Ku wa Gatanu tariki 19 Ukwakira 2012 kuri Petit Stade i Remera, Perezida Paul Kagame yagiranye ikiganiro n’abanyeshuri bagera ku 2,500 bo muri za Kaminuza n’amashuri makuru 32 yo mu Rwanda aho yabibukije ko batagomba kuba amafarasi ahubwo bagomba guharanira kuyagenderaho.
Iki kiganiro cyiswe "Meet The President" gifite insanganyamatsiko igira iti "Umurage wo kwishakamo ibisubizo" (A Legacy of Self Reliance) cyatekerejweho n’abanyeshuri bo muri za Kaminuza n’amashuri makuru yose yo mu (…)
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > a_photosgallery
a_photosgallery
Articles
-
Meet The President
19 October 2012 -
Igitaramo cy’intwari mu mafoto
1 February 2013, by Rene Anthere RwanyangeMu mugoroba wo ku wa 31 Mutarama 2013, kuri Petit Stade i Remera habereye igitaramo cyo kwibuka intwari z’igihugu. Minisitiri w’intebe Dr Pierre Damien Habumuremyi yatangaje ko ari umwanya wo kurata, kwizihiza no kwibuka intwari z’igihugu ari n’uwo gutoza abakiri bato kugera ikirenge mu cy’intwari z’u Rwanda. Yagize ati “Iki gitaramo kiri muri bimwe mu bikorwa byatekerejwe ngo gifashe Abanyarwanda kwizihiza neza umunsi w’intwari. Kwizihiza, kurata no kwibuka ibikorwa by’intwari ni byo (…)
-
Ibirori bya Dîner en Blanc byaritabiriwe i Kigali
25 July 2016, by Ferdinand Maniraguha -
Amafoto ya G-Bruce mu bihe bitandukanye
11 January 2012 -
Amafoto ya M. Chouchou mu bihe bitandukanye
23 January 2012 -
Umujyi wa Kigali mu gufasha abana b’abakobwa mu mashuri
9 May 2013, by Rene Anthere Rwanyange -
Abajyanama ba Perezida Kagame basuye ibikorwa binyuranye mu Rwanda
5 April 2013, by Rene Anthere RwanyangeAbagize Inama ngishwanama ya Perezida wa Repubulika (PAC) Paul Kagame, kuri uyu munsi tariki ya 5 Mata 2013, basuye ibikorwa binyuranye birimo Ikigo cy’ubumenyi ngiro. Basuye aho abanyeshuri bahabwa ubumenyi ngiro mu bijyanye no gutegura amafunguro, gutunganya imisatsi, gutunganya aho abantu barara n’uburyo bwo kwakira neza ababagana.
Amafoto/ Steven Ndizeye -
Gutanga impamyabumenyi muri INATEK ku nshuro ya gatatu
12 July 2012, by Olivier MuhirwaKuri uyu wa Kane tariki ya 12 Nyakanga 2012, nibwo Ishuri Rikuru ry’Ubuhinzi, Ikoranabuhanga n’Uburezi rya Kibungo INATEK, ryatanze impamyabumenyi ku banyeshuri 922, barangije mu mashami atandukanye muri iryo Shuri Rikuru mu mwaka w’2011.
Ni kunshuro ya gatatu iri Shuri Rikuru ritanga impamyabumenyi dore ko abambere barihawe mu mwaka wa 2010, ariko iri shuri ryo ryatangiye gutanga amasomo yaryo mu mwaka wa 2003. Iri shuri ryibanda ku masomo y’uburezi ndetse n’ajyanye n’iterambere (…) -
Amafoto ya Ezra mu bihe bitandukanye
1 February 2012 -
Simba Super Market
12 October 2013Simba Supermarket ni Iguriro rya Kijyambere rikorera muri Centenary House na Grand Pension Plaza, mu mujyi wa Kigali. Muri Centenary House uhasanga ibikoresho binyuranye byo mu rugo, ibiribwa n’ibindi. Na ho muri Grand Pension Plaza uhasanga ibitanda, intebe, ameza, utubati two mu biro no mu rugo, n’ibindi byinshi bijyanye n’ubushobozi bwa buri wese, kandi bigezweho.
Amafoto/Faustin Nkurunziza
IGIHE