Umuhanzi mpuzamahanga w’umunya “Jamaica” yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ariko urugendo rwe ntiyarurangije kuko akimara kwerekwa imva zishyinguwemo Abatutsi bishwe muri Jenoside, agahinda ntikatumye akomeza kuzenguruka mu rwibutso.
Kuri uyu wa mbere tariki 4 Werurwe 2013 ubwo Beenie man yasuraga urwibutso rw’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akimara kugera aho imodoka zihagarara yasohotse mu modoka ye aseka ubona nta kibazo afite, bamuha indabo yagombaga gushyira ku (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > showbizslide
showbizslide
Articles
-
Gisozi: Agahinda katumye Beenie man adashyira indabo ku mva
4 March 2013, by Rene Anthere Rwanyange -
Illuminati: Umuraperi Wafeeq arashinjwa gushaka gutangaho inshuti ye igitambo
25 March 2013, by Audace Willy MucyoUmuraperi Wafeeq yatawe muri yombi nyuma yo kurasa inshuti ye ngo arashaka kumwica amutangaho igitambo kimwinjiza muri Illuminati.
Wafeeq Sabir El-Amin w’imyaka 27, umwe mu baraperi bari kuzamuka neza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasanze mugenzi we aryamye mu nzu itunganyirizwamo umuziki, amurasa mu mutwe.
Polisi ivuga ko inshuti ya Wafeeq yirwanyeho ishaka kumwambura imbunda, ariko biba iby’ubusa amurasa mu nda, n’ biganza yakinze mu maso, isasu ripfumura ikiganza kimwe rifata (…) -
Ntacyo mfite cyo kuvuga kuri Lick Lick- Paccy
3 May 2013, by Rutaganda JoelOda Paccy umuhanzi ukora injyana ya HipHop wanakunzwe cyane nk’umukobwa waje muri iyo njyana bwa mbere, nyuma y’aho hari hashize iminsi hatavugwa umubano usesuye hagati ye na LickLick, kuri ubu Paccy aratangaza ko nta cyo yifuza kumva cyerekeye ku wahoze ari umukunzi we, nyuma y’aho LickLick atangaje ko yumva amukumbuye.
Aganira na IGIHE, Paccy yagize ati: ” LickLick simfite ikintu na kimwe namutangazaho, kuko we amvuga neza cyangwa nabi bitewe nuko yabyutse, niyo mpamvu rero numva (…) -
2012: Ibintu 20 byaranze imyidagaduro mu Rwanda
25 December 2012, by Mathias HitimanaUbwo habura iminsi ibarirwa ku mitwe y’intoki ngo umwaka wa 2012 urangire, twasubije amaso inyuma dukusanya ibintu bikomeye byaranze imyidagadiro mu Rwanda.
Ibintu 20 byagaragaye mu myidagaduro yo mu Rwanda muri 2012:
1. Primus Guma Guma Super Star 2: Nk’igikorwa kimara amezi agera kuri arindwi, ni igikorwa cyavuzwe cyane muri uyu mwaka kandi gishimisha Abanyarwanda b’impande zose, atari mu Mujyi wa Kigali, cyageze no mu Ntara. King James yegukana iryo rushanwa.
2.Kugaruka mu muziki (…) -
Amashusho y’indirimbo “Kanda amazi” yageze hanze nyuma yo kuvugwa byinshi
14 June 2013, by Rutaganda JoelNyuma y’aho indirimbo “Kanda amazi” ivuzweho na benshi ko yaba yariganywe ‘gushishurwa’ ku ndirimbo ‘Imitobe’ yakozwe na Two 4real, ndetse ikanakorerwa amashusho na producer Meddy Saleh kandi igitekerezo cyo kuyikora cyaravuye kuri producer Ma-Riva nawe ukora amashusho, kuri ubu amashusho yayo yageze hanze.
Aganira na IGIHE, Platini umwe mu bagize itsinda rya Dream boys ndetse wanaririmbye muri iyo ndirimbo yagize ati: “Icya mbere ni ugutanga ubutumwa bufite icyo bufasha sosiyete (…) -
Ubwiyongere bw’abakobwa batererwa inda mu buhanzi burarushaho gutera inkeke
29 May 2013, by Dean IrakUbwo umuraperi Paccy yaterwaga inda n’uwamutunganyirizaga indirimbo Producer Lick Lick, mu Rwanda havuzwe amagambo menshi y’uko ngo aho gukora akazi kabo abatunganya indirimbo basigaye birara mu bahanzi bakabatera inda.
Kuba Paccy yarakomeje guhishahisha kenshi ko iyo nda itari iya Producer Lick Lick nyuma ariko bikaza kumenyekana ko ari iye, nabyo byatumye hari abavuga ko abahanzi b’abakobwa bahitamo guhisha izina ry’uwabateye inda kugira ngo batarushaho guha urwaho ababyeyi bakunze (…) -
Just Family, The Brothers, J-Kids, KGB mu marembera
20 May 2013, by Dean IrakGutandukana kw’itsinda ryari ricyiyubaka rya J-Kid biragaragaza imwe mu ngorane ikomeye amatsinda yo mu Rwanda ari kurushaho guhura nazo bigatuma agenda asenyuka buhoro buhoro
Gusa iri tsinda ryo ryahisemo gutangariza IGIHE ko ryo ryahagaritse gahunda z’umuziki mu gihe andi matsinda yo yagiye azima burundu atiriwe atangaza ko atandukanye cyangwa se ko ahagaritse ibikorwa byayo.
Hari n’andi yakunze kujya atera utwatsi amakuru y’uko yaba yarazimye nyamara abafana bayo bagahora bagaragaza (…) -
Nyuma y’imyaka 20 abahanzi babiri bagiye kuririmba mu ruhame muri Salax Awards
6 March 2013, by Olivier MuhirwaMu muhango wo gutanga ibihembo bya Salax Awards uteganijwe kuri uyu wa Gatandatu tariki 9 Werurwe 2013 muri Serena hotel, abahanzi Bushayija Pascal waririmbye indirimbo yitwa “Elina” na Shyaka Gerard waririmbye “Delira” bazongera guseruka imbere y’imbaga y’Abanyarwanda bazaba bakurikiye uyu muhango.
Ubusanzwe umuhango wo gutanga ibi bihembo ukunze kurangwa n’udushya, mu mwaka ushize uretse kuba umusaza Makanyaga Abdul yararirimbye, habayeho no gushimira ndetse no guha icyubahiro umusaza (…) -
Abagize ’Smile Rwanda’ na CNLG bateguye imyiyereko itanga ubutumwa bwo kwibuka
9 April 2013, by Audace Willy MucyoKu bufatanye bw’Ihuriro rya ba Nyampinga na Rudasumbwa ba Kaminuza n’Amashuri makuru yo mu Rwanda, ‘Smile Rwanda’, na CNLG, hateguwe ijoro ry’imyiyereko itanga ubutumwa bujyanye n’ibihe byahariwe kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ku wa gatandatu tariki 13 Mata 2013 kuri Hotel Umubano, guhera saa kumi n’imwe (17h) z’umugoroba hateguwe ibijyanye no kwibuka, hazaba imyiyereko itandukanye cyane n’indi myiyereko y’imideli isanzwe iba kuko yo ifite intego yo kwiyereka bijyanye (…) -
Alpha Rwirangira afatanyije n’abandi bashinze ikigo giteza imbere muzika mu Rwanda
26 March 2013, by Audace Willy MucyoMu Rwanda havutse ikigo gishya cyitwa DEATA kigamije guteza imbere imyidagaduro no kumenyekanisha abahanzi, by’umwihariko abakora umuziki nyarwanda.
Iki kigo cyashinzwe na Alpha Rwirangira n’umujyanama we Tidjala Kabendera bafatyije na Producer David, Ernesto Ugeziwe na Anitha Pendo, bakaba bafite intego yo kuzamura ireme ry’imyidagaduro bategura ibitaramo, kumenyekanisha abahanzi no guharanira ko umuziki w’u Rwanda wakwambuka imbizi z’u Rwanda.
Nk’uko David yabitangarije IGIHE, yagize (…)
IGIHE