Nyuma yo kwegurira Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) gucunga imisanzu y’ubwisungane mu kwivuza hagamijwe kuvugurura no kunoza imicungire ya mitiweli, iki kigo gitangaza ko bizatuma serivisi z’ubwishingizi bw’indwara zirusheho gutangwa neza, hagamijwe ubuzima buzira umuze bw’abanyamuryango ba mitiweli.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeRssb
HomeRssb
Articles
-
Ibyiza byo kuba imisanzu ya mitiweli irimo gucungwa na RSSB
2 July 2015, by Mathias Hitimana -
NATIONAL TENDER NOTICE NO 023/F/N/2013-2014/RSSB/OB
3 October 2013, by Rene Anthere RwanyangeTITLE: SUPPLY OF 2 AIR CONDITIONERS, EXTENDING THE CHIMNEY AND REPAIRING THE COLD ROOM
CLIENT: RSSB
BENEFICIARY: RSSB
SOURCE OF FUNDING: RSSB
Lot 1: SUPPLY OF 2 AIR CONDITIONERS
Lot 2: EXTENDING THE CHIMNEY AND REPAIRING THE COLD ROOM
1. The Rwanda Social Security Board (hereinafter called ‘’Client”) has a budget towards the cost of Supply of 2 Air Conditioners, Extending the Chimney and repairing the Cold room The Client intends to apply a portion of the funds to (…) -
RSSB iributsa Abanyarwanda guteganyiriza izabukuru
17 March 2016, by Bayingana BonfilsIkigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda (Rwanda Social Security Board-RSSB) gikomeje gushishikariza Abanyarwanda kwitabira guteganyiriza izabukuru ku bushake (Assurance volontaire), kugira ngo bagire amasaziro meza nk’uko byagarutsweho mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 13.
-
RSSB irakebura abakoresha kuzirikana igihe ntarengwa cyo gutangira imisanzu abakozi
30 January 2015, by Philbert HagengimanaIkigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda “RSSB” kiracyebura abakoresha ngo bubahirize igihe ntarengwa cyo kumenyekanisha imishahara no kwishyura imisanzu y’abakozi babo, haba mu ishami rya Pansiyo n’iry’ibyago bikomoka ku kazi, ndetse no mu ishami ry’ubwishingizi bw’indwara kugira ngo birinde ingaruka zo kutubahiriza iyi nshingano.
Nyuma ya buri gihembwe (amezi atatu) abakoresha basabwa kumenyekanisha imishahara no kuriha umusanzu mu ishami rya pansiyo n’iry’ibyago bikomoka ku kazi naho mu (…) -
Mu mezi atatu ubukangurambaga bwakozwe na RSSB bwasize 16% bitabiriye mituweli
11 January 2016, by Kanamugire EmmanuelNyuma y’amezi atatu Ikigo cy’ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) gitangiye ukangurambaga bushishikariza buri muryango gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza “ mituweli”haratagangazwa ko bwatanze umusaruro kuko bwasojwe 16% biyongereye ku bari baratanze uwo musanzu.
-
RSSB yatewe ishema n’igikombe yahawe mu imurikagurisha mpuzamahanga rya 18
27 August 2015, by Philbert HagengimanaIkigo Cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda RSSB gitewe ishema n’igikombe cyegukanye mu imurikagurisha mpuzamahanga rya 18, nyuma yo kuba Ikigo cya mbere mu bamuritse ibikorwa by’ubwiteganyirize (Best Exhibitor Award in Insurance/Social sector).
-
Abakoresha badatangira abakozi imisanzu muri RSSB ntaho bacikira ibihano
26 March 2015, by Mathias HitimanaIkigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize RSSB kiravuga ko zimwe mu mpamvu nyamukuru zituma abakoresha badatangira imisanzu abakozi babo ko ari uko abenshi badaha agaciro akamaro ko kwiteganyiriza, ngo banatekereze ejo hazaza h’abakozi babo.
-
RSSB na MINALOC bahagurukijwe n’ubukangurambaga bwa Mituweli mu baturage
26 October 2015, by Richard Dan IraguhaKuva ku itariki ya 23 Ukwakira 2015 kugeza ku ya 7 Ugushyingo 2015 Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda RSSB cyatangije gahunda y’ubukangurambaga (road shows and community theatre) mu turere twose tw’u Rwanda babamenyesha ibyiza RSSB izanye muri Mituweli ivuguruye kandi babashishikariza kwitabira gutanga imisanzu ya mituweli hakiri kare dore ko indwara itera idateguje.
-
Sobanukirwa n’ibyerekeye amafaranga ya Pansiyo agoboka utagishoboye kwikorera
18 November 2013, by Mathias HitimanaMu gukomeza kubagezaho amakuru arebana n’ibikorwa n’Ikigo cy’ubwiteganyirize mu Rwanda(RSSB), hari byinshi birebana n’abakorera umushahara cyangwa se abikorera bifuza kujya mu bwiteganyirize baba bakeneye gusobanukirwaho. Ni muri urwo rwego tubagezaho ibijyanye n’ishami rya Pansiyo.
Ishami rya pansiyo rigamije
Intego y’ishami rya pansiyo ni ugutabara umukozi washaje atagishoboye gukorera umushahara cyangwa yamugaye atagishoboye kubeshwaho n’akazi no gutabara abari batunzwe n’umukozi (…) -
RSSB yahuguye abakozi ba SOS ku mikorere y’ishami rya pansiyo n’ibyago bikomoka ku kazi
7 December 2014, by ClaudeIkigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize (RSSB) cyahuguye abakozi b’Umuryango utegamiye kuri Leta Uharanira kurinda inyungu z’abana bato (SOS Villages d’Enfants) ku mikorere y’ishami rya pansiyo n’ibyago bikomoka ku kazi, ku wa Kane w’icyumweru gishize, tariki ya 4 Ukuboza 2014.
Ubuyobozi bw’ishami rya pansiyo n’ibyago bikomoka ku kazi muri RSSB bwagiranye ikiganiro n’abayobozi b’ibigo (directeurs) n’abashinzwe ibijyanye n’umutungo ba SOS Village d’Enfants mu Rwanda ndetse n’umuyobozi (…)
IGIHE