Group Vivendi Africa-Rwanda (GVA-Rwanda) isanzwe itanga Internet ya CANALBOX, yashyizeho poromosiyo igenewe abakiliya bayo mu bihe by’iminsi mikuru yiswe "Ni Iyawe mu bawe".
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeAdvertorial
HomeAdvertorial
Articles
-
Abaguzi ba internet ya CANALBOX bashyiriweho poromosiyo y’iminsi mikuru
9 November 2024, by Ntabareshya Jean de Dieu -
CANAL+ yashyizeho poromosiyo y’iminsi mikuru yise ‘Buri munsi ni ibirori’
15 November 2024, by Byiringiro Osée ElvisSosiyete icuruza amashusho ya CANAL+ Rwanda igiye gufasha abafatabuguzi bayo kwizihiza iminsi mikuru binyuze mu kugabanya ibiciro by’ifatabuguzi na dekoderi.
-
KTN RWANDA yashyize ku isoko ibibanza mu mujyi wa Kigali no mu ntara y’Iburasirazuba
13 November 2024, by Twagirayezu PatrickIkigo kimaze kuba indashyikirwa mu guhuza abaguzi n’abagurisha by’umwihariko imitungo itimukanwa, KTN RWANDA, cyongeye kibashyira igorora aho cyashyize ku isoko ibibanza bitandukanye, birimo ibyo guturamo, ubutaka bwo gukoreramo ubuhinzi n’ubworozi ndetse n’ibibanza byo kubakamo inganda.
-
Hafunguwe urubuga rutangirwaho serivisi z’abikorera
11 December 2024, by Léonidas MuhireIkigo Ahupa Business Network cyafunguye urubuga rutangirwaho serivisi z’abikorera mu rwego rwo korohereza abantu kuzigeraho mu ikoranabuhanga batavuye aho bari kandi bazihawe n’abazitanga bizewe hirindwa uburiganya bujya bugaragara ku biyitirira ibyo badakora.
-
Ikigo 1000 Hills Events cyahembye imishinga y’abafite ubumuga yitwaye neza
6 December 2024, by Twagirayezu PatrickIkigo 1000 Hills Events cyatanze ibihembo ku mishinga y’abafite ubumuga yitwaye neza, byiswe “Rwanda Disability Inclusion Art Festival & Awards 2024” bigamije kugaragaza ko n’abafite ubumuga bashoboye.
-
Ishuri KETHA na TLIS byagiranye amasezerano yo kwigisha Icyongereza no gutanga impamyabumenyi mpuzamahanga
16 December 2024, by IGIHEIshuri rya Kigali Excellent Tourism and Hospitality Academy (KETHA) rikorera mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, ryashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye n’ishuri ryigisha Icyongereza ryemewe n’ikigo ’Tomorrow’s Leaders International Schools (TLIS)’ ryemewe na British Council, kugira ngo batangize amasomo yo gukoresha Icyongereza mu buryo bwihariye, bujyanye no guteza imbere ubukerarugendo na serivisi z’amahoteli.
-
Prime International Carriers Ltd yizihirije ibirori by’impera z’umwaka mu biro byayo bishya
17 December 2024, by Twagirayezu PatrickIkigo gitanga serivisi z’ubwikorezi bwambukiranya imipaka, Prime International Carriers Ltd, cyatashye ibiro byayo bishya biherereye mu Mujyi wa Kigali, mu Karere ka Gasabo, inizihiza ibirori byo gusoza umwaka.
-
Bethany Hotel yagabanyije ibiciro, itegura impano zizahabwa abakiliya mu minsi mikuru
20 December 2024, by IGIHEBethany Hotel iri muri hoteli zibarizwa mu kigo Bethany Investment Group, yagabanyije 10% by’ibiciro ku byumba byayo, mu rwego rwo kurushaho gufasha abayigana kugira ibihe byiza muri iyi minsi mikuru.
-
Engie Energy Access Rwanda yorohereje abakiliya bayo gutunga Samsung Galaxy mu minsi mikuru
21 December 2024, by Léonidas MuhireSosiyete itanga ingufu z’amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba, Engie Energy Access Rwanda isanganywe imikoranire na Samsung, ikigo gikora kikanacuruza telefone, yazaniye abakiliya bayo poromosiyo ibafasha gutunga ‘smartphones’ ziri ku igabanyirizwa rya 25% by’igiciro cy’ifatabuguzi kandi zikishyurwa mu byiciro.
-
Yvanny Mpano agiye kwinjiza abakunzi be mu mwaka mushya kuri Chillax Lounge
30 December 2024, by Mukahirwa DianeYvanny Mpano umaze kwamamara mu muziki Nyarwanda agiye kwinjiza abakunzi be mu mwaka mushya, mu gitaramo kizabera kuri Chillax Lounge isanzwe iri muri Century Park Hotel & Residences i Nyarutarama.
IGIHE