Kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Mata, habaye umukino ukomeye wahuje ikipe ya Rayon Sports n’ikipe ya AS Kigali urangira amakipe yombi anganyije igitego kimwe kuri kimwe.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > a_photosgallery
a_photosgallery
Articles
-
Umukino wahuje Rayon Sports na AS Kigali
21 April 2016, by Ferdinand Maniraguha -
BPR mu gikorwa cyo kwibuka abakozi bayo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi
1 May 2013, by Rene Anthere RwanyangeMu rwego rwo gukomeza gushyigikira no gufasha abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi no gufasha imirimo ya buri munsi ikorerwa ku rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ya Kicukiro, ku wa 26 Mata 2013, Banki y’Abaturage y’u Rwanda yatanze inkunga ingana na Miliyoni 38 ku rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ya Kicukiro.
Karigirwa Claire, umuyobozi ushinzwe abakozi muri BPR yavuze ko igikorwa cyo kwibuka bakoze , bagiteguye bagamije kwifatanya n’abandi banyarwanda kwibuka no guha agaciro n’icyubahiro (…) -
REMA yasoje amahugurwa ku bakozi bo muri servisi z’iteganyagihe
11 November 2012Ikigo cy’Igihugu cyo Kubungabunga Ibidukikije (REMA) kibinyujije mu mishinga ya AAP na LDCF cyahuguye mu gihe cy’amezi abiri abakozi bo muri serivisi y’iteganyagihe n’abo mu micungire y’ibiza. Aya mahugurwa yibanze ku kubaha ubumenyi mu buryo hakorwa iteganyagihe rinonze ndetse n’uburyo bwo gukumira ingaruka zaterwa n’ibiza hashingiwe ku iteganyagihe. Uretse amahugurwa, REMA ibinyujije mu mishinga AAP na LDCF izatanga n’ubushobozi bw’ibikoresho by’iteganyagihe harimo stasiyo z’iteganyagihe (…)
-
Amakuru yaranze icyumweru 5- 11 Ukwakira 2014
13 October 2014, by Mathias HitimanaMu cyumweru gishize IGIHE yatangaje inkuru nyinshi, zirimo imyigaragambyo y’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi imbere y’icyicaro cya BBC i London, Perezida wa Mbere uri ku butegetsi yitaba ICC, n’izindi nyinshi wazisoma mu nshamake mu mafoto.
-
Amafoto ya Sentore mu bihe bitandukanye
26 March 2012, by Dean Irak -
U Rwanda rugiye kwifatanya n’amahanga kwizihiza ku nshuro ya 41 umunsi mpuzamahanga w’ibidukikije
30 April 2013, by Richard Dan IraguhaBuri mwaka u Rwanda rwifatanya n’amahanga kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ibidukikije. Uyu munsi watangiye kwizihizwa mu 1972. Uyu munsi wizihizwa ku ya 5 Kamena buri mwaka, ubanzirizwa n’icyumweru cyo kwita ku bidukikije kigiye kwizihizwa ku nshuro ya 20. Umunsi wizihijwe bitazibagirana mu mateka ukaba warizihijwe mu 2010 ubwo u Rwanda rwakiraga intumwa zo mu bihugu 150 baje kwifatanya n’u Rwanda kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ibidukikije wafatanyijwe n’ibirori byo Kwita izina. Ku wa 5 (…)
-
PGGSS4: Igitaramo cya Live i Kigali
23 June 2014Aya ni amafoto y’igitaramo cy’abahanzi bahatanira PGGSS4 cyabaye kuwa 21 Kamena 2014 i Kigali.
-
ULK: Gutanga impamyabumenyi ku nshuro ya 10
23 February 2014, by Rene Anthere RwanyangeKu nshuro ya 10 Kaminuza yigenga ya Kigali (ULK) yatanze impamyabumenyi ku banyeshuri baharangije mu cyiciro cya kabiri cya Kaminuza bagera ku 1696, muri bo abagabo ni 755 ni ukuvuga 44.5% na ho abagore ni 941 bangana na 55.5%.
Uyu muhango wabereye muri Stade ya ULK, witabiriwe n’abantu banyuranye barimo Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Fidel Ndayisaba, Chancellor wa ULK Prof Kalisa Mbanda ari na we wemeza izi mpamyabumenyi. Hari kandi umuyobozi w’inama Nkuru ya ULK Prof Rwanyindo Ruzirabwoba (…) -
Uruzinduko rwa Perezida Kagame mu Ruhango
17 April 2012Kuri uyu wa mbere tariki ya 16 Mata 2012, nibwo Perezida Kagame yagiriye uruzinduko rw’Umunsi umwe mu Karere ka Ruhango aho yafunguye uruganda ruzatunganya imyumbati ndetse akaba yaranasuye inyumako y’Ibitaro bya Ruhango abasha kubona aho imirimo yo kubaka igeze.
Nyuma y’ibyo bikorwa Perezida Kagame yabonanye n’abaturage batandukanye b’Akarere ka Ruhango, bungurana ibitekerezo ndetse babasha no kubaza ibibazo.
Photo:Village Urugwira na Ndegeya Cyril -
Knowless yasusurukije Kampala
21 August 2013, by Dean IrakMu mpera z’icyumweru gishize tariki ya 17 Kanama, umuhanzi Knowless yataramiye Abanyarwanda n’abandi batuye umujyi wa Kampala mu gitaramo cyabereye ahitwa ‘Club Rouge‘. Nk’uko bigaragara ku mafoto IGIHE twabakusanyirije, iki gitaramo Knowless, wari waherekejwe na Producer Clement Ishimwe, yashimishije abaana be bararyoherwa.
IGIHE