Abahanzi bose uko ari 11 bazitabira irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya 3, kuri ubu barabarizwa i Rusizi mu ntara y’Iburengerazuba ari naho kuri iyi tariki ya 11 Gicurasi 2013 hagiye gutangirira ibitaramo by’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya gatatu.
Abahanzi bose uko ari 11 bageze I Rusizi amahoro, uretse umuhanzi Senderi International Hit waje kurwara umutwe ukomeye cyane byanatumye yihutirwa kujyanwa kwa muganga, kugeza ubu Senderi nta kibazo afite (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > showbizslide
showbizslide
Articles
-
Abahanzi bari mu irushanwa rya PGGSS III basesekaye i Rusizi
11 May 2013, by Rutaganda Joel -
Émilie Dequenne yitabye Imana
17 March 2025, by Kangabe NadiaUmukinnyi wa filime ukomoka mu Bubiligi, Émilie Dequenne, wakunzwe mu zirimo ‘Rosetta’, ‘Not My Type’ n’izindi, yitabye Imana azize indwara ya kanseri ku myaka 43 y’amavuko.
-
Ababuranira P.Diddy basabye ko ubuhamya bwa Kid Cudi buteshwa agaciro
27 May 2025, by Kangabe NadiaUmuraperi Scott Mescudi wamenyekanye ku izina rya Kid Cudi, aherutse gutanga ubuhamya mu rubanza rwa P.Diddy amushinja byinshi birimo nko kuba yaratwitse imodoka ye, ariko abamwunganira mu mategeko basabye ko ubu buhamya buteshwa agaciro.
-
Rumaga yamuritse abahanzi 10 yatoreje mu irerero rye ry’abasizi (Amafoto)
31 August 2025, by Uwiduhaye TheosUmusizi Rumaga Junior wa Nsekanabo, yamuritse abahanzi 10 biganjemo abasizi, yatoreje mu irerero ry’abasizi yise Ibyanzu, binyuze mu mushinga yise "Siga Rwanda" yatangije mu myaka ishize.
-
Frontman wamamaye muri ‘Squid Game’ agiye kugaragara muri filime idasanzwe
31 August 2025, by Uwiduhaye TheosUmukinnyi w’icyamamare Lee Byung-hun, uzwi cyane ku izina rya Frontman muri filime y’uruhererekane yamamaye ku Isi yose, Squid Game, agiye kongera kugaragara muri sinema binyuze muri filime nshya yitwa “No Other Choice”.
-
Abakora filime mu Rwanda beretswe uburyo basigasira inyandiko zabo ziri ku rubuga rwa Wikipedia
11 September 2025, by Uwiduhaye TheosAbantu batandukanye bafite aho bahuriye n’uruganda rwa sinema bahawe amahugurwa ajyanye n’uko bavugurura amakuru yabo ari ku rubuga rwa Wikipedia, nka kimwe mu byafasha kwereka abantu batandukanye bagiye gukorana na bo ibikorwa byabo ndetse n’ibindi byerekeye u Rwanda batavunitse.
-
Abafana bahangayikishijwe n’ubuzima bwa Iggy Pop ugikukuza ku rubyiniro ku myaka 78
2 October 2025, by Uwiduhaye TheosUmuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Rock, Iggy Pop, yongeye gukura umutima abakunzi be nyuma y’igitaramo cyabereye i New York muri CBGB Fest, aho yagaragaye afite imbaraga nyinshi ku rubyiniro ariko agasa nk’uhangayikishije abafana be kubera ubuzima bwe.
-
Tom Close n’umugore we bibiye abashakanye ibanga ryo kurwubaka rugakomera
31 August 2025, by Uwiduhaye TheosDr. Muyombo Thomas [Tom Close] n’umugore we Ingabire Ange Tricia, bari mu basangije abitabiriye amasengesho ya "Young Leaders Prayer Breakfast" ubuhamya bw’uko hari byinshi bize mu rugo rwabo rumaze imyaka 12, berekana ko kimwe mu bibafasha ari ukwihangana no kuganira bihoraho kugira ngo bashyire ibintu ku murongo uko bikwiye.
-
Offset ashaka ½ cy’imitungo ya Cardi B
11 November 2025, by Uwiduhaye TheosUmuraperi Offset yanze burundu amasezerano yo gutandukana na Cardi B yari afite agaciro ka miliyoni 10$, ahubwo agaragaza ko ashaka ½ cy’ibintu byose uyu mugore yubatse mu muziki n’ubucuruzi mu gihe bari kumwe.
-
Miss Universe 2025: Uburanga bwa bamwe mu bahatanye na Solange Tuyishime Keita ukomoka mu Rwanda (Amafoto)
10 November 2025, by Uwiduhaye TheosKu nshuro ya mbere u Rwanda rwitabiriye irushanwa rya Miss Universe, aho ruhagarariwe na Solange Tuyishime Keita muri iri rushanwa riri kuba ku nshuro ya 74.
IGIHE