Hafi 90% by’abikorera ku giti cyabo badategereza umushahara w’ukwezi nk’abahinzi, abarobyi, abacuruzi, ababaji, aborozi n’abandi, nta bwiteganyirize ubwo ari bwo bwose bagiraga kandi babwemerewe, none Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) cyabibutse.
RSSB yemeranyije n’Ikigo cy’Ubufatanyabikorwa mu gukangurira abantu kwizigamira (SSP) gushishikariza abantu ku giti cyabo guteganyiriza iza bukuru.
Mu mahugurwa y’iminsi ibiri, abakangurambaga ba SSP basobanuriwe gahunda yo kwizigamira, (…)
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeRssb
HomeRssb
Articles
-
RSSB yazanye uburyo abadahembwa ku kwezi bazajya biteganyiriza iza bukuru
4 September 2014, by Mathias Hitimana -
RSSB yahize ko ntawe uzongera gusiragizwa kubera Mutuelle de Santé
22 April 2015, by Philbert HagengimanaIkigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda RSSB kiratangaza ko kigiye guhindura byinshi mu mitangire ya serivisi ku bantu bakoresha Mutuelle de Santé, kigendeye ku bunararibonye gifite.
-
Abakoresha bagera kuri 20% ntibatangira abakozi babo imisanzu y’izabukuru-RSSB
18 April 2016, by Kanamugire EmmanuelNubwo gutangirwa imisanzu ku bakozi mu ishami rya pansiyo ari inshingano bahabwa n’itegeko, ntibikuraho ko hari bamwe mu bakoresha usanga bagikwepa gutangira abakozi imisanzu y’ubwiteganyirize, bishobora kubagiraho ingaruka zikomeye kuko itegeko riteganya ibihano bitoroshye na gato.
-
Abanyarwanda 81% bafite mituweli, Rubavu iza ku mwanya wa nyuma
10 June 2016, by Kanamugire EmmanuelImibare Itangwa na RSSB iragaragaza ko 81% by’abanyarwanda bamaze kugira ubwisungane mu kwivuza mu mwaka wa mituweli wa 2015-2016, Rubavu ikaba ari yo iza ku mwanya wa nyuma mu bwitabire ku kigero cya 69,51%.
-
Nta mukiriya ugomba kurenza 15% mu kwishyura serivisi zirebana n’ubuvuzi
14 December 2013, by Rene Anthere RwanyangeIkigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), kiributsa abagenerwabikorwa bacyo ko batagomba kwishyura amafaranga arenga 15% kuri serivisi zirebana n’ubuvuzi ndetse n’imiti bagura.
Nk’uko tubikesha itangazo ryatanzwe na RSSB, abishyuye amafaranga arenga ayongayo bakaba bagomba kwegera Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda bagaragaza impapuro bishyuriyeho ndetse n’ibaruwa isaba gusubizwa ayo mafaranga.
Soma amatangazo ajyanye n’ibisabwa abakiriya ndetse n’ibigo by’ubuvuzi na Farumasi bikorana (…) -
Hari impamvu zitera RSSB gutinda kugoboka uwahuye n’ibyago bikomoka ku kazi
16 April 2015, by Mathias HitimanaHari ibibazo bikunze kwibazwa ku Kigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) nk’uko bigaragara mu butumwa bw’abasomyi ba IGIHE, bimwe muri byo tubashakira ibisubizo.
-
Ni ryari ushobora guhabwa pansiyo y’imburagihe?
10 March 2015, by Philbert HagengimanaUbusanzwe mu ishami rya Pansiyo mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize (RSSB,) pansiyo ihabwa umukozi witeganyirije mu gihe ageze mu zabukuru atagishobora gukora.
-
Abajya muri Expo bashyiriweho uburyo bworoshye bwo kwishyura mitiweli
7 August 2016, by Israel IshimweMu gihe imurikagurisha(Expo) ku nshuro ya 19 riri kubera i Gikondo mu Mujyi wa Kigali rigenda rigana ku musozo, niko n’abagana kwihera ijisho ibihakorerwa biyongera umunsi ku wundi.
-
Sobanukirwa ibirebana n’indwara zikomoka ku kazi
15 April 2013Indwara ikomoka ku kazi ni indwara ifata umuntu bitewe n’akazi akora cyangwa n’impamvu iturutse kuri ako kazi, iyo ndwara ikaba inkurikizi yihariye y’uwo murimo.
Mu yandi magambo ni indwara yanduzwa n’akazi cyangwa se imikorerwe yako.Ubusanzwe indwara zikomoka ku kazi zirazwi, kuko Iteka rya Minisitiri No 623/06 ryo ku wa 14 Kanama 1980, ryemeza lisiti y’indwara babona zikomoka ku kazi. Iyo lisiti ikaba rero yerekana indwara nyinshi, ikerekana imirimo cyangwa ibikoreshwa bishobora (…) -
Uburenganzira bw’uwiteganyirije muri RSSB wahuye n’ikibazo
28 January 2015, by Herve UgirumukundaMu gihe cy’impanuka cyangwa ibyago bikomoka ku kazi hari abo usanga birya bakimara, abandi bakabunza imitima nyamara bariteganyirije mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB.
Dore ibyo abanyamuryango ba RSSB bujuje ibisabwa bagenerwa mu gihe bahuye n’impanuka cyangwa indwara bikomoka ku kazi :
Kwishyurwa ibikorwa byose by’ubuvuzi wakorewe (gusuzumwa, imiti, insimburangingo cyangwa inyunganirangingo igihe bikenewe,…)
Guhabwa amafaranga y’iminsi utakoze kandi (…)
IGIHE