Kuva tariki 5 kugeza kuya 6 Ukwakira 2012, Perezida wa Gabon, Ali Bongo Ondimba n’Umufasha we, Madamu Sylvia Ondimba bagiriye uruzinduko mu Rwanda aho rwari rugamije gushimangira umubano mwiza ukomeje kurangwa hagati y’ibihugu byombi, aho basuye ibikorwa bitandukanye ndetse bagirana n’ibiganiro na Perezida Paul Kagame kandi banatanga ikiganiro n’abanyamakuru. Foto/Village Urugwiro
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > a_photosgallery
a_photosgallery
Articles
-
Uruzinduko rwa Perezida Ali Bongo
7 October 2012 -
Transform Africa Summit 2013
30 October 2013Mu nama mpuzamahanga y’iminsi ine ku ikoranabuhanga mu guhindura Afurika, Transform Africa Summit 2013, yabereye i Kigali guhera kuya 28 -31 Ukwakira 2013, abakuru b’ibihugu birindwi bagaragaje ko aho ibihe bigeze, Afurika igomba gufata iya mbere mu gufata ingamba no gushaka icyahindura imibereho y’abanyafurika, maze bose bemeranywa ko ikoranabuhanga mu itumanaho ICT, ari kimwe mu bizafasha kubigeraho, ndetse Afurika ikanagera aho yahoze yifuza kuba kera hose.Abakuru b’ibihugu bitabiriye (…)
-
Amakuru yaranze icyumweru 3- 09 Werurwe 2014
10 March 2014, by Mathias HitimanaIcyumweru cyose kuva ku itariki ya 3 Werurwe kugeza kuwa 9 Werurwe 2014, IGIHE yatangaje inkuru nyinshi zitandukanye, none yabakoreye inshamake yazo mu mafoto.
-
Ubuhanga butangaje bw’Abanya-Cambodia bitabiriye Ubumuntu Festival
25 July 2016, by Ferdinand Maniraguha -
Amafoto ya Puff-G mu bihe bitandukanye
17 January 2012 -
Cogebanque mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
22 April 2013, by Rene Anthere Rwanyange -
Tour of Rwanda 2012: COGEBANQUE umuterankunga w’imena
22 November 2012Ku nshuro ya kane imikino y’isiganwa ry’amagare rya Tour of Rwanda ryatangiye ku Cyumweru tariki ya 18 Ugushyingo rikazageza ku ya 25 aho biteganyijwe ko ryitabiriwe n’amakipe 12 yo ku migabane itandukanye aho umuterankunga w’imena w’iri rushanwa ari we COGEBANQUE ihemba abitwaye batatu ba mbere ahazamuka muri buri cyiciro.
Uretse gususurutsa abitabira kureba aho abasore banyonga igare COGEBANQUE ibashishikariza gufunguza konti muri iyi banki kuko ari ubuntu kandi bakanagirwa inama (…) -
Isabukuru y’imyaka 50 u Rwanda rwigenga ndetse na 18 rwibohoye
4 July 2012, by M. M.Ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 50 u Rwanda rumaze rubonye ubwigenge ndetse n’imyaka 18 rumaze rwibohoye politiki y’ivangura n’igitugu, byizihirijwe i Kigali kuri Stade Amahoro i Remera ku tariki ya 1 Nyakanga 2012. Iyi mihango yaranzwe n’akarasisi k’ingabo z’igihugu ndetse na Polisi, yari iyobowe na Brig. Gen. Kazura Jean Bosco, ingabo zaniyerekanye mu mikino itandukanye irimo iyo kwitabara nta ntwaro zikoreshejwe dore ko hanabayeho n’imyiyerekeno y’indege zifahishwa mu gihe (…)
-
Mwenedata Gilbert: Ubuhamya burivugira, ubushobozi burigaragaza
10 September 2013, by Rene Anthere RwanyangeMwenedata Gilbert ni umwe mu bakandida depite bane bigenga bahatanira kujya mu nteko Ishinga Amategeko. Barahatana kubona umwanya mu badepite basanzwe 53, aho bahanganye n’abatanzwe n’imitwe ya politiki irimo Umuryango FPR Inkotanyi ufatanyije na PDC, PPC, PDI na PSR batanze abakandida 80, PSD yatanze abakandida 76, PL yatanze abakandida 69 na PS imberakuri yatanze 46.
Mwenedata Gilbert muri gahunda ze aharanira ubwiyunge bwuzuye, Gukorera mu mucyo, Ubumuntu n’indangagaciro z’umuryango (…) -
Amafoto ya Jozzy mu bihe bitandukanye
17 January 2012
IGIHE