Abagize itsinda rya TNP; Paccy na Tracy, baratangaza ko bongeye gukorana na Kamichi uherutse kubanenga abinyujije mu itangazamakuru, uburyo bo batishimiye.
Kamichi uzwi nk’uwandikira aba bahanzi indirimbo, aherutse kubanenga imyitwarire mibi irimo kunywa itabi, inzoga no kujya mu bagore cyane. Ibi yabinyujije mu kubivuga kuri imwe mu Radiyo akorera mu mujyi wa Kigali.
Tracy, Umwe mu bagize iri tsinda aganira na IGIHE, yagize ati “ Kamichi yadukosoye mu buryo butari bwo, ariko ntiyabikoze (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > artrnb
artrnb
Articles
-
N’ubwo batishimiye uko yabanenze, TNP bongeye gukorana na Kamichi
22 June 2013, by Dean Irak -
Queen Cha afite byinshi ahishiye abakunzi be
28 March 2013, by Rutaganda JoelMugemana Yvonne uzwi cyane ku izina rya Queen Cha, kuri ubu nyuma y’aho amaze kugaragara cyane mu ruhando rwa muzika nyarwanda, aho usanga benshi bavuga ko agiye guhindura imitima ya benshi kubera injyana ye akunda gukora ya zouk, Queen Cha nawe avuga ko afite byinshi ahishiye abakunz be. Muri ibyo harimo indirimbo amaze gukora, akaba avuga ko azayishyira hanze nyuma y’icyunamo.
Aganira na IGIHE, Queen Cha yagize ati” kuri ubu muzika nyarwanda imaze gutera imbere, kuko usigaye usanga (…) -
Ntabwo niyemera nk’uko bimvugwaho- Elion Victory
2 May 2013, by Rutaganda JoelNgarambe Victoire uzwi cyane ku izina rya Elion Victory w’imyaka 22 y’amavuko atangaza ko kuba hari amagambo we yita ibihuha avugwa kuri we n’abanyamakuru ndetse n’abafana be, ko yiyemera cyane, adasabana, ndetse yirata, ko bimubabaza kuburyo binamubangamira muri muzika ye.
Aganira na IGIHE, Elion Victory yagize ati ”Njye ubusanzwe sinirata na gato ndasabana, abo tubana bantangira ubuhamya, ikintu mbona kibitera ni uko ntakunda gusohokana n’abanyamakuru ngo duhorane wenda babone ko ndi (…) -
Studio yo mu Bufaransa "Gad Anbessa" yashyize hanze igihangano yakoranye na Chrispin
18 June 2013, by Dean IrakAmashusho y’igihangano cya mbere (“Bamenye") umuhanzi w’Umunyarwanda Chrispin Ngabirama yakorewe na Studio yo mu Bufaransa, Gad Anbessa Production, yageze hanze.
Chrispin Ngabirama, ni umuhanzi nyarwanda uririmba mu njyana ya Reggae uheruka gusinyana amasezerano n’iyi nzu nk’uko bigaragara mu nkuru igira iti "Chrispin yasinyanye n’inzu itunganya umuziki yo mu Bufaransa yitwa Gad Anbessa" duheruka kubatangariza.
Iyi ndirimbo “Bamenye” ni imwe mu ziri kuri Album ye kabiri yise “African (…) -
Kakao gusenyuka kwa Jay Kid ntacyo kumutwaye
31 May 2013, by Rutaganda JoelCyiza Frank Kakao wari uzwi mu itsinda rya Jay Kid nyuma rikaza gusenyuka bitewe na bimwe batumvikanagaho uko ari batatu, kuri ubu Kakao umwe wahoze muri iryo tsinda aratangaza ko agiye gushyira imbaraga muri muzika we ku giti cye kuko asanga impano ye itapfa ngo ni uko Jay Kid yasenyutse. Nyuma y’aho batandukaniye amaze gushyira hanze indirimbo yaririmbye wenyine yise “Ndushaho kugukunda”.
Aganira na IGIHE, Kakao yagize ati: “Njye kuba twaratandukanye numva ari ibintu bisanzwe, ntibivuze (…) -
Tom Close yasusurukije Kampala
2 July 2013, by Dean IrakMuri iyi Weekend ishize, tariki ya 29 Kamena, Tom Close, wegukanye umwanya wa mbere mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star I, yasusurukije abitabiriye igitaramo “Rwanda Nite” mu gihugu cya Uganda.
Tom Close, usanzwe ukunzwe mu gihugu cya Uganda kubera indirimbo “Mama w’Abana” zitandukanye yakoranye na Radio na Weasle bagize Goodlyfe, yongeye kugaragarizwa ko agikunzwe muri iki gihugu.
Abitabiriye iki gitaramo cyabereye ahitwa “Club Rouge”, mu masaha y’ijoro, bavuze ko iki ari (…) -
Allioni yateye utwatsi abavuga ko akundana na Lil Pac
8 May 2013, by Rutaganda JoelBuzindu Allioni umuhanzi urimo kuzamuka cyane mu njyana ya Afrobeat, kuri ubu yaba yatangaje ko nta rukundo ruri hagati ye n’umunyamakuru Lil Pac. Allioni yamenyekanye cyane mu ndirimbo, " Umucakara, ndetse n’Impinduka”.
Aganira na IGIHE, Allioni yagize ati " Lil Pac mufata nk’umuntu ukomeye kuko amfasha muri byinshi bijyanjye n’akazi, ariko kuba amfasha ntibisobanuye ko dukundana nk’uko abantu babivuga, ahubwo ni uko ari mu bantu bakunda muzika nyarwanda, by’umwihariko akaba anamfasha (…) -
Olivis araza kwigarurira imitima y’abafana be nanone
14 March 2013, by M. M.Olivis, umuhanzi uririmba mu njyana ya R&B, aratangariza abakunzi be ko abahishiye byinshi mu minsi iri mbere, kuko yari ahugiye mu kubategurira injyana nshyashya.
Aganira na IGIHE, ’MUGABO Olivier’ uzwi ku izina rya “Olivis” wamenyekanye mu ndirimbo nka Hitamo, Urabibona, Hitamo Rmx (afatanyije na Neg G The General), … aravuga ko ahugiye mu mishinga y’indirimbo nyinshi nshyashya, akanemeza ko zizakora abafana be ku mutima cyane, dore ko ngo yashyizemo ingufu nyinshi kugira ngo (…) -
King James agiye gusubira gutaramira mu Burayi
15 April 2013, by Audace Willy MucyoKing James, aratangaza ko bidahindutse ashobora gusubira ku mugabane w’u Burayi muri Kanama 2013, icyo gihe akazazenguruka ibihugu bitandukanye akoramo ibitaramo, ariko akibanda mu bihugu bibarizwamo Abanyarwanda benshi.
King James aratangaza ko abifashijwemo n’Umunyarwanda witwa Justin Karekezi ubayo ashobora kongera kwerekeza ku mugabane, dore ko ari nawe wari wanamufashije kwerekezayo mu Kwakira 2012 ubwo aheruka gukorera ibitaramo mu Bubiligi.
King James avuga ko ku mugabane w’u (…) -
USA: Emmy abona hari impinduka kuri muzika yo mu Rwanda
5 June 2013, by Rutaganda JoelNsengiyumva Emmanuel wamenyekanye cyane ku izina rya Emmy ubwo yashyiraga hanze indirimbo ya mbere yise “Nsubiza”, iyo ndirimbo ikaba ariyo yatumye amenyekana cyane, Kuri ubu nyuma y’aho yerekeje muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aratangaza ko abona hari impinduka kuri muzika yo mu Rwanda, kuko asanga abahanzi benshi barimo kuzamuka bazi ibyo bakora kandi bashoboye.
Aganira na IGIHE, Emmy yagize ati: “Hano muri Amerika dukurikirana muzika yo mu Rwanda umunsi ku munsi, gusa nibyiza cyane (…)
IGIHE