Nshimiyimana Bertrand Malik uzwi ku izina rya ‘Bulldogg’ wo mu itsinda rya Tuff Gang afite uburyo bwe bwihariye yitaba telefoni butandukanye n’ubw’abandi bose.
Uyu muraperi wamenyakanye cyane mu ndirimbo nyinshi zo mu njyana ya Hip Hop nka ‘Umunsi w’imperuka’, ‘Ibikundanye birajyana’, ‘Customer care’, ‘Kaza roho’, ntiyitaye kuba hari uburyo mpuzamahanga bwo kwitaba telefoni, aho hamenyerewe inyitabo igira iti: “Allo”, cyangwa se abantu bitaba ngo “Hello”, “Y’ello” cyangwa se izindi. (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > arthiphop
arthiphop
Articles
-
Bulldog yihariye uburyo bwe yitaba kuri telefoni
24 March 2013, by Audace Willy Mucyo -
Udushya mu ndirimbo nshya ya Young Grace
15 March 2013, by Rutaganda JoelAbayizera Grace umenyerewe ku izina rya Young Grace, kuri ubu yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise “Like a boy”. Muri iyo ndirimbo ukaba usangamo ahanini yiganjemo imyenda ya gisirikare ndetse n’uburyo bushya iyo ndirimbo ibyinwemo.
Aganira na IGIHE, Young Grace yagize ati” indirimbo yanjye like a boy, nayikoze imvunnye ariko kubera ko nifuzaga kugira ikintu mpindura ku mashusho nsanzwe nkora, nifuza gushimisha abakunzi banjye muri ubwo buryo.
Young Grace kuri ubu ni umunyeshuri (…) -
Riderman arwarije umukunzi we muri Faycal
28 May 2013, by Dean IrakKuva kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Gicurasi 2013, Asinah, umukobwa w’inshuti (girlfriend) y’umuraperi Riderman arwariye mu bitaro byitiriwe umwami Fayisali biri Kacyiru. Arwaye Typhoide.
Riderman aganira n’umunyamakuru wa IGIHE yamubwiye ko ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere Asinah yaje mu bitaro avuga ko yumva atamerewe neza nuko ahageze bahita bamwandikira ko agomba kugumamo akavurwa.
Kuri ubu Asinah afite serumu kandi ari gufata imiti. Riderman ni umwe mu bari kurwaza no kwitaho uyu (…) -
Bull Dogg uhatanira PGGSSIII ni muntu ki?
4 July 2013, by Dean IrakNdayishimiye Malik Bertrand umenyerewe nka Bull Dogg yavutse tariki ya 16/09/1988. Ni umuraperi ukora injyana ya Hip-Hop y’umwihariko wa Old School-ishuri rya kera.
Aririmba mu itsinda rya Tuff Gang, aho ari kumwe na Jay Polly, Fireman na Green P (murmuna wa The Ben).
Amaze kwitabira irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star inshuro ebyiri.
Tora Bull Dogg wandika 2 wohereze kuri 43 43
Amateka ya Bull Dogg
Bull Dogg yamenyekanye cyane mu mwaka wa 2008 ubwo yasohoraga indirimbo (…) -
Umuraperi Babou yashyize hanze marike y’imyenda ye yise B-Show
14 June 2013, by Dean IrakKu bufatanye n’ikigo Touch Media Design, umuraperi Babou, wujuje imyaka 12 kuri uyu wa Gatanu, yashyize hanze marike y’imyenda yanditseho ijambo B-Show (Bright Show bisobanuye Imyereko Icyeye).
Iyi myambaro irimo imipira isanzwe (t-shirts) n’imipira y’imbeho n’ibindi byerekeranye nayo nk’ingofero.
Aganira na IGIHE, Jerome Paterson, umujyanama w’uyu muraperi yavuze ko iki ari igikorwa gishya cy’ubucuruzi atangije mu rwego rwo kwiteza imbere nk’uko na Jay-Z afite marike y’imyenda yitwa (…) -
Mc Tino ntazibagirwa ibintu Marshal Mampa yamukoreye bakiri bato
24 May 2013, by Rutaganda JoelMc Tino umunyamakuru, umuhanzi akaba n’umushyushya birori avuga ko atazigera yibagirwa mu genzi we w’umuhanzi witwa Marshal Mampa ikintu yigeze kumukorera bakiri bato kuko kugeza n’ubu ntabwo kizamuva mu mutwe, gusa nanone avuga ko Atari inzika mbi ahubwo ko iyo abyibutse bimusetsa cyane.
Mu kiganiro Mc Tino yatanze ubwo yari mu rugendo yerekeza iRusizi mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star IIIari kumwe n’abandi banyamakuru dore ko ari nawe mushyushya birori muri iryo rushanwa (…) -
Fearless yaretse ishuri
19 May 2013, by Dean IrakIcyemezo Minisiteri y’Uburezi yashyizeho kivuga ko abanyeshuri batakoze ibizamini by’icyiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye (Tronc Commun) batemerewe gukora ikizamini gisoza amashuri yisumbuye cyatumye Niyonsenga Keza Amina uzwi ku izina rya ‘Fearess’ ava mu ishuri.
Fearless uheruka kugaragara mu mashusho y’indirimbo Ndabishaka yamenyekanye cyane muri showbiz nyarwanda bitewe ahanini no kugaragara buri gihe asa nk’uwambaye ubusa mu mashusho y’indirimbo nyinshi z’abahanzi. Yigaga (…) -
Abahanzi Babla na True D mu rukundo
3 June 2013, by Dean IrakKu mugoroba wo kuri iki Cyumweru, umuhanzi Babla yatangarije kuri Radio 10 ko ari mu rukundo n’umuraperi True D, wo muri BMCG.
Babla yagize ati “True D ni boyfriend wanjye”.
Ntya byinshi yifuje gutaza kuri uru rukundo rwabo gusa yavuze ko rumaze igihe n’ubwo batari barifuje kubishyira mu itangazamakuru.
aganira na IGIHE, True D nawe yemeje aya makuru avuga ko ari inshuti ya Babla.
Byinshi kuri uru rukundo rwabo tuzabibagezaho mu cyumweru gitaha mu kiganiro kirambuye duteganya (…) -
Bull Dogg arinubira umushahara wa PGGSS III
20 May 2013, by Dean IrakMu gitaramo giheruka kubera i Nyamagabe, ubwo yari ari kuririmba umuhanzi Bull Dogg yacecekesheje abafana n’abacuranzi nuko avuga ko yifuza ko amafaranga miliyoni imwe bahabwa buri kwezi na BRALIRWA yakongerwa.
N’ubwo Bull Dogg yavuze ko ashima ko abategura aya marushanwa bifashisha abahanzi mu kwamamaza ikinyobwa cyabo cya Primus Bull Dogg yagaragaje ko baramutse babongeje umushahara byarushaho kuba byiza.
Bull Dogg witabiriye PGGSS II, yasobanuye ko akazi basigaye bakora asanga (…) -
Bow Wow yategetswe kwishyura akayabo k’amadorali ibihumbi 80
20 March 2013, by Audace Willy MucyoUmuraperi w’umunyamerika, Bow Wow, wamenyekanye kuva akiri muto mu ndirimbo nka ‘That’s my name’, ‘Thank you’, ‘Like you’ n’izindi yategetswe kwishyura amadorali y’Amerika agera ku bihumbi 80, akayaha uwitwa Celine Tran, umufaransakazi uzwi cyane mu gukina filme z’urukozasoni.
Uyu Celine Tran, uzwi cyane ku izina na ‘Katsuni’ ukina filme z’imibonano mpuzabitsina, arakurikirana Bow Wow kubera amashusho y’indirimbo "Drank in My Cup" yasohoye muri Nyakanga umwaka ushize maze agashyiramo (…)
IGIHE