, by Dean Irak -
Amakuru yaranze icyumweru 15-21 Nyakanga.2013
22 July 2013Mu nkuru zaranze icyumweru cyo kuya 15-21.Nyakanga 2013, twibanze ku Bisas bibiri byaguye ku butaka bw’u Rwanda, iyimikwa rya Musenyeri mushya wa Diyosezi ya Kibungo Antoine Kambana, ndetse n’ibijyanye no gusaba imbabazi kw’abahutu byavugiwe mu nama yaguye y’umuryango wa FPR Inkotanyi. twabagejejeho kandi n’urupfu rw’uwahoze ari umukozi wa Transparency International Rwanda, Makonene Gustave wishwe agasanganwa umugozi mu ijosi umurambo we ugasangwa hafi y’ikiyaga cya Kivu mu karere ka Rubavu. (…)
-
Miss Rwanda 2012
24 August 2012Aba ni bo bahatanira kwegukana ikamba rya Miss Rwanda 2012 aho bari mu mwiherero mu mujyi wa Gisenyi (Rubavu). Aha bari gukukurikirana amasomo atandukanye yerekeye umuco Nyarwanda, amateka, iterambere n’ubukungu n’ibindi bitandukanye birimo n’imikino ngororamubiri. Ibi biba mbere y’igikorwa nyamukuru cyo gutora ubahigwa gitegerejwe tariki 1 Nzeri 2012.
Foto/Miss Rwanda -
Amafoto ya Diplomate mu bihe bitandukanye
2 January 2012 -
Amafoto ya Frank Joe mu bihe bitandukanye
19 January 2012Umuhanzi w’Umunyarwanda Frank Joe agaragara mu mashusho atandukanye ari kuririmba, ari kumwe na bamwe mu bagize umuryango we (Nyina, umugore we, umwana we...).
Muri aya mafoto, harimo ayo aheruka gufotorwa vuba ubwo yazaga mu Rwanda mu gitaramo yagize gitangira umwaka. Agaragara kandi ari no muri Canada, aho atuye.
Uyu muhanzi kandi agaragara ari no mu kazi akora ko kumurika imideri n’andi atandukanye ushobora kwirebera.
IGIHE