Amezi ane arashize Dr. Frank Habineza atsinzwe mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye muri Nyakanga 2024. Icyakora, Ishyaka rya Democratic Green Party ryongeye kwisubiza imyanya ibiri mu Nteko Ishinga Amategeko, nubwo Habineza we atayisubiyemo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Kugurisha inzu y’ishyaka, uwakuwe ku rutonde rw’abadepite n’ahazaza ha Green Party: Frank Habineza twaganiriye
9 December 2024, by Ferdinand Maniraguha, Tuyishimire Umutesi Celine -
Umunyarwanda akwiye kubaho igihe kirekire kandi neza-Dr. Ngirente ku izamurwa ry’umusanzu wa Pansiyo
6 December 2024, by Uwimana AbrahamMinisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yasobanuye impamvu z’izamurwa ry’umusanzu w’ubwiteganyirize bwa pansiyo, avuga ko bigamije gutuma Abanyarwanda bajya mu kiruhuko cy’izabukuru babasha kubaho neza.
-
Rayon Sports yanganyije na APR FC mu mukino wanditse amateka muri ruhago y’u Rwanda; uko wagenze (Amafoto)
7 December 2024, by Eric Tony Ukurikiyimfura, Jah d’eau Dukuze -
Umubano w’u Rwanda na Azerbaijan, amateka bisangiye n’ibyo azibandaho: Ambasaderi Kayonga yabivuye imuzi
8 December 2024, by Uwimana AbrahamKuva mu 2017, u Rwanda na Azerbaijan bikomeje gushyira imbaraga mu kubaka umubano n’ubufatanye mu nzego zitandukanye, cyane ko n’ubwo ari ibihugu bitandukanyijwe n’intera ndende, bifite byinshi bihuriyeho, birimo amateka mabi yabiranze arimo Jenoside, ariko hakaba n’urugendo rwo kwiyubaka nyuma y’ayo mateka.
-
U Rwanda rugiye gutangira gutanga umuti urinda abantu kwandura SIDA mu mezi abiri
8 December 2024, by Nshimiyimana Jean BaptisteInzego z’Ubuvuzi mu Rwanda zimaze igihe zigaragaza ko ubwandu bwa SIDA mu Rwanda bwiyongera mu rubyiruko n’abakora uburaya, bityo kuva mu Ukuboza 2024 hakazatangizwa gahunda yo gutera abantu umuti wa ‘cabotegravir long acting’ urinda umuntu kwandura SIDA.
-
Abanyarwanda bazungukira iki mu icibwa rya moto za lisansi muri Kigali?
12 December 2024, by Igizeneza Jean DésiréMu minsi ishize ni bwo byatangajwe ko muri Mutarama 2025 hatazongera gutangwa impushya kuri moto nshya zikora ubucuruzi (taxi moto) zikoresha lisansi.
-
Indyo z’i Kigali n’amahumbezi y’i Karongi: Ambasaderi Khan yagarutse ku bihe atazibagirwa mu Rwanda
7 December 2024, by Ndahayo EmmanuelAmbasaderi wa Repubulika ya Kiyisilamu ya Pakistan mu Rwanda, Naeem Khan, ni umugabo umaze gutembera u Rwanda mu buryo bufatika kandi yaranyuzwe, ukabibwirwa n’akanyamuneza aba afite iyo ari gusobanura ibihe byiza yagiriye mu rw’imisozi 1000.
-
Perezida Ndayishimiye yongeye kwikoma u Rwanda
8 December 2024, by Iradukunda SergePerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko atazigera afungura imipaka ihuza igihugu cye n’u Rwanda, mu gihe rutaramuha abagerageje guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza wayoboye iki gihugu.
-
Perezida Kagame yageze muri Mauritanie
9 December 2024, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yageze muri Mauritanie, aho yitabiriye inama ku burezi n’ubumenyi bw’urubyiruko mu bijyanye n’umurimo yateguwe n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe.
-
APR FC yatsinze Kiyovu Sports 3-0, Urucaca rukomeza kugana mu cyiciro cya kabiri; uko umukino wagenze (Amafoto)
11 December 2024, by Jah d’eau Dukuze
IGIHE