Kuwa 22 Gashyantare 2014, i Kigali habereye umuhango wo gutora Nyampinga w’ u Rwanda 2014 (Miss Rwanda 2014), igikorwa cyabaye ku nshuro ya 4 mu mateka y’ u Rwanda. Ikamba rya Nyampinga w’ u Rwanda ryambitswe Akiwacu Colombe, uyu mukobwa yari afite imyaka 20 y’amavuko, akareshya na 1m75 akaba ari mu bari bahagarariye intara y’Iburasirazuba, Igisonga cya Kabiri yabaye Umutoniwase Marlene, w’imyaka 23 naho igisonga cya mbere aba Akineza Carmen.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > a_photosgallery
a_photosgallery
Articles
-
Amafoto ya Daniellah mu bihe bitandukanye
17 January 2012 -
Amafoto ya Kitoko mu bihe bitandukanye
22 January 2012 -
Amafoto yo mu itorwa rya Miss Rwanda 2014
3 March 2014 -
Paccy amurika Album "Miss President"
26 August 2012, by Dean IrakKuri uyu wa Gatanu tariki 24 Kanama 2012, umuhanzi Paccy Oda yamuritse Album ye ya mbere ku mugaragaro kuri Stade Ntoya Amahoro y’i Remera.
Mu kumurika iyi Album, Paccy yavuze ko yishimiye kuba ababyeyi be baramufashije cyane mu buhanzi bwe. Aya ni amafoto agaragaza uko igitaramo cyari kimeze.
Foto: Richard Irakoze -
Rwanda Smile mu mafoto
16 April 2013, by Rene Anthere RwanyangeAmafoto/Steven Ndizeye
-
Amafoto ya Henry mu bihe bitandukanye
3 December 2012, by Dean IrakAya ni amwe mu mafoto ya Hirwa Henry waririmbaga mu itsinda rya KGB witabye Imana ku wa Gatandatu tariki ya 1 Ukuboza 2012 arohamye mu kiyaga cya Muhazi mu Ntara y’Iburasirazuba.
-
Amafoto y’ibiganiro byabereye KIST ( RGB)
5 July 2013, by Richard Dan Iraguhaku wa Gatatu tariki ya 3 Nyakanga 2013, mu Ishuri rikuru ry’Ubumenyi n’ikoranabuhanga rya Kigali (KIST), habereye ikiganiro ku rwego rw’igihugu cyari gifite insanganyamatsiko igira iti “Tugire Ishyaka mu Kuvugurura Afurika : Ejo hacu mu biganza byacu.” Iki kiganiro cyateguwe na Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga (MINAFFET) n’Ikigo cy’Igihugu cy’imiyoborere (RGB). Abayobozi batandukanye batanze ibiganiro hibandwa ku izihizwa ry’Afurika ry’imyaka 50 y’ishingwa ry’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika (…)
-
University of Kigali yatangije ibikorwa byayo mu Rwanda
16 October 2013Kuya 15 Ukwakira 2013,Kaminuza ya Kigali (University of Kigali) yatangije ku mugaragaro ibikorwa byayo mu Rwanda. abayobozi bayo bavuga ko igishya izanye, ari uko uhavanye impamyabushobozi, yaba ari iyo ku rwego mpuzamahanga. Prof. Nshuti Manasseh, umwe mu bantu batanu batangije iyi Kaminuza, akaba n’umuyobozi mukuru wayo, yavuze ko ku banyeshuri 1000, iyi Kaminuza igomba kwakira, abarenga 400 bamaze kwiyandikisha.Foto: Faustin N.
-
Rubavu, umujyi uteye amabengeza
3 August 2016, by Ferdinand Maniraguha -
Ishusho y’Umujyi wa Kigali ugiye kwakira inama ya AU
9 July 2016, by Ferdinand Maniraguha
IGIHE