Ikigo cy’ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), mu itangazo cyashyize ahagaragara kiributsa abagenerwa amafaranga ya buri kwezi y’ikiruhuko cy’izabukuru (Pansiyo), n’ay’ibyago bikomoka ku kazi, kwihutira gutanga ibyemezo by’uko bariho bitangwa n’imirenge.
Icyo kigo gitangaza ko ibyo byemezo bigomba kuba byatanzwe bitarenze tariki ya 25 Ukuboza 2013, kugira ngo bazashobore kubona amafaranga yabo mu mwaka wa 2014.
Ibyo byemezo bigamba kuba byanditseho aho umugenerwabikorwa atuye ni ukuvuga (…)
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeRssb
HomeRssb
Articles
-
Abahabwa amafaranga ya Pansiyo barasabwa gutanga ibyangombwa by’uko bakiriho hakiri kare
7 December 2013, by Rene Anthere Rwanyange -
RSSB igiye kuvugurura amakarita ya Mutuelle de Santé
16 July 2015, by Philbert GirinemaIkigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB, kirateganya kuzatanga amakarita y’ikoranabuhanga azasimbura ayatangwaga y’ubwisunganye mu kwivuza ‘Mituelle de Santé’.
-
RSSB yaganiriye na Diaspora ku buryo bwo kuzamura ubwitabire bwa mituweli
18 December 2015, by Bayingana BonfilsNyuma y’uko bigaragaye ko hakiri ikibazo cy’ubwitabire mu gutanga ubwisungane mu kwivuza, Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB kiratangaza ko ku bufatanye n’Abanyarwanda baba mu mahanga (Diaspora) bagiye kurebera hamwe uburyo ubwitabire bwa mituweli bwazamurwa.
-
Menya ibisabwa na RSSB mu gutanga pansiyo y’ubumuga
7 January 2015, by Noel TurikumweMu gihe hari abibaza uburyo Pansiyo y’Ubumuga ihabwa abanyamuryango b’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), iki kigo kiravuga ko iyi pensiyo ihabwa umunyamuryango wahuye n’ubumuga bwa burundu bw’umubiri butewe n’indwara cyangwa impanuka idafitanye isano n’akazi iyo ubumunga bwemejwe na muganga ngishwanama wa RSSB.
Ibikenewe kugira ngo uhabwe pansiyo y’ubumuga na RSSB
1. Kuba utarageza ku myaka 60 y’amavuko cyangwa se ku myaka iteganywa n’amategeko yihariye ku bakozi (…) -
Ibikoresho bya Metal Processing Association mu cyamunara
26 October 2013Ikigo cy’Ubwiteganyirize cy’u Rwanda (RSSB), kirahamagarira abantu bose babishaka kugura mu cyamunara ibikoresho bya Metal Processing Association Sarl (MPA), byafatiriwe kubera kutishyura imisanzu y’Ubwiteganyirize bw’abakozi. Ibyo bikoresho harimo umunzani upima amabuye y’agaciro, imashini isudira n’ibindi bikoresho byo mu biro. Abashaka kugura basura ibizatezwa cyamunara ku ishami rya RSSB i Rubavu, kuva saa kumi kugeza saa kumi n’imwe z’umugoroba, ariko mu masaha y’akazi. Cyamunara izaba (…)
-
RSSB yegukanye igikombe mu mikino y’ishyirahamwe ry’abakozi b’ibigo na minisiteri
25 January 2015, by ClaudeIkigo cy’Igihugu cy’Ibwiteganyirize mu Rwanda RSSB cyegukanye igikombe mu mukino wa Basket uhuza ibigo by’abakozi ba Leta, abigenga na Minisiteri zitandukanye mu Rwanda.
Tariki ya 26 Mutarama 2014, mu mikino itegurwa n’Ishyirahamwe ry’imikino ihuza Abakozi b’ibigo na Minisiteri mu Rwanda ARPST (Association Rwandaise pour la Promotion du Sport dans le milieu du Travail); ibigo na minisiteri byahwe ibikombe bigera ku icumi harimo na RSSB yagukanye igikombe mu mukino wa Basket nyuma yo (…)
IGIHE