Nyuma y’aho IGIHE twandikiye inkuru ifite umutwe ugira uti “Bull Dogg arinubira umushahara wa PGGSS III”, mu bitekerezo 22 byari bimaze gutangwa, uretse 2 gusa ibindi byaje binenga uyu muraperi.
Amaze gusoma iyi nkuru Bull Dogg yabwiye IGIHE ko abantu bumvise nabi ibyo yavuze. Ubwo yari ku rubyiniro Bull Dogg yagize ati “Niyo mpamvu natwe baba baduhaye kuri ayo mafaranga makeya ariko nabo baba bashakamo ayabo. Kubera ko nabo baba bashakamo ayabo, niyo mpamvu bababwira ngo muzabafashe (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > arthiphop
arthiphop
Articles
-
Bull Dogg avuga ko yumviswe nabi
22 May 2013, by Dean Irak -
Fearless yagize icyo avuga ku by’urutonde ayoboye rw’abambara utwenda tugufi
6 November 2012, by Dean IrakN’ubwo nta byinshi yifuza kubisobanuraho, Fearless, uri mu kigero cy’imyaka 20 y’amavuko, yagize icyo avuga ku kuba yaraje ku mwanya wa mbere ku rutonde rwakozwe na IGIHE rw’abakobwa bavugwa cyane muri Showbiz nyarwanda bakunda kwambara utwenda tugufi.
Mu kiganiro kirambuye yagiranye na IGIHE, Fearless yavuze ko yabyakiriye uko yabibonye, atarinze yerura niba byaramushimishije cyangwa se byaramubabaje. Anavuga kandi byinshi ku bijyanye n’uko yinjiye mu buhanzi.
Fearless ni umwe mu (…) -
Iturufu yanjye si ikipe ni Hip Hop- Fireman
30 May 2013, by Audace Willy MucyoUmuraperi Uwimana Francis uzwi ku izina rya ’Fireman’, aratangaza ko nubwo abona abandi bakoresha amakipe nk’iturufu yabo yo mu marushanwa ya PGGSS III, we iturufu ye ni injyana akora ya Hip Hop n’abafana be.
Fireman, umuraperi watunguranye mu irushanwa rya PGGSS III ariko akagaragarizwa n’abafana benshi ko akunzwe mu njyana ya Hip Hop, avuga ko yizera cyane abafana be na Hip Hop akora ku buryo abona atari ngombwa kwiyitirira amakipe nk’uko ngo benshi mu bo bahatanye babigenza.
Mu (…) -
True D wo muri BMCG aritegura kumurika Album
23 June 2013, by Dean IrakUmuraperi True D, ubarizwa mu itsinda rya BMCG aritegura gushyira hanze Album ye ya mbere mu mpera z’uyu mwaka.
Mu kiganiro Barick yagiranye na IGIHE, yavuze ko True D yari amaze igihe ahugiye mu gushyira hamwe indirimbo ze zose (mixtape) ari kumwe n’umuraperi Bac-T.
Yagize ati “Ubu True D yabaye True D mushya, wamaze gukura uzi n’icyo ashaka muri muzika ye. Ubu ari gutegura kumurika album izasohoka uyu mwaka”.
True D, biherutse gutangazwa ko ari mu rukundo n’umuhanzi Babla, yamaze (…) -
Fearless arashyira hanze indirimbo 2 ingunga nyuma y’Icyunamo
26 March 2013, by Rutaganda JoelNiyonsenga Keza Amina uzwi ku izina rya Fearless Stamina, kuri ubu aravuga ko amaze gukora indirimbo zigera kuri ebyiri arizo, “Ndahari na Icyerekezo” akaba azazishyira k’umugaragaro nyuma y’icyunamo.
Aganira na IGIHE, Fearless yagize ati “ Ubu mpugiye mu gukora amashusho y’indirmbo “Ndahari” nakoranye n’umuraperi Ndayishimiye Bertrand bita Bull Dogg”. Fearless yakomeje avuga ko ibyo akora byose abifashwamo n’umubyeyi we, ariko muri iyi minsi ahugiye cyane mu kureba ko yashyira (…)
IGIHE