Kuri uyu wa gatatu tariki ya 27 Kamena 2012, umuhanzi Kizito Mihigo aherekejwe n’abanyamuryango ba Fondation KMP basuye akarere ka Bugesera, mu gitondo yataramiye abagororwa ba Gereza ya Ririma, nyuma ya saa sita ataramira amashuri yisumbuye y’i Nyamata.
Igikorwa cyo gutaramira abagororwa kiri mu mushinga Fondation KMP (Kizito Mihigo pour la Paix / Kizito Mihigo for Peace) yise "Inkunga y’ubuhanzi mu kugorora abagororwa". Ni gahunda igamije gutoza ubumuntu, urukundo rwa mugenzi wawe, byose (…)
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > a_photosgallery
a_photosgallery
Articles
-
Kizito Mihigo yongeye gutaramira abagororwa n’abanyeshuri
18 September 2012, by M. M. -
Ku nshuro ya 9 ULK yatanze impamyabushobozi ku banyeshuri 1797
29 March 2013, by Rene Anthere RwanyangeKaminuza yigenga ya Kigali (ULK), kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26 Werurwe abanyeshuri 1797 barangije mu mwaka w’amashuri 2012. Muri aba bahawe impamyabushobozi abagore ni 1028, ni ukuvuga abangana na 57.3%.
Mu muhango wo gutanga impamyabushobozi ku nshuro ya 9 muri Kaminuza yigenga ya Kigali (ULK), wabaye ku wa 26 Werurwe 2013, hagaragajwe ko iyi Kaminuza imaze kuba ubukombe mu mashuri makuru mu Rwanda. Mu bayobozi b’uturere tw’u Rwanda bitangajwe ko abagera kuri 30% banyuze muri ULK. (…) -
Ibitaramo byitiriwe AgDF
18 October 2012, by Dean IrakKuwa Gatandatu tariki ya 13 Ukwakira 2012 no ku Cyumweru tariki ya 14 Ukwakira abahanzi nyarwanda barenga 40 bataramye mu bitaramo bibiri byari byateguwe mu rwego rwo gushyigikira Ikigega cy’Agaciro.
Ibi bitaramo byabereye i Gikondo ahasanzwe habera Imurika-gurisha na Serena Hotel. Abantu ntibitabiriye cyane ibi bitaramo, nk’uko n’amafoto amwe n’amwe abigaragaza.
Muri ibi Bitaramo hakuwemo amafaranga angana na Miliyoni imwe n’ibihumbi 700 y’u Rwanda, yose akaba agomba gushyirwa muri (…) -
Inkuru zaranze icyumweru mu mafoto 29-04 Kanama 2013
5 August 2013, by NKURUNZIZA FaustinMu nkuru twabagejejeho mu cyumweru gishize guhera kuya 29 Nyakanga n’iya 04 Kanama 2013, twibanze ku iyirukanwa ry’abanyarwanda b’impunzi bari muri Tanzania, bahawe igihe kingana n’ibyumweru bibi bagomba kuba bavuye muri icyo gihugu, twabagejejeho kandi n’inkuru y’Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu mu Burengerazuba bw’u Rwanda, wemeza ko hari Abanyarwanda batazwi umubare bamaze kujyanwa bunyago muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Abakuru b’ibihugu mu kanama mpuzamahanga ku karere (…)
-
Isabukuru ya 50 y’ubwigenge bwa Uganda
10 October 2012Tariki ya 9 Ukwakira 2012, igihugu cya Uganda cyizihije isabukuru y’imyaka 50 kibonye ubwigenge aho umuhango witabirwe n’abakuru b’ibihugu by’ibituranyi barimo na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame. Imihango yabere ku kibuga cy’indege cya Kololo mu mujyi wa Kampala. Uganda ibaye igihugu cya 3 mu bigize EAC, kizihije isabukuru y’imyaka 50 y’ubwigenge nyuma y’u Rwanda n’u Burundi byayizihije tariki ya 1 Nyakanga 2012. Foto/Village Urugwiro
-
Uruzinduko rwa Kagame na Clinton i Burasirazuba
20 July 2012, by Olivier MuhirwaPerezida Paul Kagame n’uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Bill Clinton ari kumwe n’umukobwa we w’ikinege Chelsea Clinton, kuri uyu wa kane Tariki ya 19 Nyakanga basuye uruganda rutunganya soya rwitwa Mount Meru Soyco Ltd ruherereye mu Karere ka Kayonza, banasura ibikorwa by’ iterambere mu mudugudu w’ Icyitegererezo i Nyarutovu, hamwe n’ abanyeshuri biga ubuganga mu mashami y’ ubuforomo n’ ububyaza i Rwamagana.
Foto:Village Urugwiro -
AAPAM
19 November 2013I Kigali kuya ya 18 Ugushyingo 2013, hatangijwe inama mpuzamahanga y’iminsi itanu, ihuje ibihugu bitandukanye bya Afurika no hanze yayo, yateguwe na Guverinoma y’u Rwanda ifatanyije n’Ishyirahamwe nyafurika rikurikirana imicungire myiza y’inzego z’abakozi ba leta muri Afurika (African Association for Public Administration and Management –AAPAM) rihuza abahagarariye inzego za leta, abikorera n’abandi. muri iyi nama ngarukamwaka, iy’ubu yari ifite insanganyamatsiko igira iti “Uruhare (…)
-
Kizito Mihigo yataramiye muri Gereza ya Remera
29 February 2012Muri gahunda ye yo gusakaza ubutumwa bw’amahoro, ubumwe n’ubwiyunge mu byiciro byose by’Abanyarwanda, ku cyumweru tariki ya 19 Gashyantare 2012, Kizito Mihigo na Fondasiyo ye KMP (Kizito Mihigo For Peace/ Kizito Mihigo pour la Paix), basuye Gereza ya Remera bataramira abagororwa biratinda. Barizihiwe, barahaguruka bakoma amashyi, ababishoboye baratamba, abandi bafatanya na Kizito Mihigo kuririmba.
Iyi gahunda yo gusura gereza zo mu Rwanda, Kizito Mihigo yayise:
“Inkunga y’ubuhanzi mu (…) -
Mu mafoto: Miss Rwanda muri Belarus
25 August 2013Abakobwa bari mu marushanwa ya Miss Supranational 2013 basuye umugezi wa Neman, ho muri Grodno, umwe mu mijyi ikomeye y’amateka y’Igihugu cya Belarus barimo. Nk’uko bigaragara ku mafoto, bagaragaje ko bishimiye uru rugendo. IGIHE tubagejejeho n’andi mafoto agaragaza ko batangiye imyitozo. Andi mafoto menshi www.globalbeauties.com
-
Imyaka 10 Imbuto Foundation imaze ishinzwe
12 August 2012Kuwa Kane tariki 9 Kanama 2012, muri Serena Hotel, Imbuto Foundation yizihije imyaka 10 imaze ikora ibikorwa bitandukanye birimo guteza imbere uburezi bw’umwana w’umukobwa, kurihirira amashuri abana b’abahanga batishoboye, gufasha imiryango itandukanye, uburyo bwo kwirinda icyorezo cya SIDA, guhashya malariya n’ibindi. Foto/Imbuto Foundation
IGIHE