Ishuri ry’incuke rya Henri Matisse, rizakoresha integanyagisho ishyize imbere gufasha abana kuvumbura impano bifitemo rigiye gufungura imiryango.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeAdvertorial
HomeAdvertorial
Articles
-
Ishuri Henri Matisse rifite intego yo kuvumbura impano mu bana rigiye gufungura imiryango
20 December 2018, by IGIHE -
Ibiciro bya mudasobwa byagabanyijwe kuri 80%, iPhone zo zishyurwa mu byiciro
12 December 2018, by IGIHEUrubuga www.readinstore.com rucururizwaho ibikoresho byiganjemo iby’ikoranabuhanga, rwagabanyije ibiciro kuri mudasobwa kugera kuri 80%, ku muntu wese urunyuraho agura igicuruzwa runaka, akajya kugifata ku iduka cyangwa agasaba ko bakimugezaho aho ari hose.
-
Mineduc mu nzira yo gukuraho ikizamini cya leta mu mashuri abanza
14 May 2018, by Ndayishimye Jean ClaudeMinisiteri y’Uburezi yatangaje ko yifuza kuvanaho ikizamini cya leta ku barangiza umwaka wa gatandatu w’amashuri abanza.
-
Silk Plaster, irangi ryagufasha gutangira umwaka uri mu nzu itatse neza
13 December 2018, by IGIHEBuri muntu wese aho ava akagera aba yifuza gutura ahantu heza no mu nzu isa neza, ariko by’umwihariko akarushaho kwishima igihe aho atuye hazira urusaku ahubwo hagahora umutuzo.
-
Abarenga 300 barangije muri ULK Gisenyi basabwe gukemura ibibazo bibangamiye iterambere
28 March 2018, by Evariste NsengimanaAbanyeshuri 326 barangije Icyiciro cya Kabiri n’icya Gatatu muri Kaminuza Yigenga ya Kigali (ULK), Ishami rya Gisenyi, basabwe gukemura ibibazo bibangamiye iterambere birimo ibura ry’akazi, inzara amakimbirane n’ibindi.
-
Nyuma yo kuvugurura Zoom Side, uguze Mutzig eshatu arahabwa iya 4 y’ubuntu
16 April 2014Ubuyobozi bwa Zoom Side Resto Bar, akabari gaherereye mu Mujyi wa Kigali ahitwa kwa Venant, buratangaza ko nyuma y’imirimo yo kuvugurura aho bakoreraga, bafungura ku mugaragaro kuri uyu wa Kane tariki 17 Mata aho umuntu wese unywa Mutzig uzagura amacupa atatu azajya yongezwa irya 4 ry’ubuntu.
DJ Bisoso umwe mu bashinze aka kabari, yavuze ko nyuma yo kuvugurura ubu ari Zoom Side nshya. Ati: “Ubu twavuguruye, imikorere n’ubwo yari myiza ubu twarushijeho kuyinoza, abakiriya bacu baze (…) -
Ishuri Mother Mary Complex ryizihije imyaka icumi rimaze ritanga uburezi bufite ireme
6 July 2017, by Jean Pierre TuyisengeIshuri Mother Mary Complex riherereye Kibagabaga mu Mujyi wa Kigali ryizihije imyaka 10 rimaze rishinzwe, abarirereramo bashimangira ko ryahinduye ubuzima bw’abana babo binyuze mu burezi bufite ireme ritanga.
-
Cogebanque yahembye abanyamahirwe muri tombola ya St Valentin
14 February 2014, by Mathias HitimanaCogebanque yahembye abakiriya bayo muri tombola yateguwe mu rwego rwo kwifatanya nabo kwizihiza umunsi w’abakundana (Saint Valentin ), hatangwa ibihembo birimo amatike y’indege, kurara muri hoteli ziyubashye, guhabwa ibihumbi 50 kuri konti, kwishyurirwa ibyo kurya n’ibyo kunywa n’ibindi.
Muri iki gikorwa abanyamahirwe 76 nibo bahamagawe gufata ibi bihembo, ni ukuvuga ko abantu 152 aribo bazagerwaho na byo kuko buri wese igihembo yahawe kizanahabwa umukunzi we.
Tombola yabereye ku (…) -
Resitora Ebenezer ikomeje gushyira igorora abakunda amafunguro ya Kinyarwanda
28 January 2015, by Philbert HagengimanaAbabujijwe kurya amavuta n’abatayakunda muri rusange, Resitora Ebenezer ikomeje kubashyira igorora, ibategurira amafunguro ya Kinyarwanda, itibagiwe n’abakunda ifunguro rya kizungu ritetse uko babishaka.
Mu gukomeza gutanga amafunguro ya Kinyarwanda, Ebenezer Café & Resto ikomeje gutegura amafunguro y’umwimerere, arimo n’ay’abasogukuru nk’ibijumba, amateke, ibihaza n’andi mafunguro mvamahanga azira amavuta nk’umunyigi, ibirayi bitetse kinyarwanda, n’andi mafunguro udaheruka, atetswe (…) -
Galaxy Hotel izafasha abakundana kuryoherwa n’urukundo kuri Saint Valentin
13 February 2015, by Herve UgirumukundaHoteli Galaxy iherereye mu Kiyovu mu mujyi wa Kigali yahize ko izafasha abakundanye kuryoherwa n’urukundo kuri Saint Valentin mu ijoro ry’urukundo tariki ya 14 Gashyantare, guhera kuva saa moya z’umugoroba.
Hoteli Galaxy, iri ku rwego rw’inyenyeri enye, yubatse ku buryo bugezweho mu mu muco wa Kinyafurika iherereye neza ku muhanda ujya kuri BNR(KN 25 St #7) .
Muri iryo joro abakundana, abubatse ingo vuba n’abazubatse kera basheshe akanguhe, ibibikwerere n’amajigija bashobora (…)
IGIHE