Umujyi wa Musanze wari wiganjemo abafana, amafoto, ibyapa n’inyandiko zanditseho Young Grace mu gitaramo cya Roadshow ya PGGSS II cyabereye muri Stade Ubworoherane yo mu Karere ka Musanze kuri uyu wa 9 Kamena 2012.
Ibi byateguwe na Studio Top 5 Sai ya Patrick, ari nawe wateye inkunga Fan Club ya Young Grace.
Aba bafana bari baherekejwe na nyina, nawe wabyinanye n’abafana, abavandimwe be, abamukorera indirimbo n’abandi bose bafitanye isano no kuzamuka no kumenyekana kwe.
Bari bitwaje (…)
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > s_pggss
s_pggss
Articles
-
Abafana ba Young Grace nibo biganje muri Roadshow ya Musanze
10 June 2012, by Dean Irak -
Ibitaramo bya Musanze na Rubavu byitezweho udushya
8 June 2012, by Dean IrakIrushanwa rya PGGSS II rizakomereza muri iyi Weekend mu Ntara y’Amajyaruguru mu Turere twa Musanze kuwa Gatandatu na Rubavu ku Cyumweru. Hitezwe ko hazagaragara udushya twinshi kuri buri muhanzi kuko utu turere turi mu turere twitabira ibirori cyane.
Ubwo abahanzi bakoraga ibitaramo, bagiye bagaruka kuri ibi bitaramo bibiri aho buri wese wumvaga avuga ko ahigiye kuzasohokana umucyo muri utu Turere two mu Ntara zahoze zitwa Ruhengeri na Gisenyi.
Bamwe mu bahanzi bakunze kugaragaza (…) -
Riderman yaraye ajyanywe mu bitaro
3 June 2012, by Dean IrakUmuhanzi Riderman yaraye ajyanywe mu bitaro mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki ya 2 Gicurasi 2012, kwivuza indwara y’umusonga. Yahawe imiti agaruka muri Hotel, aho abahanzi ba PGGSS II bari, asabwa na muganga kuruhuka cyane.
Mu kignairo na Eric Mbituyimana umenyerewe ku izina rya M Izzo, baririmbana, avuga ko uyu muhanzi yari amaze iminsi yivuza iyi ndwara y’umusonga anafata imiti. Avuga ko mu ijoro ryo kuwa Gatandatu Riderman yumvise amerewe nabo ari bwo yajyanwaga kwa muganga.
M Izzo (…) -
Kigali niho hasorezwa Roadshows
16 June 2012, by Dean IrakKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Kamena, kuri Stade Amahoro I Remera guhera saa munani z’amanywa (14h00’)niho abahanzi bari mu irushanwa rya PGGSS II basoreza ibitaramo bya Roadshows.
Iki gitaramo kibaye nyuma y’ibindi bitaramo byabereye hirya no hino mu Ntara. Iki gitaramo kigamije gushimira abafana batoye abahanzi bakunda 10 bagakomeza iri rushanwa.
Nk’uko byagiye bigenda mu Ntara, muri iki gitaramo, buri muhanzi uri muri aba 10 arahabwa akanya ko kwiyereka abafana be, abaririmbire (…) -
Interview Urban Boyz: Nta kibazo kuryamana n’uwo mukundana mutarashakana
14 June 2012, by Dean IrakMuri iki gihe abahanzi 10 bari mu irushanwa rya PGGSS II, ushobora kuba ukeneye kumenya byinshi kuri bo.
Twagiye twegera buri muhanzi ngo atubwire ubuzima bwe burambuye muri Interview. Twahereye kuri Urban Boyz, tukazakomereza ku bandi nk’uko Nimero zabo zikurikirana.
Uratungurwa no kumva bimwe mu bintu bitangaje mu buzima bwabo, n’icyo batekereza kuri bimwe mu bibazo bireba igihugu. Rumwe muri izo ngero ni uko Safi avuga ko n’ubwo baje mu Mujyi agikunda ibiryo byo mu cyaro, akanavuga ko (…)
IGIHE