Turi ku wa 1 Kanama 2026.
Ni umunsi wa 213 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 152 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Umunsi mwiza w’Umuganura kuri mwese!
Ni Umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya Kanseri y’Ibihaha.
Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka
1960: Emmanuel de Jambnerine wari Adiministrateri wa Nyanza, yanditse amabwiriza asaba ko Abatutsi bari barajyanywe gutuzwa mu Bugesera ku gahato nyuma bagashaka kwimukayo kubera ubuzima bubi bari babayemo, ko bagomba gusubizwayo (…)
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeAmateka
HomeAmateka
Articles
-
Tariki ya 1 Kanama
1 August, by IGIHE -
Tariki ya 2 Kanama
2 August, by IGIHETuri ku wa 2 Kanama 2026.
Ni umunsi wa 214 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 151 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka
2021: Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda.
2019: Mu karere ka Nyanza habereye ibirori bisoza icyumweru cy’Umuganura cyari cyatangiye ku wa 29 Nyakanga uwo mwaka.
1939: Albert Einstein na Leo Szilard bandikiye ibaruwa perezida Franklin D. Roosevelt wayoboraga Amerika, (…) -
Tariki ya 3 Kanama
3 August, by IGIHETuri ku wa 3 Kanama 2026.
Ni umunsi wa 215 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 150 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Niger barizihiza ubwigenge yabonye yigobotoye ubukoloni bw’u Bufaransa mu 1960.
Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka
1949: Hashinzwe ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball muri Amerika, NBA.
1975: Indege ya Boeing 707 yakoreye impanuka muri Maroc, abantu 188 bahasiga ubuzima.
2005: Maaouya Ould Sid’Ahmed Taya wayoboraga Maurtanie yahiritswe ku butegetsi ubwo (…) -
Tariki ya 4 Kanama
4 August, by IGIHETuri ku wa 4 Kanama 2026.
Ni umunsi wa 216 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 149 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka
1993: I Arusha muri Tanzaniya, hashyizwe umukono ku masezerano y’amahoro hagati ya leta ya Habyarimana na FPR-Inkotanyi.
2017: Habaye Amatora Rusange ya Perezida wa Repubulika, yarangiye Paul Kagame yegukanye intsinzi. 1983: Jean-Baptiste Ouédraogo wayoboraga Reoubulika ya Upper Volta (Burkina Faso y’ubu), yahiritswe ku (…) -
Tariki ya 5 Kanama
5 August, by IGIHETuri ku wa 5 Kanama 2026.
Ni umunsi wa 217 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 148 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka
2014: I Washington muri Amerika, Perezida Kagame aherekejwe n’abarimo Ange Kagame, bitabiriye inama yahuje Perezida Barack Obama n’abakuru b’ibihugu bya Afurika.
2021: Perezida wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra yagiriye uruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda.
1949: Umutingito wasenye imijyi igera kuri 50 muri (…) -
Tariki ya 6 Kanama
6 August, by IGIHETuri ku wa 6 Kanama 2026.
Ni umunsi wa 218 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 147 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Ni Umunsi Mpuzamahanga witiriwe Hiroshima na Nagasaki, hibukwa abishwe n’ibisazu by’uburozi bwica Amerika yateye muri iyo mijyi ku itariki nk’iyi mu 1945.
Ni umunsi abatuye Isi bibutswa ubukana bw’ikoreshwa ry’izi ntwaro no kurwanya ikorwa ryazo.
Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka
1962: Jamaica yabonye ubwigenge yigobotora ubukoloni bw’u Bwongereza.
2001: (…) -
Tariki ya 7 Kanama
7 August, by IGIHETuri ku wa 7 Kanama 2026.
Ni umunsi wa 219 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 146 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka
1960: Côte d’Ivoire yabonye ubwigenge yogobotoye ubukoloni bw’u Bufaransa.
1995: Guverinoma ya Chili yatangaje ibihe bidasanzwe mu majyepfo y’igihugu bitewe n’ubukonje bwinshi, umuyaga imvura n’urubura byari byibasiye icyo gice.
1998: Ibiro by’ambasade za Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Tanzania na Kenya byagabweho (…) -
Tariki ya 8 Kanama
8 August, by IGIHETuri ku wa 8 Kanama 2026.
Ni umunsi wa 220 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 145 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Ni Umunsi Mpuzamahanga w’Injangwe aho abantu bashishikarizwa kuzitaho no kuzirinda.
Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka
2017: Perezida Paul Kagame na Masai Ujiri batashye ku mugaragaro ikibuga cy’umukino wa Basketball cyo kuri Club Rafiki i Nyamirambo, cyasanwe na Giants of Africa.
2025: Norvège yohereje mu Rwanda Gasana François ushinjwa uruhare muri (…)
IGIHE