Ubuyobozi bw’Ikigo gifasha abantu b’ingeri zinyuranye kujya kwiga mu mashuri atandukanye mu mahanga, Mega Gobal Link bwatangaje ko bwagabanyije 20% ku giciro cya serivisi bacaga umuntu ushaka kujya kwiga mu mashuri yo hanze y’u Rwanda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeAdvertorial
HomeAdvertorial
Articles
-
Mega Global Link yagabanyije ibiciro ku bashaka kwiga mu mahanga
31 May 2024, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Mega Global Link yagabanyije 20% ku kiguzi gicibwa abajya mu biruhuko mu mahanga
3 June 2024, by Nshimiyimana Jean BaptisteUbuyobozi bw’Ikigo Mega Global Link bwatangaje ko abantu baziyandikisha mu bashaka kujya mu biruhuko mu bihugu nka Canada, Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Burayi bazagabanyirizwa ibiciro ku ijanisha rya 20% kuri buri muntu.
-
Mega Global Link yagabanyije ibiciro ku bifuza kujya kwiga hanze y’u Rwanda
13 June 2024, by Zigiranyirazo BajecteurIkigo gifasha abifuza kujya kwiga hanze y’u Rwanda, Mega Global Link, cyagabanyije 20% ku biciro byacyo mu rwego rwo korohereza abifuza gukomereza amasomo yabo hanze y’u Rwanda, by’umwihariko bakifuza gutangirana n’umwaka w’amashuri utaha, uzatangira muri Nzeri uyu mwaka.
-
Choplife yafashije Aba-Rayons kwishimira Rayon Day 2024
5 August 2024, by Byiringiro Osée ElvisSosiyete y’Imikino y’Amahirwe "Choplife" yashinzwe n’Umuhanzi Mr Eazi yafashije Aba-Rayons kwishimira Umunsi w’Igikundiro (Rayon Day 2024) inatanga igikombe kuri Azam FC yatsinze Gikundiro igitego 1-0.
-
Umwihariko wa Gahogo Adventist Academy, ishuri riteza imbere uburezi bushingiye ku ndangagaciro za gikirisitu
2 September 2024, by Ntabareshya Jean de DieuHambere aha iyo wabazaga amashuri meza atsindisha mu barangije icyiciro cy’abanza cyangwa ayisumbuye kandi umwana akarangiza afite ikinyabupfura gikwiye uwarezwe, urutonde rwiganzagamo ayo mu Mujyi wa Kigali azwiho kwishyura akayabo, ariko ibi byarahindutse kuko muri Gahogo Adventist Academy batanga uburezi n’uburere byose biri ku rwego rwo hejuru.
-
COPEDU Plc yahembye umugore wahize abandi muri Action College
7 September 2024, by Léonidas MuhireIkigo cy’Imari cya COPEDU Plc cyifatanyije na Action College mu muhango wo gutanga impamyabushobozi ku barenga 400 basoje amasomo mu ndimi n’imyuga itandukanye mu myaka itanu ishize, kinatanga igihembo cy’ishimwe ku mugore wahize abandi mu manota meza.
-
Bralirwa Plc yamuritse icupa rishya rya Cheetah Energy
9 September 2024, by IGIHEUruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, Bralirwa Plc, rwashyize hanze icupa rishya rishyirwamo ikinyobwa cya Cheetah Energy rikozwe mu kirahuri.
-
Bethany Hotel yazanye umwihariko mu bukerarugendo bukorerwa ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu
27 September 2024, by IGIHEBethany Hotel iri muri hoteli zibarizwa mu kigo Bethany Investment Group, yatangijwe uburyo bwihariye bugamije gutuma abatemberera ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu by’umwihariko i Karongi na Rubavu, barushaho kuryoherwa.
-
Abahanzi bitabiriye ibitaramo bya ’ Iwacu Muzika Festival’ bahawe amahirwe yo gusura uruganda rwa BRALIRWA
23 October 2024, by Nsengiyumva EmmyAbahanzi bose bari bitabiriye ibitaramo bya ‘MTN Iwacu Muzika Festival’ byari bimaze iminsi bizenguruka igihugu mbere y’uko bisorezwa mu Karere ka Rubavu ku wa 19 Ukwakira 2024, bahawe amahirwe yo gusura uruganda rwa BRALIRWA.
-
Umusanzu wa CANAL+ Rwanda mu kubungabunga ibidukikije
29 October 2024, by Iradukunda OlivierSosiyete icuruza amashusho ya Canal+ Rwanda yatanze inkunga mu kwishyurira ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) ku miryango y’abatishoboye ndetse inagaragaza akamaro ko kubungabunga ibidukikije.
IGIHE