Mu makuru yaranze icyumweru kuva taliki ya 25-01 Ukuboza 2013, twibanze ku makuru avuga ko Abakuru b’ibihugu bitanu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba bashyize umukono ku masezerano ashyiraho ikoreshwa ry’ifaranga rimwe mu karere, ubwo bahuriraga i Kampala muri Uganda ku wa Gatandatu tariki ya 30 Ugushyingo 2013. no kunkuru ivuga ko Tariki 28 Ugushyingo 2013, Perezida Paul Kagame yakiriye amabaruwa yemerera guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda ya ba Ambasaderi batandatu bahagarariye (…)
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > a_photosgallery
a_photosgallery
Articles
-
Amakuru yaranze icyumweru 25-01 Ukuboza 2013
2 December 2013 -
Kwita izina ku nshuro ya 8
21 June 2012, by Samuel IshimweKu itariki 16 Kamena 2012, mu murenge wa Kinigi, nibwo hakozwe umuhango ngaruka mwaka wo Kwita Izina abana b’ingagi, aho abagera kuri 19 bahawe amazi n’abantu batandukanye barimo: abayobozi, abashoramali, abakerarugendo n’abandi.
Iki gikorwa cyari kitabiriwe na Minisitiri w’intebe Pierre Damien Habumuremyi, cyaranzwe ahanini n’imbyino za kinyarwanda ndetse n’abahanzi nka Tom Close, Kidum na Rafiki basusurutsa abari bitabiriye ibi birori.
Photo: Ishimwe Samuel -
Inama z’Igihugu z’Abana zahise
2 January 2012, by Publisher -
Nyagatare-Roadshow
21 May 2012, by Dean IrakAbahanzi 10 bari mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star (PGGSS II) bataramiye mu Karere ka Nyagatare ku kibuga cyu’umupira cy’Ishuri Rikuru rya Umutara Polytechnic, kuwa 19 Gicurasi 2012. Abahanzi baririmba injyana ya Hip-Hop nka Bull Dogg, Jay Polly na Riderman bashimishije cyane abaturage. Knowless wari wagize impanuka, yashimishije abaturage ababyinira nawe bamubyinisha. Abandi bashimishije abaturage cyane ni Dream Boyz, King James na Urban Boyz.
-
Amafoto ya Macc Too’ mu bihe bitandukanye
10 February 2012 -
Amafoto ya Mighty mu bihe bitandukanye
31 July 2012, by Dean Irak -
Imurikagurisha mpuzamahanga rya 15 i Kigali
31 July 2012, by Olivier MuhirwaKu itariki ya 25 Nyakanga ni bwo mu Rwanda hatangijwe imurikagurisha mpuzuzamahanga rya 15, aho ku wa 26 Nyakanga aribwo Minisitiri w’intebe yaritangije ku mugaragaro.
Iri murikagurisha rizasozwa tariki ya 8 Kanama, ryitabiriwe n’ibigo bisaga 400 byo mu Rwanda ndetse no mu mahanga ndetse kandi haje n’abantu baturutse mu bihugu 18 baje kumurika ibyo bakora. -
Amafoto ya Gretta mu bihe bitandukanye
20 January 2012 -
Amakuru yaranze icyumweru 2 - 8 Kamena 2014
9 June 2014, by Mathias HitimanaIcyumweru cyose kuva 2 - 8 Kanama, IGIHE yatangaje inkuru nyinshi z’ingeri zitandukanye; ubu ushobora kureba inshamake yazo mu mafoto.
-
Igitaramo cya Cecile Kayirebwa
18 March 2014Kuwa 16 Werurwe 2014, umuhanzi Kayirebwa Cecile yakoreye igitaramo mu Mujyi wa Kigali, igitaramo cyagaragayemo ubuhanga buhanitse bw’uyu mubyeyi wizihizaga imyaka 30 amaze mu buhanzi. Foto/Eliel Sando
IGIHE