Ikigo Irembo cyongereye ubushobozi urubuga rwacyo rwa ‘IremboGov’, hagamijwe gutanga serivisi za Leta abaturage bakeneye no kuborohereza kubona serivisi kandi mu buryo bwihuse.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeAdvertorial
HomeAdvertorial
Articles
-
Urubuga rwa IremboGov rwavuguruwe hagamijwe kunoza imitangire ya serivisi
3 January 2025, by Jean de Dieu Tuyizere -
Kigali: Hafunguwe igararaje rifite umwihariko wo kugira amavuta yagenewe imodoka z’ubwoko bwose
16 January 2025, by Léonidas MuhireNyuma y’uko hagiye hagaragara ikibazo cy’imodoka zishyirwamo amavuta atarazigenewe bikangiza moteri zazo bigatuma zitamara kabiri, mu Mujyi wa Kigali hafunguwe igaraje ryitwa Car Zone rifite amavuta agenewe buri bwoko bw’imodoka by’umwihariko atakundaga kuboneka ku isoko.
-
Mega Global Link yafunguye ibiro bishya muri Canada
25 January 2025, by Twagirayezu PatrickUbuyobozi bwa Mega Global Link bwatangaje ko bwabonye ibyangombwa byuzuye bibemerera gufungura ibiro bishya mu Mujyi wa wa Toronto muri Canada, mu rwego rwo kurushaho kwegera abakiliya bayo no kwagura ibikorwa.
-
Imirimo y’abakozi ba Access Bank mu gufasha Abanyarwanda mu 2024
27 January 2025, by IGIHEMuri ibi bihe Isi iri gutera imbere ku muvuduko wo hejuru, ni ngombwa ko ibigo by’ubucuruzi bigira uruhare no mu mibereho y’abaturage mu buryo butaziguye.
-
ARDE/Kubaho imaze kugeza amazi meza ku baturage barenga ibihumbi 220
22 February 2025, by IGIHEKuva watangira ibikorwa byo guteza imbere Abanyarwanda mu buryo butandukanye mu 2015, Umuryango uharanira guteza imbere imibereho myiza y’abaturage, ARDE/Kubaho watangaje ko kugeza ubu umaze kugeza amazi meza ku baturage 221,700.
-
Mega Global Link yashyize igorora abashaka kwiga no gukorera muri Canada
13 May 2025, by Léonidas MuhireMega Global Link isanzwe ifasha abantu kwiga, gukorera no gutura mu mahanga yinjiye mu mikoranire na kaminuza ebyiri zo muri Canada, no gufasha abashaka kuzigamo kubonamo umwanya bakanafashwa kubona akazi n’ibya ngombwa byo kuhakorera.
-
Engie Energy Access Rwanda yatanze amahirwe ku bashaka gutunga ‘smartphone’
7 June 2025, by Twagirayezu PatrickSosiyete itanga ingufu z’amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba, Engie Energy Access Rwanda, ifitanye imikoranire n’ikigo Samsung gikora kikanacuruza telefoni za Samsung Galaxy, yashyiriyeho abakiliya gahunda iborohereza gutunga ‘smartphones’ za Samsung Galaxy bagabanyirijwe 15% ku giciro cy’ifatabuguzi.
-
Uburyo bworoshye wabonamo ibyangombwa byo gutura no gukorera muri Canada
10 June 2025, by Léonidas MuhireIkigo kizobereye mu gufasha abantu kwemererwa kujya mu mahanga mu kwiga, gutura cyangwa mu kazi, Rama Travel Agency cyatangaje ko cyatangije uburyo bwo gufasha abantu kujya muri Canada mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’ababaga bujuje ibisabwa ariko bakagorwa no kubyisabira bigatuma babura ayo mahirwe.
-
Ibyihariye ku modoka ‘Dongfeng M-Hero’ yifashishijwe muri ‘Kigali International Peace Marathon 2025’
10 June 2025, by Iradukunda OlivierKu nshuro ya kane yikurikiranya, imodoka za Carcarbaba zayoboye abasiganwa ku maguru bitabiriye ‘Kigali International Peace Marathon 2025’, aho muri uyu mwaka iki kigo cyaserukanye imodoka idasanzwe yo mu bwoko bwa ‘Dongfeng M-Hero’.
-
Impamo JackPot ya Inzozi Lotto yageze kuri miliyoni 60 Frw
29 June 2025, by Byiringiro Osée ElvisUmukino w’amahirwe wa Inzozi Lotto wongereye ibihembo by’uwa Impamo JackPot aho kugeza ubu ushobora gutsindira arenga miliyoni 60 Frw, ibibaye ku nshuro ya mbere mu Rwanda.
IGIHE