Umuhanzi Emmy Payton afungiye kuri Brigade ya Remera, aho akekwaho kuba afite uruhare mu iyicwa ry’umusore wari uzwi ku izina rya “ Muzungu”, uherutse kwicwa mu minsi yashize, ibi ahanini bigashingirwa ko uyu Emmy Payton ariwe wabonanye n’uyu nyakwigendera ubwa nyuma, mbere y’uko yicwa.
Urupfu rwa Muzungu rwamenyekenye tariki ya 15 Gicurasi 2013, ubwo Polisi yatoraguraga umurambo we mu muferege.
Avugana na IGIHE Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu mu mujyi wa Kigali, Urbain Mwiseneza, yavuze (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > showbizslide
showbizslide
Articles
-
Kigali : Umuhanzi Emmy Payton arakekwaho uruhare mu iyicwa ry’umuntu
31 May 2013, by Richard Dan Iraguha -
PGGSS III: Senderi International Hit arasaba abahanzi gukurikiza amategeko y’irushanwa
9 June 2013, by Rutaganda JoelIrushanwa rya Primus Guma Guma Super Star kunshuro yaryo ya gatatu, ku itariki ya 8 Kamena 2013 nibwo ryakomereje i Ngoma mu ntara y’Iburasirazuba, gusa bimwe mu byaranze icyo gitaramo ntibyashimishije bamwe mu bahanzi bari muri iryo rushanwa, nko kuba harabayeho guhinduranya imibare hagati y’abahanzi bari batomboye uko bari bukurikirane gususurutsa imbaga yari iteraniye aho. Senderi International Hit ni umwe mubagize byinshi byo kwibaza nimba umuhanzi atemera ubuhanga bwe kuburyo yajyaho (…)
-
Abahanzi 11 bazitabira PGGSS 3 bakoze umuganda n’abaturage
30 March 2013, by Audace Willy MucyoAbahanzi 11 batorewe kwitabira irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ya 3 bifatanyije n’abaturage mu muganda rusange w’ukwezi wabaye kuri uyu wa gatandatu tariki 30 Werurwe 2013.
Mu gikorwa cy’umuganda gisanzwe kiba buri gatandatu wa nyuma w’ukwezi, abahanzi batorewe kuzahiganwa mu irushanwa ritegurwa na BRALIRWA binyuriye mu kinyobwa cyayo yenga cya Primus ryiswe ’Primus Guma Guma Super Star’ ribaye ku nshuro yaryo ya gatatu nka "PGGSS 3", bifatanyije n’abaturage b’umudugudu wa (…) -
Uburyo butandukanye abahanzi bo mu Rwanda bikoraho ku mitwe
25 April 2013, by Rutaganda JoelNyuma y’aho usanga abahanzi bo mu Rwanda bamwe na bamwe bavugwaho ibintu bitandukanye, haba kwambara nabi cyangwa kutiyitaho mu buryo butandukanye, kuri ubu hari inyogosho abahanzi benshi bamaze kugenda bashyira ku mitwe yabo.
Tumaze gukora ubushakashatsi ku mafoto y’abahanzi batandukanye ba hano mu Rwanda ndetse n’amashusho agaragara mu ndirimbo zabo, twakoze urutonde rwa bamwe mu bahanzi bafite inyogosho zitandukanye.
Reba amwe mu mafoto y’inyogosho z’abahanzi bo mu Rwanda. -
Icyegeranyo cy’ubushobozi bw’inzu zitungunya umuziki mu Rwanda
19 March 2013, by Audace Willy MucyoBurya indirimbo ubwiza bw’imirya n’amajwi biranga umuziki wo mu Rwanda n’uburyo ugenda utera imbere, bishobora kuba biterwa n’ibikoresho inzu zitunganya umuziki (studios)zifite, bitewe n’ubushobozi bwazo.
Nyuma yo kuganira n’abayobora za studios zitandukanye bemeye kugira icyo babwira IGIHE, iza ku isonga ibarirwa mu gaciro ka miliyoni 100,000,000 z’amafaranga y’u Rwanda.
Uko zikurikirana:
1. Top 5 Sai
Iyi studio iherereye mu karere ka Musanze, ikaba igizwe n’ibice bibiri; igice (…) -
Mu Umutara Polytechnic baratora Nyampinga na Rudasumbwa
21 March 2013, by Rutaganda JoelKu nshuro ya gatatu muri kaminuza y’Umutara Polytechnic baratora Nyampinga na Rudasumbwa, kuri uyu wa gatanu tariki ya 22 Werurwe 2013.
Mu cyiciro cya ba Rudasumbwa harimo: Nsengiyumva Abdoul, Dusingizimana Protais, Kagame Divin na Ntwari Serge.
Mu cyiciro cya ba Nyampinga harimo: Muhongerwa Oliva, Muhigana Janet, Mbabazi Sheillah ndetse na Umuhoza Sandra.
Muri icyo gitaramo cyo gutora ba Nyampinga na ba Rudasumbwa hateganyijwe bamwe mu bahanzi bazasusurutsa abazitabira icyo (…) -
USA: Ganza yashyize hanze amashusho y’indirimbo ihuriyemo abahanzi 10
9 May 2013, by Rutaganda JoelUmunyarwanda utunganya amashusho uzwi ku izina rya Ganza Didier, wamenyekanye mu Rwanda nk’umubyinnyi akaba yari n’umunyamakuru kuri CFM, kuri ubu ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yashyize hanze amashusho y’indirimbo yakoze ihuriyemo abahanzi bagera ku 10 bakomoka mu gihugu cya Afurika y’Epfo bise “ Pantsula”
Ganza Didier niwe uheruka gutunganya amashusho y’indirimbo “African swagger” ya Alpha Rwirangira afatanyije na Rah P, ndetse n’izindi nyinshi.
Ganza kuri ubu afite inzu (…) -
Riderman, Amag The Black na Urban Boys mu gukangurira abaturage kwirinda Sida
28 May 2013, by Rutaganda JoelMu rwego rwo kwirinda Virus itera Sida, umuryango ‘Society for Family Health Rwanda’ mu magambo magufi ni “SFH”, bahisemo Riderman, Amag The Black ndetse n’itsinda rya Urban Boys kuzabafasha mu gikorwa cyo kwamamaza agakingirizo ka “Plaisir”.
Mu kiganiro na IGIHE, Umuyobozi wa “Sfh” Mbateye Alphonsine yabajijwe impamvu ari abo bahanzi batoranyijwe muri icyo gikorwa cyo kuzenguruka Intara zose z’igihugu bigisha ububi bw’agakoko gatera sida, yagize ati: “Imwe mu mpamvu ni uko urubyiruko ari (…) -
Abahanzi bo mu Rwanda bishimiye uburyo bakiriwe muri Uganda
27 April 2013, by Rutaganda JoelMassamba Intore, Jean Paul Samputu, ndetse na Gakondo Group banejejwe n’uburyo bakiriwe mu gihugu cya Uganda aho bari bitabiriye igitaramo bari batumiwemwo na Dr Jose Chameleon yari yise “ Badilisha Concert”. Haje gutungurana k’uruhande rwa Massamba na Samputu aho bumvishe indirimbo zabo zizwi.
Aganira na IGIHE, Jules Sentore umwe mu bahanzi babarizwa muri Gakondo Group, yagize ati: “ Byaturenze ukuntu abagande bazi indirimbo nyinshi zo mu Rwanda, ntabwo twari tuzi ko nabo bakurikirana (…) -
Abahanzi bahuje umugambi mu kubwiza ukuri MINISPOC
28 November 2012Nyuma y’uko Minisiteri y’Umuco na Siporo itangarije ko hari indirimbo zimwe na zimwe z’abaririmbyi igiye gusaba ko ibitangazamakuru byahagarika kuzitambutsa, bamwe mu bahanzi bakoze inama bahuza umugambi ko bagiye kugaragariza MINISPOC ko ibyo igiye gukora bifite ingaruka zikomeye mu gihe nyamara ngo ntacyo ijya ibafasha.
Mu nama yabaye kuri uyu wa mbere tariki ya 26 Ugushyingo 2012 ihuje abahanzi barimo King James, Mani Martin, Tom Close, Jackson Kalimba, Knowless, Miss Shanell, Mike (…)
IGIHE