Itahiwacu Bruce uzwi cyane ku izina rya Bruce Melodie, nyuma y’aho ari umwe mu bahanzi bigeze gutangazwa na The Ben ko ari umuhanzi abona uzi ibyo akora, kuri ubu avuga ko muzika ayifata nka kimwe mu kazi gashobora kuba kamurutira ibindi byinshi birimo kuba yaba umukozi ukora akazi ko muri bireau cyangwa kuba yajya mu murima agahinga.
Aganira na IGIHE, Melodie yagize ati: “Singiye kukubeshya muzika kuri njye nyifata nk’ikintu gikomeye mu buzima bwanjye Imana yampaye, kuko ndayubaha cyane (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > artrnb
artrnb
Articles
-
Melodie afata muzika nk’isuka ye
20 June 2013, by Rutaganda Joel -
Rurageretse hagati ya King James na Kina Music
18 June 2013, by Rutaganda JoelNyuma y’aho King James yari umwe mu bahanzi babarizwa muri studio ya Kina Music akorana na Producer Clement, gusa bikaza kugera igihe King James akava muri iyo studio, kuri ubu urubuga rwe rwa facebook rwaje kwibwa n’umuntu utazwi ahita ashyiraho imwe mu ifoto igaragara mu mashusho y’indirimbo “Kanda amazi” yakozwe n’abahanzi babarizwa muri Kina Music. Gusa King James ashyira mu majwi cyane Kina Music ko yaba ariyo ibyihishe inyuma.
Nk’uko King James yabitangarije umwe mu banyamakuru (…) -
Jack B ntiyibaza impamvu indirimbo ze zidakinwa
29 March 2013, by Rutaganda JoelRugamba Jack uzwi ku izina rya Jack B, uzwiho no kubyina cyane kuri ubu ngo yibaza impamvu indirimbo ze zidakinwa ku ma radio bikamuyobera. Jack B atangaza ko atazi nimba hari ikintu ashobora kuba apfa n’abanyamakuru, gusa avuga ko nta munyamakuru n’umwe azi bafite icyo bapfa.
Aganira na IGIHE, Jack B yagize ati” Sinumva ukuntu ntibona mubikorwa runaka kandi nkora cyane, Umwaka ushize hari benshi narushije ibikorwa ariko ugasanga nko muri salax bagiye ishyamba ntago ndimo, Muri Primus (…) -
Knowless arataramira abanyamuhanga kuri uyu wa Gatanu
24 April 2013, by Audace Willy MucyoUmuhanzi Butera Knowless, aherekejwe na AmaG The Black na Christopher bazataramira i Muhanga kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Mata 2013.
Mu rwego rwo kwiyegereza abakunzi be mu bice bitandukanye, Knowless arataramira abanyamuhanga, igitaramo kikazabera ahitwa ‘Ahazaza Center’ kuva saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (18h).
Safari Placide wateguye iki gitaramo yagize ati “ Twateguye iki gitaramo tugendeye ku nsanganyamatsiko y’uyu mwaka yo kwibuka Jenoside, maze tukita ‘Kwigira Concert’ kugira ngo (…)
IGIHE