Sosiyete Group Vivendi Africa Rwanda (GVA Rwanda) isanzwe itanga Internet ya CanalBox, yatangaje ko yatangiye gutanga serivisi zayo i Karama mu Karere ka Nyarugenge ahazwi nka ‘Norvège’ mu rwego rwo kurushaho kwegera abaturage.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeAdvertorial
HomeAdvertorial
Articles
-
Internet ya ‘CanalBox’ yagejejwe Norvège ya Karama
30 June 2025, by Isabwe Fabiola -
Kwibohora 31: Techno Market Ltd yashimiye abakiliya bayihisemo mu rugendo rw’iterambere
4 July 2025, by IGIHETariki ya 4 Nyakanga ni umunsi udasanzwe mu mateka y’u Rwanda kuko hizihizwa umunsi wo Kwibohora, aho Abanyarwanda bibuka intwari zababereye urumuri, zibazanira amahoro, ubumwe n’iterambere.
-
Abakiliya ba MySol bashyiriweho uburyo bwo kugera kuri serivisi zayo bakoresheje telefone
11 July 2025, by Léonidas MuhireSosiyete itanga Ingufu z’Amashanyarazi akomoka ku mirasire y’Izuba, MySol yashyiriyeho abakiliya bayo uburyo bwo kugera kuri zimwe muri serivisi zayo no kubona amakuru ku zo bashaka kwaka bakoresheje telefone zabo badakoze ingendo bajya ku mashami y’icyo kigo.
-
Guteza imbere umuco mu byatumye Techno Market itera inkunga igitaramo cya Inganzo Ngari
1 August 2025, by Uwiduhaye TheosTechno Market itanga serivisi zo gusohora inyandiko ku mpapuro (printing), kwandika ku byapa n’imyenda, gushushanya ku bikoresho n’ibindi bintu (branding) yatangaje ko yahisemo gushyigikira igitaramo cy’Inganzo Ngari kuko rishaka guteza imbere umuco.
-
Mega Global Market yorohereje abantu kubona ibikoresho byayo mu buryo buhendutse
1 August 2025, by Utuje CedricIkigo Mega Global Market cyatangije ku mugaragaro gahunda nshya ya ‘African Wellness Junction’ igiye korohereza abifuza kugura ibikoresho byayo kuri make ndetse no kubigeza ku isoko mpuzamahanga.
-
Ibyo wibaza ku irushanwa rya Tangira Start Up TV rigiye kuba bwa mbere mu Rwanda
4 September 2025, by Ntabareshya Jean de DieuHarabura igihe gito ngo abashoramari bato n’abafite ibitekerezo by’ubucuruzi mu Rwanda bahabwe urubuga rwo kugaragaza impano zabo binyuze mu irushanwa rishya rizajya rica kuri televiziyo ryiswe ‘Tangira StartUp TV Contest’, ryashowemo arenga miliyoni 10 Frw.
-
Umubyeyi ahabwa ibihumbi 500 Frw: Umwihariko wa Tuza na BK iri gufasha ababyeyi kubona ‘minerval’ y’abana
10 September 2025, by IGIHEIshuri ryatangiye. Ababyeyi benshi bahangayitse, ibyo kugurira abana babo kugira ngo babashe kwitabira ishuri ni byinshi, kuva ku buroso bw’amenyo kugeza ku mafaranga y’ishuri.
-
Imishinga 50 ya ba rwiyemezamirimo bato igiye guhatanira ibihembo mu irushanwa rya mbere mu Rwanda
18 September 2025, by IGIHEAbategura irushanwa rizwi nka ‘Tangira StartUp TV Contest’ batangaje ko ibikorwa byo kwiyandikisha byagenze neza, bagaragaza ko abohereje imishinga yabo bazatoranywamo 50 bazahatanira ibihembo.
-
M Hotel yasabanye n’abayibereye abakiliya muri Shampiyona y’Isi y’Amagare
1 October 2025, by Léonidas MuhireM Hotel yasabanye n’abakiliya bayo bo mu bihugu umunani bahacumbitse n’abahaherewe serivisi mu gihe bari bitabiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare yabeeye i Kigali kuva ku wa 21-28 Nzeri 2025.
-
Great Hotel Kiyovu irakataje mu kudabagiza abayigana
1 October 2025, by Uwiduhaye TheosNtibyayisabye igihe kinini kugira ngo ibe imwe muri hoteli zifite izina rikomeye muri Kigali, kandi zigendwa na buri wese kuko nyuma y’imyaka ine gusa Great Hotel Kiyovu imaze itangiye gukora, ubu imaze kugaragaza umwihariko mu ngeri zitandukanye, ari na byo byatumye benshi bashaka kwica icyaka, kwikiza amavunane cyangwa kurya ibiryo ntagereranywa nta handi batekereza uretse iyi hoteli.
IGIHE