Grand Legacy Hotel yifatanyije n’abagayina mu birori ngarukamwaka bibinjiza mu minsi mikuru ya Noheri n’Ubunani bizwi nka ‘Christmas Tree Lighting’, bashimirwa imikoranire myiza bagirana, ibizeza gukomeza kubaha serivisi ibanogeye.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeAdvertorial
HomeAdvertorial
Articles
-
Mu 2025 yakiriye abakiliya ibihumbi 13: Grand Legacy Hotel yashimiye uruhare rw’abakiliya mu iterambere ryaryo
14 December 2025, by Manzi Sabin -
CANALBOX-Rwanda yashyiriyeho abakiriya bayo uburyo bworoshye bwo kugura ifatabuguzi
16 December 2025, by Iradukunda OlivierIkigo gikwirakwiza kikanacuruza internet ishingiye ku muyoboro wa ‘fibre optique’ mu Rwanda, CANALBOX-Rwanda, yashyizeho uburyo butandukanye kandi bworoshye bwo kugura ifatabuguzi ku bakiliya bayo.
-
Startimes yashyizeho poromosiyo yiswe ‘Akira impano y’iminsi mikuru’
17 December 2025, by IGIHEMu rwego rwo kwizihiza iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani, StarTimes yatangije promosiyo idasanzwe yiswe ‘Akira impano y’iminsi mikuru”, izamara amezi abiri kuva tariki ya 15 Ugushyingo 2025 kugeza kuya 14 Mutarama 2026. Igamije guha abakiliya amahirwe yo kwidagadura no kureba porogaramu nyinshi z’ingenzi ku giciro basanzwe baguriraho.
-
BioMassters yafunguye ishami icururizamo amashyiga atangiza ibidukikije i Rubavu
18 December 2025, by Nshimiyimana EricIkigo kizobereye mu kubungabunga ibidukikije binyuze mu gukora amashyiga yimakaza isuku hirindwa imyotsi, BioMassters, nyuma y’uruganda cyahatangije cyafunguye ishami ryo gucururizamo ibyo bakora mu Karere ka Rubavu, mu rwego rwo korohereza abahatuye koroherwa no kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije.
-
Grand Legacy yinjiye mu minsi mikuru, igabanyiriza ibiciro abakiliya bayo
19 December 2025, by IGIHEGrand Legacy Hotel yagabanyije ibiciro bya serivisi zayo zitandukanye ndetse ishyiraho izindi nshya zijyanye n’iminsi mikuru, zirimo iz’abana.
-
Abagore barenga 100 barangije amahugurwa ya ‘Lift Her Up’ ategurwa na Women in Finance
21 December 2025, by Tuyishimire Umutesi CelineUmuryango uharanira guteza imbere uburinganire mu rwego rw’imari Wome In Finance Rwanda, ku bufatanye na Gate Consulting Group (GCG), wahuguye abagore 100 binyuze muri gahunda ya ‘Lift her up’.
-
Action College yahaye impamyabushobozi abarenga 600
21 December 2025, by Utuje CedricIshuri ryigisha amategeko y’umuhanda, indimi n’imyuga n’ubumenyingiro rya Action College ryahaye impamyabushobozi abantu 600 baryizemo mu mashami atandukanye ryigisha.
-
M Hotel yifatanyije n’abakiliya bayo kwizihiza iminsi mikuru
24 December 2025, by Isabwe FabiolaM Hotel iri muri hoteli zikomeye mu Mujyi wa Kigali, yashimiye abakiliya bayo ubufatanye bakomeje kuyigaragariza umunsi ku wundi, bishimana mu birori byo kubifuriza iminsi mikuru myiza.
-
UoK yakiriye irushanwa rya PAEO rigenda neza
14 January, by Iradukunda SergeKu nshuro ya mbere Kaminuza ya Kigali (UoK) ishami rya Remera yakiriye irushanwa rya Pan-African Economics Olympiad (PAEO), ryahurije hamwe abanyeshuri 120 baturutse mu bihugu bitatu birimo u Rwanda, Kenya na Nigeria.
-
Princess Lover azataramira abakundana muri Mövenpick Kigali kuri St. Valentin
7 February, by Tuyishimire Umutesi CelineMu rwego rwo kwifatanya n’abakundana ku munsi wa St Valentin, Mövenpick Hotel Kigali yabateguriye igitaramo cyiswe “Charmes de St. Valentin”, kizagaragaramo Nicole Nérêt, wamamaye nka ‘Princess Lover’, umuhanzi umenyerewe cyane mu njyana ya zouk.
IGIHE