Umuhanzi King James niwe wegukanye ibihembo byinshi mu irushanwa rya Salax Awards 2011 ryabaye kuwa Gatandatu tariki 31 Mata. Yahawe ibihembo bine birimo igihembo gikuru muri aya marushanwa cy’umuhanzi w’umwaka wa 2011.
Igikorwa cya Salax Awards benshi bakunze kuvuga ko ari Misa Nkuru ya muzika nyarwanda, ubu bibaye inshuro ya kane kibaye, kuri iyi nshuro nk’uko byagaragariye benshi, cyateguranywe ubuhanga ugereranyije n’imyaka ishize.
Hahembwe abahanzi mu njyana n’ibikorwa bitandukanye (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > artrnb
artrnb
Articles
-
Salax Awards 2011: King James yabaye umuhanzi w’umwaka
1 April 2012 -
The Ben yashimiye abafana be b’inkoramutima bamuhesheje igihembo Salax Award
10 March 2013, by Dean IrakAbinyujije ku rukutarwe rwa facebook, The Ben yishimiye igikombe yaraye yegukanye muri Salax Awards ndetse anashimira buri umwe wese ukomeje kumuba inyuma by’umwihariko abafana be b’inkoramutima.
Mu magambo ye Mugisha Benjamin bakunze kwita The Ben yanditse agira ati “Ndashaka kwatura n’ijwi rirenga nkashimira. Buri umwe wese agomba kumenya ukuntu ubufasha bw’ikipe ya The Ben, ikipe ya Press One, Diaspora, Abakunzi b’umuziki nyarwanda buvuze byinshi kuri twebwe. Kandi ntituzigera (…) -
Kode Zik agiye gushyira ahagaragara album ye nshya
12 May 2013, by Audace Willy MucyoUmuhanzi w’umunyarwanda ‘Kode Zik’ wahoze yitwa ‘Faycal’ kuri ubu ubarizwa ku mugabane w’u Burayi mu gihugu cy’u Bubiligi, agiye gushyira igice cya mbere yise “EP One” cya album ye izaba igizwe n’indirimbo nyinshi.
Mu gitaramo kizabera i Buruseli ahitwa ’De Rinck’ tariki ya 17 Gicurasi uyu mwaka, ni bwo Kode azamurika ‘EP One’, aho azaba yifatanyije n’abaraperi bakomeye bo mu Bufaransa nka Hakim Mouhid uzwi ku izina rya ‘Canardo’ uzwi mu ndirimbo nka Mélé Mélé, Je ne perds pas le nord, (…) -
Uwifuza kuvugana na The Ben na Meddy kuri VOA yahawe rugari
26 June 2013, by Dean IrakBakomeje kurushaho kuvugwa cyane muri iki gihe bitegura kugaruka mu Rwanda mu bitaramo; ubu abahanzi The Ben na Meddy bo muri Press One bazabasha gusubiza ibibazo by’abafana babo mu kiganiro kizaca kuri Radio Ijwi ry’Amerika kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Kamena saa kumi n’ebyiri n’igice z’igitondo (6:30AM) ku isaha ya Afurika yo hagati.
Muri iki kiganiro kizakorwa hifashishijwe itumanaho, umufana wese w’aba bahanzi wifuza kuvugana nabo, yahawe rugari; aho asabwa gusa kwandikira nomero ye (…) -
Sgt Clarisse Mukamusana yanze kubyihererana
5 January 2013, by Rene Anthere RwanyangeMu njyana yuje imirya ya gitari, umuhanzi Sgt Clarisse yahanitse ijwi rye aryungamo amagambo yahimbyemo indirimbo enye zivuga ku byiza by’u Rwanda ari zo “Komeza Ibigwi” yaririmbanye na Sgt Otis, “Uteje Imbere u Rwanda”, “Ibanga ry’Abanyarwanda” yahimbiye umunsi w’intwari n’indi imwe ivuga ku isozwa ry’umwaka wa 2012 yitwa “Duhobeye Umwaka Mushya”.
Ubwo yagezaga izi ndirimbo kuri IGIHE, Sgt Clarisse yavuze ko kuba akorera ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imfungwa n’Abagororwa (RCS) byatumye (…) -
Munyanshoza agiye kuzenguruka igihugu aririmba muri iki gihe twibuka jenoside yakorewe abatutsi mu 1994
8 April 2013, by Rutaganda JoelMunyanshoza Dieudonné bita Mibirizi uzwi mu ndirimbo “Duhore tubibuka” guhera kuri iki cyumweru afite gahunda yo kwifatanya n’Abanyarwanda bo mu Turere dutandukanye mu rwego rwo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata umwaka wa 1994.
Munyanshoza yavuze ko tariki ya 7 Mata 2013 azaba ari kumwe n’abandi bahanzi muri Sitade Amahoro mu nkera yo kwibuka, tariki ya 8 Mata ku gicamunsi azajya kwifatanya n’abatuye mu Karere ka Gakenke kwibuka, naho ku mugoroba azaba ari muri Kaminuza Nkuru (…) -
Impamvu Jules Sentore aririmba injyana y’umuco Gakondo
16 March 2013Umuhanzi witwa Icyoyitungiye Jules Bonheur, usanzwe amenyerewe ku izina rya Jules Sentore, impamvu yaba ituma akora injyana gakondo gusa, Ni uko sekuru Sentore Athanase ariwo murage yamuhaye akiri ku isi.
Aganira na IGIHE, Jules Sentore yagize ati"nshimishwa nuko indirimbo z’umuco kuri ubu zirimo kurushaho gukundwa cyane, aho mu minsi ishize wasangaga abantu biyumvamo injyana zindi zo mu mahanga atari iza gakondo".
Abajijwe impamvu adakoresha izina rye bwite rya"Icyoyitungiye", yagize (…) -
Tom Close ntari ku rutonde rw’abarangije muri Kaminuza
24 October 2012, by Dean IrakKaminuza Nkuru y’u Rwanda yashyize hanze urutonde rw’abanyeshuri barenga 3200 bayirangijemo mu mashami atandukanye no mu byiciro bitandukanye batangiye guhabwa impamyabumenyi guhera tariki ya 23 kuzageza ku itariki ya 25 Ukwakira 2012.
Kuri uru rutonde ariko ntihagaragaraho izina Muyombo Thomas, ari we Tom Close, umuhanzi wegukanye umwanya wa mbere mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star I, wagombaga kuba aruriho.
Tom Close, aganira n’umunyamakuru wa IGIHE kuri uyu wa 24 Ukwakira (…) -
Abahanzi mu byiciro bitandukanye bafashije Knowless gushimisha abafana amurika ’album’ ya kabiri
9 March 2013, by Nsabimana EmileUbwo umuhanzi Butera Jeanne d’Arc uzwi mu muziki nyarwanda nka Knowless yamurikaga ‘album’ ye ya kabiri yise “Uwo ndi we” kuri uyu wa munani Werurwe 2013, igitaramo cye cyanyuze benshi bitewe ahanini no kuba hari abahanzi bo mu byiciro bitandukanye kandi akanaririmba mu ijwi ry’umwimerere mu buryo bw’ako kanya (Live).
Abo bahanzi barimo Mariya Yohana, Masamba n’abahanzi bagezweho muri iki gihe nka Christopher, Tom Close n’abandi.
Mu ndirimbo Knowless yaririmbye zashimishije abari mu (…) -
Nyuma yo kwitwa ikiwani, Meddy yagize icyo avuga
15 May 2013, by Audace Willy Mucyo“Ntabwo duha urubuga abatuvuga nabi ariko byose bibaho- ni ibintu ubona bikagukora ahantu ariko ntubitindeho.” Aya ni amwe mu magambo Meddy yatangaje nyuma y’aho hasohokeye inkuru nyinshi zigira ziti: "Tijara Kabendera yandagaje Ngabo Medard."
Aya magamo yatangajwe binyuze kuri Facebook ya Ernesto Ugeziwe wanditse agira ati “Am sorry Meddy ariko kuriyi nshuro urambeshye kbsa…..Kiwani nyoo” nuko mu izina rya Tidjara Kabendera (Dada Kabendera) hatangwa igitekerezo kigira kiti “Ni ryari (…)
IGIHE