Hashize iminsi mu bitangazamakuru binyuranye, hatangazwa amakuru yavugaga ko kugeza ubu umwuka utari mwiza hagati ya Alex Muyoboke, umenyerewe ho kuba umujyanama mu bahanzi nyarwanda batandukanye, ndetse n’umusore utunganya muzika muri studios zitandukanye, uyu akaba yitwa Junior Multisystem.
Ahanini ngo ibi bibazo biraturuka ku mwenda ungana n’amafaranga 300.000 uyu Junior abereyemo umugabo witwa Jack Ross uba muri Canada, uyu akaba ari umuyobozi wa studio ya Bridge Recodz, ndetse aya (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > showbizslide
showbizslide
Articles
-
Ukiza abavandimwe ararama: Impaka z’urudaca hagati ya Producer Junior na Alex Muyoboke
27 May 2013, by Richard Dan Iraguha -
Indirimbo 10 za Hip Hop zirimo abakobwa bakurura abagabo cyane
16 April 2013, by Audace Willy MucyoMu ndirimbo zagiye zikundwa cyane ku isi, twabahitiyemo 10 zo mu njyana ya Hip Hop zirimo abakobwa bagaragaza gukururura abagabo cyane kurusha mu zindi, bitewe n’uburyo bambaye cyangwa ibyo bakora mu mashusho yazo.
Zirebe hano:
10. Make it rain ya Fat Joe na Lil Wayne
9. Candy Shop ya 50 Cent na Olivia
8. Pop that ya French Montana, Drake, Lil Wayne na Rick Ross
7. Girls, Girls, Girls ya Jay-Z
6. Just a li’l bit ya 50 Cent
5. Beamer, Benz or Bentley ya Lloyd Banks na Juelz (…) -
Ntibyoroheye abahanzikazi gutera imbere muri muzika- Miss Jojo
24 April 2013, by Rutaganda JoelNyuma y’igihe kitari gito abahanzikazi ndetse na bamwe mu bakurikirana muzika nyarwanda bavuga ko umuhanzikazi ujya gutera imbere hari byinshi abanza gusabwa n’umunyamakuru uri bumufashe kumenyekanisha ibihangano bye, kuri ubu ngo byaba bimaze kuba imbogamizi ku bahanzikazi nk’uko Miss Jojo abivuga.
Aganira na IGIHE, Miss Jojo yagize ati: “ Njye nk’umuhanzikazi umaze igihe muri muzika hari byinshi biba ku bahanzikazi bato bakeneye kuzamuka muri iki gihe ariko twe bitigeze biba mu gihe (…) -
Bamwe mu bahanzi batanze ubutumwa mu gihe twitegura kwinjira mu cyunamo
3 April 2013, by Rutaganda JoelMu gihe abanyarwanda barimo kwitegura kwinjira mu minsi yo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, abahanzi batandukanye baganirye na IGIHE bagize ubutumwa batanga.
Mariya Yohana ni umwe mu bafashije abanyarwanda kuva mu bwigunge abinyujije mu ndirimbo zakunzwe cyane,nk’iyo yise “Intsinzi”. Kugeza ubu ni umwe mu bahanzi bakunzwe cyane n’urubyiruko.
Ubutumwa yatanze yagize ati” Ndashimira Leta y’U Rwanda mbere na mbere yo ikomeje gufasha abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi, (…) -
Urutonde rw’aba Stars 10 batinya kugendera mu ndege
30 April 2013, by Rutaganda JoelNk’uko hakozwe ubushakashatsi ku bantu bazwi cyane muri muzika, abakinnyi ba Sinema ndetse n’abakina umupira w’amaguru, hari bamwe mu ba Stars batinya cyane kugendera mu ndege, bivugwa ko uramutse ubahaye kujya bakoresha ingendo zabo bakora bagakoresha indege, byaba bisa naho ubahaye igihano gikomeye kuri bo.
Inkuru dukesha Bongo5, iravuga ko ingendo nyinshi zabo, bazikorera mu ma bus cyangwa se muri Gale Yamoshi, bafata indege ari uko bafite urugendo rurerure batapfa gukoresha inzira (…) -
Rihanna, Nicki Minaj na Chris Brown bazitabira umunsi mukuru w’ irahira rya perezida Uhuru Kenyatta.
23 March 2013, by Rutaganda JoelMu irahira rya Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta, hateganyijwe ko abahanzi bakomeye ku isi aribo, Rihanna, Chris Brown na Nick Minaj bazitabira uwo muhango w’irahira rya Perezida wa Kenya.
Inkuru dukesha urubuga rwa bongo5 rwo mu gihugu cya Tanzania, ruratangaza ko bamwe mu bashinzwe gutegura uwo munsi w’irahira rya perezida Uhuru Kenyatta , baba barimo gushaka uburyo bakumvikana n’aba bahanzi kuba bazaza muri uwo muhango. Chris Brown we akaba n’ubundi yari avuye mu gihugu cya Ghana mu (…) -
Knowless na King James bafashe rutemikirere berekeza i London muri Rwanda Day
16 May 2013, by Rutaganda JoelKuri iki gicamunsi cy’itariki ya 16 Gicurasi 2013 ahagana saa kumi nimwe nibwo Knowless na King James bafashe rutemikirere berekeza mu Bwongereza aho bagiye gutaramira abanyarwanda ndetse n’inshuti zabo bazitabira Rwanda Day i London.
King James na Knowless, bazahurirayo na Massamba Intore we wahagutse ku munsi w’ejo. Mu buryo bwo kwagura muzika yabo abo hanze y’U Rwanda umuhanzi King James akaba yajyanye CD 400 ziriho indirimbo ze zitandukanye, ndetse na Album ye ya gatatu aherutse (…) -
Meddy, The Ben na K8 barateganya gukora igitaramo mu Rwanda
14 May 2013, by Rutaganda JoelNgabo Medard uzwi cyane ku izina rya Meddy nyuma y’igihe bibera muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA), we na bagenzi be The Ben na K8, aratangaza ko muri uyu mwaka bategura kuza gutaramira abakunzi babo mu Rwanda, agakomeza avuga ko banakumbuye imiryango yabo cyane.
Aganira na IGIHE, Meddy yagize ati “ Njye na K8 na The Ben hashize iminsi dupanga uburyo twazaza mu Rwanda gutaramira abakunzi bacu no gusura imiryango yacu, tukaba tunifuza kuzafatanya na bamwe mu bahanzi bari mu Rwanda (…) -
Rafiki na Mako Nikoshwa ntibavuga rumwe n’abanyamakuru
23 April 2013, by Rutaganda JoelAbahanzi Mazimpaka Rafiki ndetse na Mako Nikoshwa ntibavuga rumwe n’abanyamakuru bakora imyidagaduro ba hano mu Rwanda, impamvu aba bahanzi baba batarimo kuvuga rumwe n’abanyamakuru ni uko kugeza ubu nta ndirimbo zabo zigikinwa kuri radio ndetse no mubindi bitangaza makuru bitandukanye.
Nk’uko Rafiki ndetse na Mako Nikoshwa babidutangarije, bagize bati: “ Ntabwo tuzi neza icyo abanyamakuru dupfa nabo, kuko mbere umuntu yakoraga indirimbo ugasanga nibo bakwirukaho bakubaza nimba wayibaha, (…) -
Itorero Indangamuco rya Kaminuza y’u Rwanda ryatumiwe mu gitaramo muri Uganda
20 May 2013, by Dean IrakItorero Indangamuco ryo muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda y’i Butare ryatumiwe mu gitaramo cyo kwibukiranya ibyiza by’umuco nyarwanda cyiswe ’Inkera y’Amahoro’ kizabera muri Serena Hotel i Kampala muri Uganda kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Gicurasi 2013.
Bucyansenga Kizito, umuyobozi w’iri torero, aganira na IGIHE yavuze ko bashimishijwe cyane no gutumirwa muri Afruka y’i Burasirazuba. Asobanura ko ari umwanya mwiza babonye wo kwagura umuco nyarwanda.
Yagize ati “Byaradushimishije kuba (…)
IGIHE