Irushanwa ryateguwe na Sosiyete Premier Model Agency yo mu Rwanda, hamanijwe gutora abanyamideri ba mbere mu gihugu rigeze mu mahina, aho kuri ubu 24 basigaye mu irushanwa barimo gutorwa binyuze ku rubuga rwa internet.
Aba 24 barimo abahungu 12 n’abakobwa 12 bagomba gutorwa mo umwe muri buri cyiciro, kugirango hazamenyekane umunyamideri w’umwaka wa 2012-213.
Urwibutso Emmanuella Erica umwe mu bahatana tagize ati "Impamvu numva naza mu bambere ni uko ari inzozi zanjye kuba umunyamideri (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > artsinema
artsinema
Articles
-
Ushobora guha amahirwe abanyamideri barimo guhatana
25 December 2012, by Olivier Muhirwa -
Kanyombya ari gutegura filimi ye bwite n’ibitaramo mu Ntara, muri Afurika no mu Burayi
17 June 2013, by Dean IrakKu bufatanye n’umujyanama we mushya, umukinnyi w’amafilimi uzwiho gusetsa cyane, Kanyombya, ari gutegurira abakunzi be filimi nshya yitwa “Bwenge naguhenze, Kibuye naguhuye”, filimi ye bwite”.
Aganira na IGIHE, Kanyobya umaze kugaragara mu mafilimi y’abandi bahanzi arenga icumi, yagize ati “Ubwo namaze kubona umujyanama mushya kandi w’umuhanga tugiye gutangira gukora filimi zacu bwite duhereye kuri iyi yitwa ‘Bwenge naguhenze, Kibuye naguhuye’.
Kanyombya avuga ko iyi filimi izaba yibanda (…) -
Umukinnyi wa filimi zo muri Nigeria yapfuye
3 January 2013, by Nsabimana EmileUmwe mu bakinnyi ba filimi bazwi cyane muri filimi za Nigeria witwa Miss Bisi Komolafe yapfuye ku ya 31 Ukuboza 2012 azize uburwayi.
Yaguye mu bitaro bya University College Hospital-UCH, i Ibadan muri Nigeria.
Umwe mu bari bashinzwe ibikorwa bye witwa Akeem Balogun, yemeje aya makuru agira ati "Birababaje, twabuze ikindi cyamamare cyacu."
Benshi mu bakinnyi ba filimi muri Nigeria bagiye gusura umuryango we, abandi bawoherereza ubutumwa bwo kwifatanya mu kababaro.
Biteganyijwe ko (…) -
Filimi ‘Imbabazi: The Pardon’ mu zihatanira ibihembo bya ‘AMAA’
20 April 2013, by Audace Willy MucyoFilimi nyarwanda ishingiye ku nkuru mpamo yitwa ‘Imbabazi: The Pardon’ yatoranyijwe muri zimwe zizahatanira ibihembo ngarukamwaka bya ‘Africa Movie Academy Awards (AMAA)’ ku nshuro ya byo ya 9, mu cyiciro cya ‘Best Child Actor’.
Iyi filimi ishingiye ku nkuru mpamo yayobowe n’umunyarwanda ‘Karekezi Joel’ usanzwe ukora filimi, Imbabazi: The pardon ikaba ivuga ku mateka y’abaturanyi babiri bari inshuti magara ariko bakaza kutumvikana ku bijyanye no kwitabira jenoside yakorewe Abatutsi mu (…) -
Eva Longoria yerekanye ubwambure bwe
19 May 2013, by Dean IrakImvura ikomeje kudobya ibirori by’iserukiramuco ry’amafilimi rya ’Cannes Film Festival 2013’ ribera mu Bufaransa. Kuri iyi nshuro iyi mvura yatumye icyamamare muri sinema Eva Longoria gihura n’uruva gusenya.
Ubwo Eva Longoria yazamuraga ikanzu ndende yari yambaye ngo idakora mu biziba, yerekanye ubwambure bwe nk’uko amafoto abigaragaza.
Urubuga Dailymail rwanditse ko uku kugaragaza ubwambure bwe bifatwa nk’ikimwaro ku byamamare.
Niba wifuza kureba ifoto y’umwimerere kurikirana iyi (…) -
Umukinnyi w’amafilimi Jiah Khan yiyahuye
5 June 2013, by Dean IrakUmukinnyi wa filimi Jian Khan, uzwi cyane mu mafilimi ya Bollywood, yagaraye iwe yapfuye mu mujyi wa Mumbai mu Gihugu cy’u Buhinde.
Nyina umubyara yatangaje ko ejo ari bwo yabonye umubiri w’umwana we mu cyumba cye.
Iperereza ry’urupfu n’icyaba cyishe uyu mukinnyi w’amafilimi rirakomeje gukorwa kandi na Polisi ikaba ikomeje kubona amakuru aturuka mu baturanyi babo.
Jiah Khan aherutse kugaragara ahitwa Hyderabad aha korwaga filimi gusa bikaba bivugwa ko yababajwe cyane no gutana (…) -
Ifoto ya Angelina Jolie yambaye ukuri iragurishwa akayabo
17 April 2013, by Audace Willy MucyoIfoto y’umukinnyikazi wa filme ’Angelina Jolie’ yicaye ku ifarashi atambaye, yashyizwe ku isoko, ikaba igurishwa akayabo k’amayero ibihumbi 40.
Amakuru dukesha 7sur7, avuga ko mu mwaka w’2001, ari bwo iyo foto Angelina Jolie, yayifotowe na gafotozi w’icyamamare ’David Lachapelle’, ishyirwa mu kinyamakuru kitwa "Rolling Stone".
Kuri iyo foto, Angelina Jolie yifotoje atambaye ku gice cyo hejuru, ifarashi imurigata hagati y’amabere. Abantu babonye iyi foto ku nshuro ya mbere, (…) -
Robert Pattinson yatandukanye burundu na Kristen
29 May 2013, by Dean IrakRobert Pattinson yatandukanye burundu na Kristen nyuma y’amezi atari macye Pattinson yihanganiye Kristen ku ngeso yarafite yo na kumuca inyuma.
Urukundo rw’aba bombi rwatangiye bakinanaga filime yitwa “Twilight”, bakaba
Amakuru dukesha urubuga rwa public avuga ko, mu mpera za 2012 Kristen yaciye inyuma Robert , arabyihangara ndetse amugirira imbabazi, mu gihe inshuti ze zamugiraga inama yo kumureka.
Ubwo Kristen yakinaga filime yitwa ’’Blanche Neige et le chasseur” akinana n’uwitwa (…) -
Filimi 5 zakunzwe kurusha izindi ku Isi
1 May 2013, by Rutaganda JoelFilimi ni ikintu gikundwa cyane ku isi, ku buryo buri mwaka igira amaserukiramuco menshi ayikorerwaho , nkayo twavuga irya “Berlin mu Budage” , “Venuse mu Butariyani” , na “Mumbai mu Buhinde”, ndetse n’andi menshi cyane, ariko avugwa cyane kandi akitabirwa n’ ibihangange byinshi ni Irya “Canne mu Bufaransa”, riba buri mwaka , ndetse n’ibirori byo guhemba abagize uruhare mu guteza imbere sinema muri uwo mwaka bibera Hollywood muri Los Anges muri Leta zunze ubumwe za Amerika.
Nk’uko (…) -
Dady de Maximo azahagararira u Rwanda mu iserukiramuco ry’imyambaro ku rwego rw’Isi
30 May 2013, by Dean IrakUmuhanzi w’imunyabugeni Dady de Maximo Mwicira –Mitali, azahagararira u Rwanda mu iserukiramuco ry’Imideri ku rwego rw’Isi rizabera i Paris Bufaransa tariki ya 22 Kamena 2013.
Iri serukiramuco ry’imyambaro ku rwego rw’Isi (Africa fashion Reception of the world fashion week) rizitabirwa n’abanyamideri baturutse hirya no hino ku isi. By’umwihariko muri Afurika hatumiwemo abo mu bihugu 20.
Dady de Maximo avuga ko yatowe nyuma y’aho yohereje amafoto 10 y’ibikorwa by’imideri yagiye akora (…)
IGIHE