N’ubwo byavugaga ko itangwa ry’ibihembo by’abahanzi bakora injyana ya Hip Hop byiswe ‘Hip Hop Carnival Awards’ rishobora kuba muri uku kwezi kw’Ugushyingo, Remmy Lubega, umwe mu barimo kubitegura yakuriye inzira ku murima ababitekerezaga avuga ko nta gihe nyacyo cyari cyamenyekana.
‘Hip Hop Carnival’ ni ibihembo byateguwe bizatangwa ubwa mbere mu Rwanda n’abitwa ‘Show time events’, bikazaba bigenewe abahanzi bakora injyana ya Hip Hop gusa bo mu Rwanda.
Aganira na IGIHE, Remmy Lubega (…)
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeImyidagaduro
HomeImyidagaduro
Articles
-
Ikibazo cy’amikoro gikomeje kudindiza Hip Hop carnival Awards
5 November 2012, by Samuel Ishimwe -
Filimi z’Abanyekongo zaje ku isonga muri RCFF
15 November 2012Ku nshuro ya mbere mu Rwanda habaye iserukiramuco nyarwanda rya Sinema za gikirisitu “Rwanda Christian Film Festival” Abanyekongo bakaba baraje ku isonga mu kwegukana ibihembo byinshi.
Iserukiramuco rya filimi za gikristu ryatangiye ku wa 2 rirangira kuri 11 Ugushyingo 2012, rikaba ryarateguwe n’Umunyarwanda Mwungura Chris ririmo ibuhugu 3 ari byo U Rwanda, u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Muri filimi 12 zarushanijwe, hatoranyijwemo enye ndende n’ebyiri ngufi ari zo (…) -
Minisitiri Mitali yasezeye ku bitaramo bya playback
5 November 2012, by Samuel IshimweMinisitiri w’umuco na Siporo, Protais Mitali, yatangaje ko atazongera kwitabira igitaramo cy’umuhanzi uririmbira kuri CD (bita playback), kereka igitaramo uwo muhanzi azajya aba yabuze inkunga cyangwa hari indi mpamvu ifatika yabiteye.
Minisitiri Mitali yatangarije IGIHE ko azajya yitabira igitaramo cy’abahanzi bataririmbira kuri CD, ubwo yari yitabiriye igitaramo cy’umuhanzi Tonzi ku cyumweru tariki 4 Ugushyingo.
Mitali yatangaje ko mbere y’uko aza no mu gitaramo cya Tonzi na bwo (…) -
Filme 20 zimaze kwinjiza akayabo kurusha izindi ku isi
28 March 2013, by Audace Willy MucyoKu rutonde rwa filme zinjije agatubutse kurusha izindi ku isi rwashyizwe hanze n’urubuga imdb.com, ebyiri zirangaje izindi imbere zombi zayobowe n’igihangange mu kuyobora film ‘James Cameron’.
Dore uko zikurikirana:
1. Avatar [2009] yakorewe muri Fox ikayoborwa na James Cameron imaze kwinjiza $760,507,625
2. Titanic [1997] yakorewe muri Paramount ikayoborwa na James Cameron imaze kwinjiza $658,672,302
3. Marvel’s The Avengers [2012] yakorewe muri BV ikayoborwa na Joss Whedon (…) -
Patrick Nyamitari mu myiteguro yo gushyira hanze Album ataririmbira kuri CD
14 November 2012, by Samuel IshimweUmuhanzi Patrick Nyamitari arateganya gushyira ahagaragara Album ya kabiri yise “Afurika”, izaba iriho indirimbo umunani (8) mu ntangiriro z’umwaka utaha muri Gashyantare mu gitaramo cy’umwimerere .
Aganira na IGIHE Nyamitari ati “imyiteguro ndasa naho nayitangiye kuko nifuza kuzakora uko nshoboye kose nkanezeza abakunzi banjye bazaza mu gushyira ahagaragara album yanjye, kandi nifuza kuzayikora ntaririmbira kuri CD , ibintu ntarakora kuva natangira kuririmba”.
Abajijwe niba abahanzi (…) -
Impinduka ku bitaramo bya Dream Boyz
9 November 2012, by Dean IrakDream Boyz baratangaza ko bahinduye ibiciro by’ibitaramo byabo bizabera i Huye n’i Kigali byo kumurika Album “Uzambarize Mama” ku banyeshuri bazaza bitwaje amakarita y’ishuri.
TMC aganira na IGIHE yavuze ko abanyeshuri bazaza bitwaje amakarita y’ishuri bazishyura igihumbi (1,000Rwf) aho kuba ibihumbi bibiri (2,000Rwf) nk’igiciro cyari gisanzwe. Akavuga ko ari mu rwego rwo gushimisha abafana babo biganjemo abanyeshuri.
TMC yagize ati “Twasanze abanyeshuri bagiye mu biruhuko kandi nta (…) -
Arashinja Justin Bieber kumwiba amafaranga yo kwibagisha igitsina
16 November 2012, by Samuel IshimweAmakuru dukesha urubuga rwa 7sur7 aratangaza ko umugabo uvuga ko ari se wa Selena Gomez, ashinja icyamamare Justin Bieber kuba yaramwibye amadolari 42 678 kugira ngo abagishe igitsina cye.
Uyu mugabo ukomoka muri Leta ya Michigan muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aremeza ko Justin Bieber yamwibye ikarita yo kubikurizaho amafaranga kugira ngo abone uko ajya kongeresha igitsina cye.
Uyu mugabo kandi avuga ko yari azi neza ko uyu muhanzi yabeshyaga umukobwa we kuko ngo akunda abandi (…) -
PMA yatangiye amarushanwa y’abifuza kumurika imideri
5 November 2012, by Dean IrakMu gihe cy’icyumweru kimwe, bamwe mu berekana imideri mu Rwanda bazwi ku izina rya Premier Model Agency bashyizeho irushanwa ryo gutoranya abakobwa n’abahungu bujuje ibisabwa bo kwerekana imigeri mu irushanwa bise Rwanda Premier Models Competition.
Aya marushanwa yatangiye kuri uyu wa 5 akazarangira 12 Ugushyingo 2012, abifuza kuyajyamo biyandikisha kuri UTC mu mujyi, Kuri Radio Authantique i Kicukiro n’ahandi.
Ndayishimiye Jean Claude, umuyobozi wa PMA, aganira na IGIHE yavuze ko (…) -
Ba Nyampinga ba SFB bakoze amahano - Mike Karangwa
8 November 2012Nyuma y’uko ba Nyampinga b’Ishuri Rikuru ry’Imari n’Icungamutungo (SFB) bagaragariye mu birori baguranye amakamba, Mike Karangwa asanga ako ari amahano kuko ntahantu byabaye.
Hari kuwa Gatanu w’icyumweru gishize ubwo mu ishuri rikuru ry’ikoranabuhanga n’itumanaho rya Kigali (KIST) habaga igitaramo cyo gukusanya amafaranga yo gutera inkunga iyubakwa ry’amacumbi y’abakokbwa biga muri iri shuri, iki gitaramo cyari yateguwe na Nyampinga wa KIST yifashisha ba nyampinga bagenzibe batandukanye. (…) -
Justin Bieber ni we wabaye umuhanzi w’umwaka muri American Music Awards
19 November 2012Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika harimo gutangwa ibihembo bizwi nka America Music Awards, Justin Bieber na Nicki Minaj ni bo bahanzi bamaze kwigaragaza cyane batwara ibihembo bitandukanye, ndetse banaririmbanye.
Dore abamaze kwegukana ibihembo:
Umuhanzi w’umwaka (artist of the year): Justin Bieber
Umuhanzi mushya w’umwaka (New Artist of the Year): Carly Rae Jepsen
Umuhanzi w’igitsina gabo ukunzwe cyane mu njyana ya Pop/Rock (Favorite Male Artist - (…)
IGIHE