Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byinjirije u Rwanda arenga miliyari 1,1$ mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/2026, bingana n’izamuka rya 24,3% ugereranyije n’umwaka wari wabanje.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeHighlights
HomeHighlights
Articles
-
Bwa mbere ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byinjirije u Rwanda arenga miliyari 1,1$
13 August, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Prof Emile Bienvenu wa Rwanda FDA yafunzwe
13 August, by Léonidas MuhireUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye abantu 18 barimo Prof Emile Bienvenu, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuziranenge, Imiti n’Ibiribwa, Rwanda FDA.
-
Nta n’umwe ufite ubudahangarwa- RIB ku iperereza rikomeje ku nzoga z’ibyuma
13 August, by Léonidas MuhireUmuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry yashimangiye ko gukurikirana abafite aho bahuriye no kwenga ibinyobwa bitujuje ubuziranenge mu Rwanda bitarangiye ahubwo ko no zindi nzego zirimo na za minisiteri hazatungwamo itoroshi nihagira uhagaragara na we abiryozwe.
-
U Rwanda na RDC byasuzumye aho bigeze byubahiriza amasezerano y’amahoro ya Washington
14 August, by Jean de Dieu TuyizereIntumwa z’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zahuriye i Genève mu Busuwisi, zisuzuma intambwe zimaze guterwa mu gushyira mu bikorwa amasezerano y’amahoro byasinyiye i Washington tariki ya 27 Kamena 2025.
-
Amerika, EU n’inshuti byasabye RDC gusenya FDLR hagendewe ku masezerano ya Washington
14 August, by Jean de Dieu TuyizereLeta Zunze Ubumwe za Amerika, Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) n’ibindi bihugu bikomeye byo mu Burengerazuba bw’Isi, byasabye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gushyira mu bikorwa byihuse gahunda ifatika yo gusenya burundu umutwe w’iterabwoba wa FDLR, nk’uko biteganywa n’amasezerano y’amahoro ya Washington.
-
Basanze bakohereza n’abayobozi babo- Tito Rutaremara ku mpamvu u Burundi bwaryamye ku bajenosideri
14 August, by Léonidas MuhireUmuyobozi w’Urwego Ngishwanama rw’Inararibonye z’Igihugu, Tito Rutaremara yagaragaje ko u Rwanda rumaze imyaka Jenoside imaze ibaye rusaba u Burundi kohereza abaturage babwo bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ariko bukaba bwarinangiye bitewe n’abayobozi babwo.
IGIHE