Nyuma yo kwakira Umuyobozi mukuru wa Kaminuza Prof Lwakabamba Sylas no kugaragaza abagize akanama nkemurampaka, abakobwa bahatanira kwegukana umwanya wa Nyampinga uhiga abandi muri Kaminuza nkuru y’igihugu batambutse imbere biyerekana mu mu mikenyero ya Kinyarwanda (traditional wear).
Mbere yo kwiyerekana kw’abahatanira kuba Nyampinga wa NUR, habanje imyiyereko yakozwe naba Nyampinga baturutse mu zindi Kaminuza n’amashuri makuru anyuranye baherekejwe na bimwe mu bisonga byabo anyuranye (…)
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > CoverageMissCampus2012_Article
CoverageMissCampus2012_Article
Articles
-
Abahatanira kuba nyampinga mu myiyerekano mu mikenyero ya Kinyarwanda
20 January 2012 -
NUR: Abitwaye neza bahawe ibihembo
20 January 2012Ibirori bizwi nk’Inkera y’abahizi cyangwa se Rector’s Excellence Awards, ntibikorerwamo gusa umuhango wo gutora Nyampinga ahubwo bikomatanywa no gutanga ibihembo ku banyeshuri bitwaye neza mu bikorwa bitandukanye.
Dusangwe Redempta niwe wegukanye igihembo nk’umunyeshuri witwaye neza mu ishami rya Applied Sciences, uyu akaba yiga mu gashami k’ubwubatsi (Civil engineering), akaba ari nawe ufite amanota menshi muri kaminuza nzima aho afite 16.6/20 (grande distinction).
Mugabo Valens (…) -
NUR:Abakobwa batorewe kuba Miss Campus mu myaka ishize
19 January 2012Iyo umuntu avuze Miss, Nyampinga cyangwa umukobwa uhiga abandi mu bwiza ku wari muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda mu mwaka w’2006 abyumva vuba cyane kuko aribwo iri zina ryatangiye kwamamara cyane muri iyo Kaminuza ndetse no mu Rwanda muri rusange.
Tugiye gusubiza amaso inyuma kuva mu mwaka w’2006 turebe bamwe ba Miss batowe muri iyi Kaminuza ndetse twongere turebere hamwe n’abarimo guhatanira kuzavamo umwe uhiga abandi muri uyu mwaka wa 2012.
2006: Akanyana Sharon
Niwe mukobwa watorewe (…) -
NUR:Isimbi Deborah Abiellah yambitswe ikamba rya Miss Campus 2012
21 January 2012Nyuma yo kwiherera hagamijwe kureba Nyampinga wahize abandi mu birori by’Inkera y’abahizi, akanama nkemurampaka katangaje ko Umunyarwandakazi Isimbi Deborah Abiellah ari we wabaye Miss Campus 2012 n’amanota 76,6. Igisonga cya 2 cya Nyampinga yabaye Umurundikazi Kaneza Arcella, naho igisonga cya 1 aba Umulisa Larissa wari wambaye nimero 2, uyu akaba yanegukanye umwanya wa Nyampinga wakunzwe n’abantu benshi (Miss popularity).
Miss Photogenic we yabaye Umurerwa Ariane wari wambaye nimero (…) -
NUR: N’Abarundikazi bazitabira amarushanwa ya Miss Campus 2012
17 January 2012N’ubwo atari inshuro ya mbere Kaminuza Nkuru y’u Rwanda(NUR) itora Nyampinga uhiga abandi (Miss), ngo ni ubwa mbere amarushanwa nk’aya yitabiriwe n’abanyeshuri batari Abanyarwandakazi.
Mu birori byiswe ‘Rector’s Excellence Awards/REA’ bisanzwe bibera muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda (NUR), ahatangirwa ibihembo ku banyeshuri bitwaye neza mu byiciro bitandukanye, ari naho hatorwa Nyampinga uhiga abandi mu bwiza; kuri ubu n’Abarundikazi biga muri iyi kaminuza bazahiganwa ku mwanya wa Nyampinga. (…) -
Imyitozo irakomeje ku bahatanira umwanya wa Miss Campus 2012
18 January 2012Ku nshuro yayo ya 6, Kaminuza Nkuru y’u Rwanda (NUR) igiye gutora Nyampinga uhiga abandi mu bwiza.
Abakobwa 9 bari guhatanira uyu mwanya, baritegura bakanategurwa mu buryo butandukanye burimo ibijyanye n’imyambaro bizakorwa n’umunyamideri Muhire Patrick, kwitabwaho mu buryo bw’ubwiza bw’isura ndetse n’ubw’imisatsi, kwiyerekana mu ngendo, kwiga gusubiza ibibazo neza mu ruhame kandi nta gutegwa n’ibindi byinshi.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 Mutarama, mu gihe habura gusa (…) -
NUR:Ibirori byo guhitamo Nyampinga uhiga abandi birarimbanyije
20 January 2012Ku nshuro ya 6, Kaminuza Nkuru y’u Rwanda ihuje abakobwa bari guhatanira umwanya wa Nyampinga, mu muhango ngarukamwaka wiswe Inkera y’abahizi (Rector’s Excellence awards).
Ibi birori bikomatanyijwe n’umuhango wo gutanga ibihembo ku banyeshuri bitwaye neza mu bikorwa bitandukanye bibera muri iyi kaminuza.
Mu gihe abakobwa 9 bahatanira ikamba rya nyampinga wa 2012 bageze mu rwambariro, aho bari kwambikwa n’umunyamideri Muhire Patrick; Itorero Inyamibwa ni ryo ritangije ibi birori ku (…)
IGIHE