Wigeze ujya guhaha wasaba inyemezabuguzi ya EBM umucuruzi akakumvisha ukuntu ihuzanzira ryanze, ndetse akagusaba gusiga nimero ya telefoni ariko ugategereza amaso agahera mu kirere? Iteka rya Minisitiri riheruka kwemezwa n’Inama y’Abaminisitiri ririmo byinshi bijyanye n’uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi ariko rikanaha umuguzi ububasha bwo kuyikora umucuruzi akayemeza.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeHighlights
HomeHighlights
Articles
-
Umuguzi azajya yikorera ‘facture’: Umusogongero ku mpinduka zitezwe kuri EBM
9 July, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
U Rwanda rugiye kwakira toni ibihumbi 40 z’ibikomoka kuri peteroli
9 July, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin yatangaje ko u Rwanda ruzakira ubwato bwa mbere bw’ibikomoka kuri peteroli bingana na toni ibihumbi 40 mu mpera za Nyakanga 2026, bukazaba bugeze ku cyambu cya Tanga muri Tanzania.
-
Capt Michael Nsengiyumva, umwe mu bagize ikiragano gishya cya RDF: Ikiganiro cyihariye (Video)
10 July, by Philbert GirinemaCapt Michael Nsengiyumva, amaze imyaka umunani mu Ngabo z’u Rwanda. Ubwo yari arangije amashuri ya Kaminuza mu 2016, yashatse akazi nk’abandi mu bigo bitandukanye, aza kugira amahirwe, atsinda ikizamini ku isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda.
-
Imvugo ya Trump ku bibazo by’u Rwanda na RDC yongeye gutera urujijo
9 July, by Iradukunda SergePerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimangiye ko yagize uruhare mu kurangiza amakimbirane yari amaze igihe hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), gusa ibimenyetso bihabanye n’imvugo ye.
-
Abaturutse muri El Salvador, koherezwa hafi y’u Rwanda no kwigumura: Ibishya ku bacanshuro muri RDC
10 July, by Jean de Dieu TuyizereRaporo nshya y’akanama k’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe gukora iperereza kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashyize hanze amakuru arambuye ku mikorere n’uruhare rw’abacanshuro mu ntambara yo mu burasirazuba bw’iki gihugu.
-
Mu mezi ane u Rwanda rwashoye miliyari 47,7 Frw muri nkunganire mu gutwara abantu
9 July, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yatangaje ko kuva muri Werurwe kugera muri Kamena 2026 u Rwanda rwashyize mu bwikorezi bw’abantu n’ibintu nkunganire irenga miliyari 47,7 Frw, byatumye, aho nkunganire yatumye igiciro cya mazutu kiguma kuri 2.927 Frw ku isoko ryo mu Rwanda aho kuba 3600 Frw byari kugeraho iyo idashyirwamo.
-
Abagabo baryamana n’abo bahuje igitsina bageze ku bihumbi 29 mu Rwanda: SIDA ntiboroheye
11 July, by Hakizimana Jean PaulIkigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima (RBC), cyatangaje ko mu myaka itatu ishize, abagabo baryamana n’abandi bagabo mu Rwanda bavuye ku bihumbi 18 bagera ku bihumbi 29. Cyagaragaje ko bimwe mu bibazo bibugarije harimo Virusi itera SIDA kuko ikomeje kubibasira cyane ugereranyije n’ibindi byiciro.
IGIHE